Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Portia Mngomezulu yize ibijyanye n’ikoranabuhanga ndetse araminuza, akora mu bigo bitandukanye ari umu enjeniyeri. Ubwo yabyaraga umwana we w’imfura muri 2010, byamuhaye amahirwe yo kubonana na nyirabukwe waje gutuma ahinduka uwo ariwe ubu.
Nyuma yo kuganira na nyirabukwe warufite ibishishi mu maso akamubwira ko bishobora gukizwa n’ibibabi by’amarura, Portia yibutse ko I Phalaborwa, agace k’icyaro yakuriyemo habaga ubu bwoko bw’ibiti, niko gufata urugendo (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Umugabo basanzemo indwara ya Ebola ejo kuwa kabiri mu mujyi wa Goma yamuhitanye mu masaha ya mu gitondo uyu munsi kuwa gatatu nk’uko byemejwe n’abashinzwe ubuzima.
Uyu yari uwa kabiri basanzemo iki cyorezo muri uyu mujyi w’abantu barenga miliyoni. Uwa mbere, nawe yamuhitanye hatarashira amasaha 24 bamusanzemo iyi ndwara.
Porofeseri Jean Jacques Muyembe ushinzwe ibikorwa byo kurwanya Ebola muri Guverinoma ya Kongo amaze kubwira BBC dukesha iyi nkuru ko uyu (…)
Mu imurika gurisha Expo riri kubera I gikondo ku nshuro ya 24 uko biba byifashe aho uruganda SBL (Skol Brewery Limited) rukorera iyo bigeze mu masaha y’ijoro.
Ubwo imurika gurisha kunshuro yaryo ya 24 ririmbanyije twasuye zimwe muri stand z’abaikorera tugera aho uruganda rwenga inzoga SBL ( Skol Brewery Limited) rukorera, iyo bigeze mu masaha ya nimugoroba abakiriya baba babaye benshi nkuko twabyiboneye n’amaso yacu nkabari bahibereye imbonankubone. Mu masaha y’umugoroba, abakiriya baba (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Mu imurika gurisha riri kubera I Gikondo muri uyu mwaka wa 2019 Uruganda rwari ruzwiho gukora amata meza azwi ku izina rya Mukamira rwazanye bimwe mu bicuruzwa bifite umwihariko.
Imurikagurisha ritegurwa n’urugaga rw’abikorera PSF riri kubera I gikondo rizwi nka Expo rikaba riri kuba ku nshuro yaryo ya 22 muri uyu mwaka wa 2019, kimwe n’abandi bikorera, uruganda rukora rukanatunganya amata y’ikivuguto na za yoghurts byose byakunzwe n’abanyarwanda (…)
Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
U Rwanda na Misiri byatangiye urugendo rwo kureba uburyo babyaza umusaruro uruzi rwa Nil ibihugu byombi bihuriyeho hatabayeho kubangamirana, bityo impande zombi zikabasha kurubyaza inyungu zituma bitera imbere.
Byatangajwe nyuma y’ibiganiro Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente Edouard yagiranye na Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Misiri Dr. Aly Abdel Aal uri mu ruzinduko rw’iminsi 3 mu Rwanda ubwo yamwakiraga mu biro bye, kuwa 25 Nyakanga 2019 (…)
Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
Ni mu gihe bamwe mu basanzwe bavuga ko bakoresha udukingirizo hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko batakitubona abandi bakagaragaza ko hari utwo bigeze kujya bagura bagasanga ari duto ugereranije n’imiterere y’ugakoresha.
Ntamwemezi Christophe umwe mu rubyiruko ufite akazi akora umunsi ku munsi mu Migina, yabwiye Imvaho Nshya dukeshaa iyi nkuru ko ahazwi nko mu Migina hatakiboneka udukingirizo kandi ko n’inzu batuguriragamo itagihari agasaba (…)
Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
Uruganda rukora indege rwo mu Bwongereza, Airbus, rwagaragaje igishushanyo cy’indege ifite amababa agereranywa n’ay’igisiga cya kagoma cyangwa se ibindi biguruka byo mu kirere, cyakozwe mu rwego rwo gutanga umukoro ku bakora indege.
Imiterere y’iyi ndege yamuritswe na Minisitiri ushinzwe ubucuruzi mpuzamahanga mu Bwongereza, Liam Fox, ku wa Gatanu w’iki cyumweru.
Iyi ndege ntabwo izigera ikorwa ngo igurutswe mu kirere, ahubwo Airbus yasobanuye ko (…)
Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Abo amateka agaragaza ko basigaye inyuma, babona bitewe n’ubuzima babagamo bigoye kuba bahita bagendera umujyo umwe n’abandi banyarwanda bakaba bifuza ko abandi banyarwanda bagomba kubategereza ngo bajyendane intambwe kuyindi.
Mu nama yahuje imiryango ishyigikira ikanakorera ubuvugizi abo amateka agaragaza ko basigaye inyuma kuri uyu wa gatanu kuri Hoteli Scheba, hagaragarijwemo byinshi bikubiyemo ubushakashatsi bwakozwe bugaragaza imibereho y’abo (…)
Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
Zirimwabagabo Jean Bosco ni umwe mu bahinzi b’icyayi mu Karere ka Ngororero, uvuga ko iki gihingwa gitanga umusaruro ushimishije ndetse kimaze kumuzanira inyungu ndetse kimufatiye runini mu buzima bwa buri munsi.
Icyayi ni kimwe mu bihingwa ngengabukungu Akarere ka Ngororero gakungahayeho aho kugeza ubu gafite ubuso bungana na hegitari 1559 gihinzeho.
Binagaragazwa n’uko muri aka karere hari uruganda rukomeye rutunganya icyayi rwa Rwanda Mountain (…)
Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
Umuyobozi wungirije w’Umujyi wa Kigali ushinzwe imari n’iterambere ry’ubukungu, Busabizwa Parfait, atangaza ko hashyizweho gahunda y’igitaramo ngarukakwezi kizajya kibera muri ‘car free zone’ muri gahunda yo gufasha abanyamujyi kwidagadura.
Iyi gahunda izatangira kuri uyu wa Gatanu, aho abahanzi bazwi mu Rwanda bazabibumburira abandi mu gususurutsa igitaramo.
Ati “Guhera ku wa Gatanu tuzatangira gahunda ngarukakwezi y’igitaramo, ni muri gahunda (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




![Expo 2019: Uko biba byifashe muri stand ya SBL (Skol Brewery Ltd) mu masaha y'ijoro [AMAFOTO]](IMG/logo/arton801.jpg?1633463774)


















