Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Muri Myanimar igihugu cyahoze cyitwa Birmania, umu pilote w’indege yarokoye abagenzi nyuma yuko ageze ku kibuga cy’indege amapine y’imbere akanga gusohoka ngo agekore hasi.
Mu kugerageza kurwana no kuyimanura yaohora amapine ntasohoke, byarangiye icyizuru cy’iyi ndege ya kompanyi yitwa Myanmar National Airlines aricyo gisimbuye amapine kigenda kikuba muri kaburimbo ahakabaye amapine aha iyi ndge ikaba yageragezaga kugwa ku kibuga cya Mandalay.
Umupilote w’iyo ndege Embraer 190 - yakozwe (…)
Nyuma yo kumva ko ishuri ribanza aturanye naryo rigiye gufunga kubera kubura abanyeshuri, umworozi yarijyanyeho intama ze 15 ngo bazandike zijye kwiga.
Abanyeshuri biga ku ishuri ryitwa Jules Ferry ryo mu cyaro cya Crêts-en-Belledonne, mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’umujyi wa Grenoble, baragabanutse cyane kugeza ubwo ritangaza ko rigiye gufunga ibyumba bimwe by’amashuri.
Mu gikorwa cyo kurwanya gufunga ayo mashuri, umworozi Michel Girerd yafashe umwanzuro wo kujyana amwe muri (…)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwakatiye igifungo cya burundu Ntamuvurira Kanani washinjwaga kwica abana be b’impanga akaza guhamwa n’icyaha.
Inkuru dukesha ikinyamakuru umuseke ivuga ko Isomwa ry’urubanza ryabereye mu ruhame mu Mudugudu wa Gasharu, Akagari ka Mubuga, Umurenge wa Shyogwe, aho icyaha cyabereye.
Urukiko ruvuga ko Ntamuvurira mu iburanisha ry’ubushize yemeye ko ari we wihekuye ariko ko kubica byabaye nk’impanuka agasaba imbabazi. Urukiko (…)
Bya Scovia Mutesi
Abaturage baranengwa kutitabira inteko zabagenewe, kuko ari ho bagezwaho gahunda za Leta n’iterambere ryabo ariko kubera gusiba ndetse no kutabyitaho bigira ingaruka kuri bo bigatuma ibyemezo bifatwa badahari batabyakira, bituma kandi abo bantu bahora basaba ko basubiramo ibyavuzwe harimo n’icyiciro cy’ubudehe baba barashyizwemo.
Abo baturage usanga bahora bavuga ko barenganyijwe, bahora bitana ba mwana n’abayobozi b’inzego z’ibanze, kuko ngo usanga amatangazo aba (…)
Let us begin by welcoming international solidarity. Whether it was the United Nations, its field agencies or major NGOs, the mobilization was not long in coming to the aid of Zimbabwe, Malawi, and, especially Mozambique, devastated by Cyclone Idai last March. But as another tropical cyclone, Kenneth, has landed on the East African coast with even greater intensity, we cannot help but detect accents of guilt in this solidarity.
Mozambique is on its knees. Hit by what is considered the worst (…)
Ikidashidikanywaho ni uko umuntu wese wabona indege nini ahantu mu ishyamba, yahita atekereza ko iyo ndege yahakoreye impanuka. Siko byagenze ku ndege ya Bruce Campbell kuko yayiguze ishaje ayijyana ahantu mu ishyamba ayikoramo inzu ifite umwihariko udafitwe n’ izindi mu Isi.
Bruce Campbell 64 y’ amavuko ni umugabo w’ umunyadushya cyane. Yahoze ari enjennyeri ariko ubu yavuye mu kazi kubera izabukuru. Afite imyaka 20 y’ amavuko yaguze isambu ya hegitari 4 ahitwa Oregon ayigura amayero (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Abantu 41 nibo baguye mu mpanuka y’indege ya Aeroflot nyuma yo kugwa ku kibuga cy’indege cya Sheremetyevo mu mujyi wa Moscow igahita ifatwa n’inkongi y’umuriro. Mu gitondo cyo kuri uyu mbere nibwo hagaragaye amashusho yacicikanaga ku mbuga nkoranyambaga yerekana bamwe mu bagenzi barwana basohoka mu ndege ya Aeroflot yaritangiye gufatwa n’inkongi y’umuriro. Abana babiri n’umukozi umwe nkuko byatangajwe n’umuvugizi wa leta mu bitangazamakuru byo mu burusiya. (…)
Umutegetsi mukuru wo mu kanama ka gisirikare kari ku butegetsi muri Sudani yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko aka kanama katazemerera abasivile kugira ubwiganze mu kanama k’ikirenga gateganyijwe kuyobora iki gihugu mu gihe cy’inzibacyuho.
Liyetona Jenerali Salah Abdelkhalek yavuze ko kimwe mu byo akanama ka gisirikare gashobora kuba kakwigaho ari uko imyanya yasaranganywa mu buryo bungana hagati y’abasivile n’abasirikare muri ako kanama k’ikirenga.
Abigaragambya bakomeje imyigaragambyo (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Guverinoma y’ Ubwongereza yatangaje ko igiye kohereza mu Rwanda mu gihe cya vuba inyandiko amateka ya Jenoside yakorewe abatutsi zibitswe mu Bwongereza. Minisitiri w’ Ubwongereza ushinzwe Afurika Harriet Baldwin yabitangarije mu nama yo kuzirikana kuri Jenoside yakorewe abatutsi yabereye mu mugi wa Londres kuri uyu wa Mbere tariki 30 Mata 2019.
Iki gikorwa cyo kwibuka abatutsi bishwe muri Jenoside cyateguwe na Komisiyo ihagarariye inyungu z’ u Rwanda mu (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Umukuru wa polisi muri Tanzania witwa Darius Makambako w’imyaka 50 yajyanye mu rukiko inshuti ye ayishinja kunanirwa akazi yayihaye ko gutera inda umugore we kandi amaze kumusambanya inshuro 77 zose.
Uyu mukuru wa Police utabyara,yabwiwe n’umugore we ko ashaka umwana bituma aha akazi inshuti ye ko kumuterera inda,biramunanira ajya kumurega.
Urukiko rwa Dar-es-Salaam muri Tanzania rwakiriye ikirego cy’uyu mukuru wa polisi wababajwe n’uko iyi nshuti ye imaze (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.







![UWAGUZE INDEGE ISHAJE AKAYIJYANA MU ISHYAMBA, YAFUNGUYE YEREKANA IBIYIRIMO: [AMAFOTO]](IMG/logo/arton692.jpg?1633463763)















