Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Urukiko rwo muri Siwede rwagumishije ku gihano cya burundu Rukeratabaro Theodore wakoze jenoside ya korewe batutsi.
Urukiko rw’ubujurire rwa Sweden i Stockholm rwanze ubujurire bwa Rukeratabaro Theodore wakoze icyaha cya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Uyu mugabo w’imyaka 50 ,akomoka mu karere ka Rusizi, Umurenge wa Mururu ,Akagari ka Kabahinda ahahoze hitwa Komine Cyimbogo, Segiteri W’inteko.
Ubwo bibukaga ku nshuro ya 25, jenoside yakorewe abatutsi mu w’1994,bamwe mu (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Umukobwa witwa Anna Khramtsova uri mu barinzi bakuru ba Perezida Vladmir Putin niwe watowe nk’umukobwa mwiza kurusha abandi bose bari mu gisirikare cy’Uburusiya.
Uyu mukobwa uri mu barinzi bakuru ba Vladmir Putin yatowe na benshi ko ari we mukobwa ufite uburanga bwinshi kurusha abandi bose bari mu gisirikare cy’Uburusiya kiri mu bikomeye ku isi.
Uyu mukobwa w’imyaka 31, yavuze ko yifuza kuba mwiza nk’imbunda ye akoresha mu kurinda umukuru w’igihugu cy’Uburusiya (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Ibiro bya Papa Francis byatangaje ko yatanze imfashanyo y’ibihumbi 500 by’amadolari y’Amerika byo gufasha abimukira bari mu gihirahiro muri Mexico bagerageza kugera ku mupaka na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Ni imfashanyo iva mu kigega Peter’s Pence cya Kiliziya Gatolika, gishyirwamo imfashanyo iba yakusanyijwe iturutse mu bice bitandukanye ku isi.
Itangazo ry’i Vaticani rivuga ko inkunga icyenewe n’abimukira iri kugabanuka mu gihe itangazamakuru ku isi (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Abanyarwanda icyenda bari bamaze igihe batoterezwa muri Uganda barekuwe, barimo n’abagiye bahatirwa kujya mu mutwe w’inyeshyamba wa Kayumba Nyamwasa. Abo Banyarwanda bagejejwe ku Mupaka wa Kagitumba muri Nyagatare kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Mata 2019.
Abarekuwe barimo abagore bafunganywe n’abagabo babo ndetse n’abana, abasore n’abandi batoterejwe mu bigo by’Urwego rushinzwe Igisirikare muri Uganda (CMI), abandi batoterezwa muri gereza zisanzwe. Muri aba (…)
Rurindo: Hakizimana Cyprien yamenewe ikigajye kuko yanze gutanga ruswa Ubusanzwe gucuruza no kungwa inzoga za gakondo biremewe urwangwa,ikigajye,umutobe n’ibindi bikomoka kubihingwa nibyo bituma uyumuturage Hakizimana cyprien utuye murenge wa Murambi mu karere ka Rurindo avuga ko yarenganyijwe bakamumenera ikiganjye agatanga na mande kuko yanze guha ruswa ushijwe kurwanya ibiyobyabwenge mu murenge wa masoro ariko yakorega mu mirenge itandukanye.
Hakizimana yagize ati “nenga ikigajye (…)
Abaturage bavuga ko mumujyi wa nyakarambi mu karere ka Kirehe mu murenge wa Kigina ahaza abana baje gushaka akazi cyane ako murugo bahamara iminsi ugasanga atewe inda na shebuja cyangwa nundi musore urihafi yaho akora yamara kugutwara inda agasubira iwabo hirya mucyaro.
Mugiraneza Emmaunel waganiriye na mamaurwagasabo.rw yagize ati “Nyakarambi haza abana bato bari mu kigero k’imyaka 15 kuzamura bashaka akazi cyane ako murugo ugasanga abantu barabakoresha kuko bo basaba amafanga macye (…)
Zimwe mu manza z’iburanashwa hanze y’urwanda harimo urwa Rucyeratabaro Theodore ubu urikuburana mu bujurire mu gihugu cya Swede,akurikiranyweho ibyaha ya koze mugihe cya Jenoside ya korewe abatutsi muri 1994 ,mu cyahoze ari cyangugu, muri segiteri Uwinteko, kurubu ni mu karere ka Rusizi mu murenge wa Mururu.
Ndagijimana Laurent Perezida wa Ibuka mu karere ka Rusizi avuga ko iyo ntamakuru y’urubaza bamenye yuburana icyaha cya Jenoside bo babifata nko kutabona ubutabera.
Yagize ati “ (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Atewe akanyabugabo n’ umuryango we , Umukobwa wo mu gihugu cya Bangladesh Nusrat Jahan Rafi yagiye kuri polisi avuga ko yahohotewe birangira yishwe urwagashinyaguro. Mu gihugu cya Bangladesh abakobwa baho ntabwo bajya bavuga ihohoterwa rishingiye ku gitsina bakorerwa mu rwego rwo kwirinda kuba iciro ry’ imigani aho batuye.
Nusrat Jahan Rafi wari ufite imyaka 19 yiga mu ishuri rya Abayisilamu, tariki 27 Werurwe , yabwiye polisi ko umuyobozi w’ ishuri rye (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Nizeyimana Aloys utuye mu Mudugudu wa Ruseno mu Kagari ka Mukuyu mu Murenge wa Ndera, yasanze umugore we Niyomukiza Naomi, iwabo (kwa sebukwe) aho yari yamuhungiye, amutera icyuma mu mutima arapfa.
Saa moya za mugitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, nibwo Nizeyimana w’imyaka 30 y’amavuko yasanze umugore we Niyomukiza w’imyaka 28 y’amavuko iwabo mu rugo rwa Bizimana Joel na Mukamana Jeanne, amwica amuteye icyuma mu mutima inshuro eshatu.
Amakuru agera kuri mu (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Polisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangaje ko camera zo ku muhanda zicunga umutekano zigiye kujya zandika ibinyabizinga bikoreshejwe amakosa n’ amazina ya banyirabyo. SSP Ndushabandi Jean Marie Vianney, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, yabitangarije abanyamakuru ubwo hazozwaga amahugurwa y’ abamotari.
Yagize ati “Ni kamera ziri hirya no hino ku mihanda; zikoze ku buryo zinakurikirana niba (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.



![IREBERE UBURANGA BWA NYAMPINGA W'INGABO Z'ABARUSIYA AKABA N'UMWE MU BARINDA PEREZIDA PUTIN[AMAFOTO]](IMG/logo/arton682.jpg?1633463761)



















