Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ishami ry’umutekano wo mu muhanda, ACP Rutikanga Boniface yatangaje ko ubu noneho ba kujya bahana bihanukiriye abatwara ibinyabiziga banyoye.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu ubwo yaganiraga n’umunyamakuru wa Igihe, avuga ko ngamba nagiye gukaza z’abatwara ibinyabiziga banyoye ibisindisha bakarinda iyo bakora impanuka kandi bazi ko bihanwa n’amategeko.
Ni nyuma y’impanuka ikomeye yakozwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Murama, Mapendo Gilbert, (…)
Abakuru b’Imidugudu igize akarere ka Nyabihu baravuga bategereje telephone ngendanwa bahawe na Guverineri w’intara y’Iburengerazuba amaso ahera mu kirere.
Bavuga ko mu kwezi kwa Nyakanga 2023 uwari Guverineri w’intara y’Iburengerazuba, Habitegeko Francis, yabasezeranyije telefone, aranazibereka, abwira ubuyobozi bw’Akarere ko buzazibagegezaho ariko ngo ntibazi uzibitse.
Abaganiriye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo bavuze ko telefone bemerewe zari izo kubafasha mu kazi ka buri munsi (…)
Mu kigo cy’Igihugu cy’Amahoro Rwanda Peace Academy giherereye i Nyakinama mu karere ka Musanze hatangiye amahugurwa yiswe (The Women’s Leadership for peace course) arimo guhabwa abagore 19 bari mu myanya y’inzego zitandukanye mu buyobozi.
Aya masomo ngo agamije kubategurira kugira uruhare mu buyobozi bw’ubutumwa bujyanye no kubungabunga amahoro n’umutekano hirya no hino ku Isi.
Bamwe mu bitabiriye aya masomo beneza ko bafite byinshi bazabyungukiramo cyane ko ngo abagore usanga rimwe na (…)
Ubwo hasozwaga itorero Isonga ry’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Intara, Uturere n’Imirenge basezeranyijwe gukemurirwa ibibazo bigikoma mu nkokora imikorere y’akazi kabo.
Ni Itorero ryasojwe ku mugaragaro kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Ugushyingo 2023 bari bamazemo icyumweru batorezwa mu Kigo cy’Ubutore cya Nkumba mu Karere ka Burera aho bagaragaje ibibazo bibabangamiye birimo kuba badahabwa umwanya wo gusura imiryango yabo ndetse ngo hari n’ibindi bikorwa begekwaho badafitiye ubushobozi (…)
Nyuma yo gusanga nta mpamvu zikomeye zatuma Rwamurangwa Stephen na Mberabahizi Raymond Chretien na Nyirabihogo Jeanne bahoze bayobora akarere ka Gasano bakomeza gufungwa by’agateganyo bakarekurwa, uruhanza rwabo rwitiriwe Umushoramari Dubai rwahinduye isura.
Kuri ubu inyito y’icyaha bakurikiranyweho yarahinduwe kiba ukuba ikitso mu kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya mu gihe Nsabimana Jean akurikiranyweho kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya no gukora inyandiko (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Kinoni mu karere ka Burera bakorera muri santere y’ubucurizi izwi nko "Munyanga" batunguwe no kubona ubuyobozi bwa Leta bufata icyemezo kubafungira ubwiherero rusange bari bubakiwe none basigaye bagana mu bihuru, ibintu bavuga ko bishobora guteza indwara zirimo n’icyorezo.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iyi santere ya Munyanga, bakifuza ko ubwo bwiherero bwafungurwa bakareka gukwiza umwanda hirya no hino (…)
Abuyobozi bo mu ntara y’Amajyaruguru basabwe, kurushaho kwita kuri serivisi baha abaturage bijyanye n’ibipimo byagaragajwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), aho iyi ntara iri kuri 76.2% mu mitangire ya serivisi.
Babisabwe mu nama nyunguranabitekerezo yahuje uru rwego RGB, ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru n’Abafatanyabikorwa mu iterambere (JADF), barebera hamwe ibyagezweho ku bufatanye bw’izi nzego zose mu mwaka wa 2023 no kugaragaza ibyavuye mu bushakashatsi ku gipimo (…)
Abafite ubumuga bo mu karere ka Musanze baravuga ko bavukijwe uburenganzira bwabo nyuma y’aho ubuyobozi bugiye bubasezeranya inzira yabagenewe iborohereza kugera mu biro by’akarere ariko ntibishyirwe mu bikorwa.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yaganiraga na bamwe muribo bakunze kujya gusaba serivisi zitandukanye ku biro by’Akarere ka Musanze ariko bakagorwa no kuzamuka ingazi (Escarier ) zibageza ku biro runaka, aho bashakira serivisi. Umwe mu bafite ubumuga yagize ati: (…)
Icyiciro cya 70 cya bamwe mu bahoze mu mitwe yitwaje intwaro mu mashyamba ya Congo bagera kuri 84 bahuguriwe i Mutobo mu karere ka Musanze basabwe kwimakaza ubumwe n’ubudaheranwa bw’Abanyarwanda ndetse bakamaganira kure amacakubiri
Ibi babisabwe kuri uyu wa kane tariki ya 23 Ugushyingo 2023 ubwo bahabwaga impamyabushobozi (Certificate) zibyo bigiye mu kigo cya Mutobo gishinzwe gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abahoze mu mitwe yitwaje intwaro, aho basabwe kuzabana neza (…)
Ntawutazi ko arya ibyo yavunikiye ariko ntibimenyerewe kuvunika urya ibyo wishyuye ayawe wavunikiye, mu karere ka Musanze, mu murenge wa Kimonyi hari abanyeshuri biga ku Rwunge rw’amashuri ya Bilira bavuga ko babangamiwe no gukora urugendo rurerure bikoreye ibiryo, ibintu bafata nko kubirya babitayemo amarira bitewe n’urugendo bakora bajya kuzana ibyo kurya.
Aba banyeshuri babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Kimonyi kuri GS Bilira aho yasanze aba bana (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.


















