Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

U Rwanda rwatangiye kugerageza application ya AI izajya ifasha abaganga gusuzuma no gufata ibyemezo byihuse

Mu rwego rwo gukomeza kunoza no kwihutisha serivisi z’ubuvuzi, Guverinoma y’u Rwanda yatangiye kugerageza porogaramu (application) ikoresha Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) izajya ifasha abaganga n’abaforomo gusuzuma abarwayi no gufata ibyemezo byihuse ku miti igomba gutangwa.
Iryo gerageza riri gukorwa binyuze mu mushinga wiswe Horizon 1000, uhuriyemo Guverinoma y’u Rwanda, Bill & Melinda Gates Foundation ndetse na OpenAI. U Rwanda ni rwo rwatoranyijwe nk’igihugu (…)

Ababyeyi barenga 100 bagaragaje ko batewe inkeke n'ihohoterwa rikorerwa abakobwa n'abagore
Ababyeyi barenga 100 bagaragaje ko batewe inkeke n’ihohoterwa rikorerwa abakobwa n’abagore

Abantu barenga ijana bishyize hamwe basinya inyandiko ihamagarira guverinoma, imiryango itegamiye kuri Leta, ababyeyi ndetse n’umuryango nyarwanda muri rusange kwamagana ihohoterwa rikorerwa abana n’abagore. Bashingiye ku mibare iheruka y’abana ibihumbi 17 batewe inda mu mwaka wa 2016, ndetse n’inkuru zisigaye zicicikana mu binyamakuru z’abana bahohotewe n’abagore bishwe mu ngo mu buryo buteye agahinda, abantu 120 barimo abagabo barenga 60 basinye inyandiko ibyamagana. (…)

424 Shares 4 Comments
Abagore bipimisha batwite ishuro zitegangwa mbere yo kubyara bageze kuri 70%
Abagore bipimisha batwite ishuro zitegangwa mbere yo kubyara bageze kuri 70%

Ubushakashatsi bwakozwe na Minisiteri y’Ubuzima ifatanyije n’imiryango Promundo na RWAMREC bwagaragaje ko ababyeyi bipimisha inshuro enye zagenwe mbere yo kubyara bavuye kuri 43% bakagera kuri 70% bitewe n’inyigisho ziandukanye bagiye bahabwa.
Ni ubushakashatsi bwakorewe mu turere tune, hagamijwe kureba umusaruro w’inyigisho ku buringanire n’ubwuzuzanye mu banyarwanda no kurwanya ihohoterwa hagati y’abashakanye, zatanzwe n’Umuryango w’abagabo uharanira guteza imbere ihame ry’uburinganire (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
URUKINGO RUSHYA RWA VIRUSI ITERA SIDA, RURI GUTANGA ICYIZERE KO RUSHOBORA KUGIRA IMPINDUKA RUZANA
URUKINGO RUSHYA RWA VIRUSI ITERA SIDA, RURI GUTANGA ICYIZERE KO RUSHOBORA KUGIRA IMPINDUKA RUZANA

Ubushakashatsi bwakozwe ku rukingo rwa virusi itera Sida (VIH) bwakorewe ku bantu barimo n’Abanyarwanda, bwatanze icyizere ko rushobora gutangira gufasha abantu mu myaka iri imbere.
Uru rukingo rwasuzumiwe ku bantu 393, nyuma bigaragara ko bongerewe ubushobozi bwo guhangana n’iyi virusi itera Sida. Mu isuzuma ryakozwe byanagaragaye ko rwabashije kurinda inkende zimwe virusa ijya gusa na VIH.
Imibare y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS, igaragaza ko ku Isi habarurwa (…)

424 Shares 4 Comments
U Rwanda ntiruzongera kujya gupimisha DNA mu mahanga
U Rwanda ntiruzongera kujya gupimisha DNA mu mahanga

Kuri uyu wa kane tariki ya 7 Kamena, Polisi y’u Rwanda yashyikirije Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gupima ibimenyetso by’ubumenyi n’ubuhanga byifashishwa mu butabera kizwi nka “Rwanda Forensic Laboratory” ibikoresho n’abakozi kizifashisha mu mirimo yacyo ya buri munsi.
Iki kigo cyangwa se Laboratwari; cyahoze muri Polisi y’u Rwanda guhera mu mwaka wa 2005 kizwi nka “Kigali Forensic Laboratory”. Leta yasanze ari ngombwa ko kivugururwa kigatezwa imbere kandi kikongererwa n’inshingano ndetse (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Sobanukirwa ingaruka zo kurara wambaye ikariso kubagore
Sobanukirwa ingaruka zo kurara wambaye ikariso kubagore

Abakobwa benshi bakunda kurara bambaye amakariso, kandi abahanga bavugako iyo umukobwa cyangwa umugore abikoze buri munsi atari ukuvuga ngo hari impamvu nk’umuntu ari mu mihango, ashobora kugira ingaruka mbi.
Inkuru ya media254.com ivuga ko abaganga bavuga ko igitsina gore gikenera guhumeka kugira ngo kitagira uburwayi cyangwa umuhumuro mubi. Akaba ariyo mpamvu abaganga bagira inama abagore ko bazajya bajya kuryama batambaye Umuganga witwa Dr Grace Obong avuga ko ikibazo kinini ari uko (…)

424 Shares 4 Comments
AHF Rwanda yatanze udukingirizo ku buntu ku bitabiriye umukino wahuzaga AS Kigali na Kiyovu Siporo
AHF Rwanda yatanze udukingirizo ku buntu ku bitabiriye umukino wahuzaga AS Kigali na Kiyovu Siporo

Umuryango Urwanya SIDA ndetse ukanita ku banduye agakoko kayitera, AHF(Aids Health Care Foundation) watanze udukingirizo ku banu b’inzeri zose bitabiriye umukino wahuzaga AS Kigali na Kiyovu Siport, waberaga kuri Sitade yo ku Mumena i Kigali.
Umukino wabaye none tariki ya 22 gicurasi 2018 ikipe ya Kiyovu Siporo yatsinze AS Kigali ibitego 4-1, abantu bari urujya n’uruza baje gufata udukingirizo two kubarinda kwandura Virusi itera Sida, ndetse n’izindi ndwara zose zandurira mu mibonano (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Chili:Gusambanya abana bakiri batoya byatumye Abasenyeri begura
Chili:Gusambanya abana bakiri batoya byatumye Abasenyeri begura

Abasenyeri bose bo muri Chili bashyikirije ubwegure Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, nyuma y’iminsi itatu y’inama bari bahamagajwemo i Roma kubera ikibazo cyo gusambanya abana.
Abasenyeri beguye barimo 31 bakiyobora za Diyosezi n’abandi batatu bari mu kiruhuko cy’izabukuru.
Abavugizi b’Inama y’Abepisikopi muri Chili, imbere y’abanyamakuru bari bateraniye i Vatikani ku wa 17 Gicurasi 2018, basomye urwandiko rugira ruti “Twe, twese abasenyeri bari i Roma, twashyikirije ubwegure (…)

424 Shares 4 Comments
Kuva 2005 Ubwandu Bushya Bwa SIDA Bwagabanutseho 50%
Kuva 2005 Ubwandu Bushya Bwa SIDA Bwagabanutseho 50%

Ubwandu bwa virusi itera SIDA mu Rwanda kuva mu mwaka wa 2005 buri kuri 3 %, abafata imiti igabanya ubukana bari kuri 82 %. Mu myaka 15 ishize ubwandu bushya bwagabanutseho 50%.
Abitabiriye inama basangijwe ubunararibonye ku rubyiruko ku birebana na virusi itera Sida,bagaragaza inzitizi zikigaragara mu kuyirwanya n’amahirwe abakiri bato bafite mu gukumiri iki cyorezo.
Raporo y’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF yo mu 2016 yagaragaje ko 73% by’ubwandu bushya mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
u Rwanda rwazanye urikingo rushya
u Rwanda rwazanye urikingo rushya

U Rwanda rwatangiye gutanga urukingo rushya rw’imbasa nk’uko bitangazwa n’umuyobozi w’agateganyo wa gahunda y’igihugu y’ikingira mu Kigo k’Igihugu cy’Ubuzima, Sibomana Hassan.
Sibomana atangaza ko guhera muri Werurwe 2018 ari bwo hasohotse urukingo rushya rw’imbasa rukoreshwa mu buryo bw’urushinge. Uru rukingo rwiyongereyemo mu rwego rwo kurandura burundu indwara y’imbasa.
Umuyobozi w’agateganyo wa gahunda y’igihugu y’ikingira avuga ko uru rukingo rw’imbasa rwaje hari impinduka ruzongera (…)

424 Shares 4 Comments
AMERICA:Umwarimukazi yasambanyije abanyeshuri be 3 akoresha Siporo
AMERICA:Umwarimukazi yasambanyije abanyeshuri be 3 akoresha Siporo

Umwarimukazi wigisha imyitozo ngororamubiri witwa Tiffany Eichler w’imyaka 36 ukomoka muri Ohio muri USA yahamwe n’icyaha cyo gusambana n’abanyeshuli be batatu barium umwe yasambaniye nawe mu biro bye akamutera indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina.
Uyu mwarimu ufite umugabo babanye mu buryo bwemewe n’amategeko yamaze gufungwa nyuma yo gusambana n’aba banyeshuli yigishaga isomo ry’imyitozo ngororamubiri (sports).
Uyu mwarimu yabwiye abayobozi b’ikigo cye ko umwe mu babyeyi b’aba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru