Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

U Rwanda rwatangiye kugerageza application ya AI izajya ifasha abaganga gusuzuma no gufata ibyemezo byihuse

Mu rwego rwo gukomeza kunoza no kwihutisha serivisi z’ubuvuzi, Guverinoma y’u Rwanda yatangiye kugerageza porogaramu (application) ikoresha Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) izajya ifasha abaganga n’abaforomo gusuzuma abarwayi no gufata ibyemezo byihuse ku miti igomba gutangwa.
Iryo gerageza riri gukorwa binyuze mu mushinga wiswe Horizon 1000, uhuriyemo Guverinoma y’u Rwanda, Bill & Melinda Gates Foundation ndetse na OpenAI. U Rwanda ni rwo rwatoranyijwe nk’igihugu (…)

IBYO WAMENYA KU MABWIRIZA MASHYA AGENA IBIGOMBA KUBAHIRIZWA NGO MUGANGA AKURIREMO UMUNTU INDA
IBYO WAMENYA KU MABWIRIZA MASHYA AGENA IBIGOMBA KUBAHIRIZWA NGO MUGANGA AKURIREMO UMUNTU INDA

By Imfurayabo Pierre Romeo Minisiteri y’Ubuzima yashyize ahagaragara amabwiriza mashya agena ibigomba kubahirizwa kugira ngo muganga akuriremo umuntu inda, bitewe n’impanzu zirimo kuba uwayisamye yarasambanyijwe, yarayitewe n’uwo bafitanye isano ya hafi cyangwa ibangamiye ubuzima.
Ni amabwiriza akubiye mu Iteka rya Minisitiri w’Ubuzima ryatangajwe mu igazeti ya Leta ku wa 8 Mata 2019, ari nawo munsi itegeko ryemeza ko yatangiye gukurikizwa.
Rizafasha mu gushyira mu bikorwa itegeko (…)

424 Shares 4 Comments
ABAGORE IBIHUMBI 300 KU MWAKA BAPFA BARI KUBYARA
ABAGORE IBIHUMBI 300 KU MWAKA BAPFA BARI KUBYARA

By Imfurayabo Pierre Romeo
Ubushakashatsi buherutse gusohoka bwerekanye ko abagore ibihumbi 300 kwisi hafi ya bose bava mu bihugu biri munzira y’amajyambere aribo bapfa mari kubyara
Ubwo bushakashatsi bwakozwe na kaminuza Queen Mary ry’i Londres mu gihugu cy’Ubwongereza, buzwi ko ari bwo bushakashatsi bukomeye butari bwigere bubaho kuri icyo kibazo.
Abashakashatsi bakoze ku bagore batwite bagera kuri miliyoni 12. Abashakashatsi batangaje ko umubare munini w’abagore bashobora gupfa bari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
DONAVIA WALKER YAVUTSE ADAFITE AMABOKO YOMBI AKORA IMIRIMO YOSE NO GUTWARA IMODOKA
DONAVIA WALKER YAVUTSE ADAFITE AMABOKO YOMBI AKORA IMIRIMO YOSE NO GUTWARA IMODOKA

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Src: celebsmagazine
Donavia Walker uvuka ahitwa Winter Haven, Florida Amerika afite imyaka 17 yavukanye indwara yitwa “Bilateral Amelia” ituma umwana iyo akiri mu nda amaguru cyangwa amaboko bidakura bikaba intandaro yo gutuma avuka adafite kimwe muri byo,yewe hari n’uvuka adafite byose.
Donavia yiga mu ishuri ryigisha amasomo ya gisirikare rya The Junior Reserve Officers’ Training Corps (JROTC) riherereye muri Winterhaven, muri leta zunze ubumwe (…)

424 Shares 4 Comments
 WARI UZIKO UMUNYU WA GIKUKURU ARI UMUTI W'UBWIZA ?
WARI UZIKO UMUNYU WA GIKUKURU ARI UMUTI W’UBWIZA ?

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Ubusanzwe umunyu tuwuzi ku bushobozi bwo kuryoshya ibiryo no kurinda ibiribwa bizamara igihe kirekire, ariko burya umunyu wa Gikukuru ni igitangaza ku buzima bw’umuntu ndetse urihariye kubijyanye ni ubwiza bw’umubiri.
Umunyu wa gikukuru uba ari umwimerere utarigeze uhindurwa n’inganda, hafi 55% ni sodium, 31% ni chlorure, 8% ni sulfates, 4% ni magnésium, 1% ni calcium et 1% ni potassium.
1.Wongera ubudahangarwa n’ubwirinzi bw’umubiri
Igikukuru (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
AMBASADE Y'AMERIKA MU RWANDA YAKOZE IGIKORWA CYO GUTANGA AMARASO KUBARWAYI BAYAKENEYE
AMBASADE Y’AMERIKA MU RWANDA YAKOZE IGIKORWA CYO GUTANGA AMARASO KUBARWAYI BAYAKENEYE

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Ambasade y’Amerika mu Rwanda ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu gishinzwe gutanga amaraso (NCBT). Hateguwe igikorwa cyo gutanga amaraso yatanzwe n’abakozi 108 ba Ambasade n’abandi ba diplomate bakorera imiryango mpuzamahanga. Aya maraso yatanzwe akaba azifashishwa mu gikorwa cyo kuvura indembe ziyakeneye mu bitaro bitandukanye mu Rwanda.
Abakozi 108 ba Ambasade ya Amerika mu Rwanda na bagenzi babo bo mu yindi miryango mpuzamahanga ni bo bagaragaye muri (…)

424 Shares 4 Comments
GUCYERERWA BYATUMYE BAROKOKA IMPANUKA Y'INDEGE
GUCYERERWA BYATUMYE BAROKOKA IMPANUKA Y’INDEGE

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Umugabo ukomoka mu Bugereki avuga ko yasizwe n’indege ya kompanyi Ethiopian Airlines yo muri Ethiopia yakoze impanuka ku cyumweru kubera ko yageze ku muryango wo kwinjiriramo ugana aho indege iri acyerereweho iminota ibiri.
Yibuka uwo munsi wabaye "uw’amahirwe" kuri we, Antonis Mavropoulos yagize ati: "Nari narakaye cyane kubera ko nta muntu n’umwe wamfashije kwinjira mu muryango ku gihe".
Undi mugabo na we yavuze ko yasizwe n’iyo ndege ho gato. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
UMUGABO WO MU BUDAGE YAKATIWE GUFUNGWA BURUNDU KUBERA KUROGA ABO BAKORANA
UMUGABO WO MU BUDAGE YAKATIWE GUFUNGWA BURUNDU KUBERA KUROGA ABO BAKORANA

Yanditswe na Romeo
Umugabo wo mu Budage yakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo kuroga amafunguro ya saa sita y’abo bakorana, bigatuma umugabo umwe asigara ari intere mu buryo buhoraho ntacyo agishoboye gukora.
Uwo mugabo w’imyaka 57 y’amavuko, wiswe gusa Klaus O, yatawe muri yombi mu mwaka ushize wa 2018 nyuma yaho amashusho y’icyuma gifotora (camera) cyifashishwa mu gucunga umutekano amugaragaje ashyira ifu ku mugati wa sandwich w’uwo bakorana.
Ibizamini byagaragaje ko iyo fu ari (…)

424 Shares 4 Comments
KURYAMIRA MU MPERA Y'ICYUMWERU NTIBYAKUMARA IBITOTSI UTAMAZE MU MINSI Y'IMIBYIZI
KURYAMIRA MU MPERA Y’ICYUMWERU NTIBYAKUMARA IBITOTSI UTAMAZE MU MINSI Y’IMIBYIZI

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Ubushakashatsi buvuga ko kuryamira mu mpera y’icyumweru bitariha igihe umuntu aba atarasinziriye bihagije mu cyumweru cyose.
Abashakashatsi bafashe amatsinda abiri y’abantu bafite ubuzima bwiza nuko bagabanya igihe cyabo cyo gusinzira, bagishyira ku masaha atarenze atanu ku ijoro.
Itsinda rimwe ryagabanyirijwe igihe cyo gusinzira mu gihe cyose cy’ubwo bushakashatsi, mu gihe irindi tsinda ryo ryashoboraga kugaruza igihe cyo gusinzira mu mpera (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
MU BWONGEREZA: NYUMA YO KUMARA AMEZI 18 ADAFATA IMITI IGABANYA UBUKANA BYAGARAGAYE KO YABA YARAKIZE SIDA
MU BWONGEREZA: NYUMA YO KUMARA AMEZI 18 ADAFATA IMITI IGABANYA UBUKANA BYAGARAGAYE KO YABA YARAKIZE SIDA

Yanditswe na Pierre Rome Imfurayabo
Nyuma y’imyaka 10 umuntu wa mbere akize, undi murwayi utuye mu Mujyi wa Londres mu Bwongereza, yagaragaje ibimenyetso byo kuba yarakize Virusi itera SIDA (VIH).
yu murwayi wahawe izina rya ‘London Patient’, amaze amezi 18 ahagaritse gufata imiti igabanya ubukana bwa SIDA.
Yavuwe hifashishijwe uburyo budasanzwe mu guhindura imiterere y’uturemangingo buzwi nka CCR5-delta 32, butuma umubiri ubasha guhangana na VIH.
CNN dukesha iyi nkuru ivuga ko ubu (…)

424 Shares 4 Comments
KONGO: ABARWAYI BANE BA EBOLA BABURIWE IRENGERO
KONGO: ABARWAYI BANE BA EBOLA BABURIWE IRENGERO

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Minisiteri y’ubuzima muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ivuga ko umupolisi umwe yishwe naho abarwayi bane ba Ebola bakaba baburiwe irengero nyuma yaho ku wa gatatu nijoro ikigo kivurirwamo Ebola cy’i Butembo kigabweho igitero.
BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko iki igitero kibaye icya kabiri kigabwe ahavurirwa Ebola - mu ntara ya Kivu y’amajyaruguru mu burasirazuba bw’igihugu - mu gihe cy’iminsi itatu n’abantu bitwaje intwaro bataramenyekana.
Mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru