Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

ABAGORE IBIHUMBI 300 KU MWAKA BAPFA BARI KUBYARA

Friday 29 March 2019
    Yasomwe na

By Imfurayabo Pierre Romeo
Ubushakashatsi buherutse gusohoka bwerekanye ko abagore ibihumbi 300 kwisi hafi ya bose bava mu bihugu biri munzira y’amajyambere aribo bapfa mari kubyara
Ubwo bushakashatsi bwakozwe na kaminuza Queen Mary ry’i Londres mu gihugu cy’Ubwongereza, buzwi ko ari bwo bushakashatsi bukomeye butari bwigere bubaho kuri icyo kibazo.

Abashakashatsi bakoze ku bagore batwite bagera kuri miliyoni 12. Abashakashatsi batangaje ko umubare munini w’abagore bashobora gupfa bari kubyara arabao mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere.

Ubu bushakashatsi kandi bwagaragaje ko umubare w’abagore bashobora guhitanwa n’inda mu gihe babyara umubare wabo wikubye ijana mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere kurusha abagore bakomoka mu bihugu byateye imbere nk’ubwongereza.

Abakoze ubu bushakashatsi bagiriye inama abagore bageze mu bigehe cyo kubyara babazwe ko bajya basaba bakabagwa n’abaganga babifitiye ububasha kugira ngo babashe kurokora ubuzima bwabo nabo batwite.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru