Mu rwego rwo gukomeza kunoza no kwihutisha serivisi z’ubuvuzi, Guverinoma y’u Rwanda yatangiye kugerageza porogaramu (application) ikoresha Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) izajya ifasha abaganga n’abaforomo gusuzuma abarwayi no gufata ibyemezo byihuse ku miti igomba gutangwa.
Iryo gerageza riri gukorwa binyuze mu mushinga wiswe Horizon 1000, uhuriyemo Guverinoma y’u Rwanda, Bill & Melinda Gates Foundation ndetse na OpenAI. U Rwanda ni rwo rwatoranyijwe nk’igihugu (…)
Umugiraneza Alice
Abaturage batuye n’abacururiza mu mudugudu wa Nganzo wo mu kagali ka Rwebeya ko mu murenge wa Cyuve ho mu karere ka Musanze baratabariza ubuzima bwabo nyuma yuko hashize igihe gisaga umwaka amazi yarafunze umuhanda none ubu akaba yaratangiye kuzana impumurombi bakaba bafite ubwoba bw’indwara ziterwa n’umwanda bashobora kwandura udasize n’imibu itera malaria ishobora kwiyongera.
Muhawenimana Modeste ni umucuruzi ukorera mu iduka risohokera muri uwo muhamda wuzuye (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
As Rwanda joined the world to celebrate the international day of people with disabilities, the cluster of deaf and dumb disability said they still face challenges by fulfilling the efforts to prevent COVID 19 when they put on face masks contrary to their sign language which requires using facial signs, face to face, for effective communication.
During celebrating international day of people with disabilities event, which took place at Kigali capital on the 3rd December (…)
Yahinduwe mu Kinyarwanda na Alphonse Rutazigwa
Raporo yo mu kigo gishinzwe umwuka mwiza ku isi igaragaza ko umwuka wo munzu utameze neza wiharira 2/3 by’impfu, kandi ukanagira ingaruka ku bataravuka
Umwana utarageza igihe cy’ukwezi kw’amavuka , ndetse n’umwana utaravuka kuba ari hafi y’umwuka wanduye bishobora gutuma inda ivamo, ndetse no gutuma umwana avukana ibiro bikeya, nkuko impuguke zibitangaza.
Ikinyamakuru cyandikirwa mu Bwongereza The Guardian ku wa 21 Ukwakira 2020, (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Uwabera Sharon, Ni umukowa utuye mu murenge wa Mutenderi mu kagari ka Kibare mu mudugudu wa Ndarage, yatangaje ko nubwo atarondora amazina ariko azi bagenzi be b’abakobwa baturanye bakiri bato bagera kuri bane batewe inda abandi barishyingiye kubera Corona.
Mu rugo iwabo abana n’umubyeyi we w’umugore n’abavandimwe babiri b’abahungu na we wa gatatu w’umukobwa. Mu kiganoro n’ikinyamakuru MamaUrwagasabo, yavuze ko mu bihe bya mbere Coronavirusi ikigera mu Rwanda (…)
Bamwe mu bahoze bakora mu tubari ubu tumaze igihe dufunze kubera COVID-19, bavuga ko bahuye n’ingaruka zikomeye byatumye bamwe muribo bishora mu uburaya kugira ngo babone ibibatunga, bavuga ko ari bwo buryo bwo kubona imibereho bari basigaranye n’ubwo ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali buvuga ko bakwiye kwegera ubuyobozi bwo mu nzego z’ibanze bagafashwa.
Umwe muri aba batuganirije twahimbye Mukamunanira, ni umubyeyi w’abana 3; nta mugabo agira, inzu atuyemo aho bita Kanserege ayikodesha (…)
By Imfurayabo Pierre
Ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi OMS/WHO ryatangaje ko rishima intambwe yatewe mu igerageza ry’ibanze ry’umuti wa dexamethasone mu Bwongereza rigaragaza ko ushobora gukiza abantu barembye kubera Covid-19.
Abashakashatsi bavuga ko ku barwayi bari ku byuma bibafasha guhumeka n’abakenera umwuka, uyu muti ugabanya ikigero cyo gupfa muri bo.
Mu itangazo yasohoye OMS yibutsa ko uyu muti byabonetse ko ufasha gusa abarembejwe na Covid-19, ko (…)
Ikigo cy’Abadage gishinzwe kurinda no guhangana n’indwara, The Robert Koch Institute (RKI) kiravuga ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu abantu bahagenda badafite ibyago byo kwanduriramo indwara ya Covid-19.
Urutonde iki kigo cyashyize ahagaragara tariki 17 Kamena 2020, rwerekana ibihugu bigifite ibyago byo kwanduriramo Covid-19, u Rwanda ni cyo gihugu cyonyine cyo mu karere kitarugaragaraho.
Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Minisitiri w’Ubuzima w’u Rwanda, Dr. Daniel Ngamije yavuze ko aya (…)
By Imfurayabo Pierre
Icyorezo cy’indwara y’ibicurane ifata ingurube cyadutse muri koperative yorora ingurube nyinshi mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa Nigeria.
Ni inshuro ya mbere mu myaka 12 ishize iyi ndwara igira ubukana bukaze muri iki gihugu kugeza kuri uru rwego.
Uretse kuba iyi ndwara ifata n’andi matungo yo mu rugo, ngo ifata n’inyamaswa zo mu ishyamba.
Icyakora ku bw’amahirwe ikaba idafata abantu, nk’uko iyi nkuru ya BBC ibivuga.
Iyo ndwara ngo ishobora kwica ingurube (…)
By Imfurayabo Pierre
Intagondwa zo mu mutwe ugendera ku mahame akaze y’idini ya kisilamu wa al-Shabab zisubiyeho ku byo zari zatangaje mbere zihinyura icyorezo cya coronavirus ko kitabaho, ubu noneho zatangaje ko zafunguye "ikigo cyo kuvura" abarwaye Covid-19.
Al-Shabab ivuga ko yafunguye icyo kigo mu mujyi wa Jilib mu majyepfo ya Somalia, umujyi uri mu gace uwo mutwe ugenzura.
Radio Andalus y’uyu mutwe yatangaje ko washyizeho umurongo wa telefone utishyurwa ukora amasaha 24 buri munsi (…)
By Imfurayabo Pierre
George Floyd wishwe n’umupolisi amushinze ivi ku ijosi, agiye gushyingurwa. Ni umuhango witabiriwe n’abantu benshi mu mujyi wa Houston.
Uyu munsi biteganyijwe ko aza gushyingurwa n’abagize umuryango we aho muri Houston. Imihango yo kumusezeraho yabaye kandi muri Minneapolisi na North Carolina aho yavukiye.
Joe Biden, umukandida w’ishyaka ry’abademokarate ku mwanya wa perezida, ejo yagiye guhura n’abo mu muryango wa Floyd i Houston ngo abihanganishe.
Hagati aho i (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























