Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

U Rwanda rwatangiye kugerageza application ya AI izajya ifasha abaganga gusuzuma no gufata ibyemezo byihuse

Mu rwego rwo gukomeza kunoza no kwihutisha serivisi z’ubuvuzi, Guverinoma y’u Rwanda yatangiye kugerageza porogaramu (application) ikoresha Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) izajya ifasha abaganga n’abaforomo gusuzuma abarwayi no gufata ibyemezo byihuse ku miti igomba gutangwa.
Iryo gerageza riri gukorwa binyuze mu mushinga wiswe Horizon 1000, uhuriyemo Guverinoma y’u Rwanda, Bill & Melinda Gates Foundation ndetse na OpenAI. U Rwanda ni rwo rwatoranyijwe nk’igihugu (…)

Nyuma yo gupfusha umugabo we Umwamikazi Elizabeth II yanduye COVID-19
Nyuma yo gupfusha umugabo we Umwamikazi Elizabeth II yanduye COVID-19

Umwamikazi w’Ubwongereza, Elizabeth II yanduye COVID-19, ariko akaba agaragaza ibimenyetso byoroheje.
Ibitangazamakuru byavuze ko Queen Elizabeth yaba yarandujwe Coronavirusi n’umuhungu we, Igikomangoma Charles, kuko ku wa 10 Gashyantare ari bwo byamenyekanye ko Charles yanduye COVID-19, nyuma y’iminsi ibiri ahuye na nyina.
Hagiye gushira imyaka ibiri Queen Elizabeth II abuze umugabo we, Prince Philip, wapfuye abura umwaka umwe ngo yuzuze 100 nubwo we atazize COVID-19.
Nk’uko (…)

424 Shares 4 Comments
Eswatini: Umwami yategetse buri mugabo gushaka abagore batanu ubyanze agafungwa
Eswatini: Umwami yategetse buri mugabo gushaka abagore batanu ubyanze agafungwa

Umwami wa Eswatini, King Mswati III, yaciye iteka mu gihugu cyose ko umugabo agomba kurongora abagore batanu bitaba ibyo ubyanze agafungwa.
Itangazo ry’Umwami risaba abagabo bose ko nibura buri mugabo bagomba gushaka abagore batanu kandi ko nta kibazo bagomba kugira kuko Leta izabishyurira amafaranga y’ubukwe ndetse ikabagurira n’inzu yo kubamo.
Yagize ati “Dore uko gahunda ziteye, shaka nibura abagore batanu maze wizereko Leta izagukoreshereza ubukwe kandi igaha buri mugore wawe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ingimbi n'abangavu barenga miliyoni 1.3 bamaze guhabwa inkingo za COVID-19
Ingimbi n’abangavu barenga miliyoni 1.3 bamaze guhabwa inkingo za COVID-19

Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima ushinzwe Ubuvuzi bw’Ibanze, Lt Col Dr. Tharcisse yavuze ko gahunda yo gukingira urubyiruko igeze ku ntambwe ishimishije, aho Ingimbi n’abangavu barenga miliyoni 1.3 bamaze guhabwa inkingo za COVID-19 barimo n’abahawe ebyiri.
Yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku wa Gatandatu taliki ya 15 Mutarama 2022.
Lt. Col. Dr Mpunga, yavuze ko ingimbi n’abangavu barenga miliyoni 1.3 bamaze guhabwa inkingo za COVID-19, barimo ibihumbi 750 (…)

424 Shares 4 Comments
OMS yatanze impuruza: Kimwe cya kabiri cy'Uburayi kigiye kwandura Omicron mu gihe cy'ibyumweru
OMS yatanze impuruza: Kimwe cya kabiri cy’Uburayi kigiye kwandura Omicron mu gihe cy’ibyumweru

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) ryatangaje ko mu gihe kiri hagati y’ibyumweru bitandatu n’ibyumweru umunani biri imbere, kimwe cya kabiri cy’Uburayi kizandura ubwoko bushya bwa Covid yihinduranyije buzwi nka Omicron.
Dr Hans Kluge ukuriye OMS i Burayi yavuze ko "inkubiri iva mu burengerazuba yerekeza mu burasirazuba" ya Omicron irimo kwibasira aka karere, igahurirana no kwiyongera kw’ubwandu butewe n’ubwoko bwa Delta.
BBC yanditse ko iryo gereranya rishingiye ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umuntu wa Mbere yatewemo igice cy'umubiri w'inyamanswa
Umuntu wa Mbere yatewemo igice cy’umubiri w’inyamanswa

Mu buhanga bwa muntu mu buvuzi ntibyari byakumvikanye aho umuntu akurwamo igice cy’umubiri kigasimbuzwa icy’inyamanswa mu gihe batari mu rwego rumwe.
Kuri ubu siko bikimeze, muri Amerika hari kuvugwa igikorwa cyagenze neza aho mugabo yaciye agahigo aterwamo umutima w’ingurube, imwe Umwanditse Alexis Kagame yise Indyoheshabirayi.
Umunyamerika David Bennet, yabaye umuntu wa mbere ku isi utewemo umutima w’ingurube yakujijwe mu ikoranabuhanga (genetically-modified).
Uyu mugabo w’imyaka 57, (…)

424 Shares 4 Comments
Rwamagana: Abantu 52 barembeye ku bitaro kubera ikigage
Rwamagana: Abantu 52 barembeye ku bitaro kubera ikigage

Abaturage 52 bo mu Karere ka Rwamagana bamaze iminsi bari mu bitaro bazira kunywa ku kigage gihumanye, bakinywereye mu muryango wari washyingiye umukobwa.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Munyaga, Mukashyaka Chantal, yemereye Muhazi yacu dukesha aya makuru ko ari impamo, avuga ko ariko bamwe batangiye gusezererwa mu bitaro.
Yagize ati: “Yego hari abaturage 52 banyweye ikigage kuwa Gatandatu kibagwa nabi bajyanwa kwa muganga, birakekwa ko amasaka yakoreshejwe yari arimo umuti (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabihu: Hari umuryango uhangayitse wasigaye wonyine mu manegeka ku mugezi wa Mukungwa
Nyabihu: Hari umuryango uhangayitse wasigaye wonyine mu manegeka ku mugezi wa Mukungwa

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Shyira akagali ka Mpinga umudugudu wa Mukaka hari umuryango ugizwe n’umugore witwa Uwamahoro Claudine n’umwana we, babayeho mu buzima buhangayikishije, aho abo bahoze baturanye bimuwe bahungishwa ibiza byaterwaga n’umugezi wa Mukungwa bo basigara bonyine kuko batishimiye ingurane y’inzu bahawe none ubu barara banyagirwa, ntibagira aho gukinga umusaya kuko inzu basigayemo yaguye ikaba ishobora kubagwaho ikabahitana. (…)

424 Shares 4 Comments
RBC yahinduye iminsi urwariye COVID-19 mu rugo amara mu kato
RBC yahinduye iminsi urwariye COVID-19 mu rugo amara mu kato

Mutungirehe Samuel
Ikigo cy’igihugu cy’Ubuzima RBC, cyatangaje ko iminsi umurwayi wa COVID-19 yamaraga mu kato mu rugo igiye kujya iba 7 aho kuba 10 nk’uko byakorwaga.
Ubusanzwe amabwiriza yagenderwagaho yavugaga ko urwaye COVID-19 yishyira mu kato k’iminsi 10 yiyitaho, akurikiza inama yagiriwe na muganga bigatuma atanduza n’abandi.
Ubu amabwiriza mashya avuga ko urwaye covid-19 ariko yarakingiwe agomba kwishyira mu kato k’iminsi 7, no ukuvuga icyumweru kimwe, akazavamo ari uko apimwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kicukiro: Twapfushije umubyeyi kubera COVID-19 dusigara tureba buri wese nk'uwanduye-UBUHAMYA
Kicukiro: Twapfushije umubyeyi kubera COVID-19 dusigara tureba buri wese nk’uwanduye-UBUHAMYA

Mu gihe hakiri bamwe bagikerensa icyorezo cya COVID-19 bakagisanisha n’ibya politiki ko kitabaho abandi bakagisanisha n’ibyanditse muri bibiliya, i Kigali mu karere ka Kicukiro hari umuryango wabuze umubyeyi wabo w’umugabo basigara babona buri wese ko arwaye Corona bafata ingamba zituma nta wundi izongera kubatwara.
Mamaurwagasabo yasuye uyu muryango uherereye mu murenge wa Gatenga mu karere kicukiro, uganira nawo, abasigaye bavuga ko batazibagirwa amarira coronavirusi yabateye ubwo (…)

424 Shares 4 Comments
Nyuma yo kurwara Covid-19 yamenye uko yakakoma mu nkokora iterambere rye
Nyuma yo kurwara Covid-19 yamenye uko yakakoma mu nkokora iterambere rye

Mpozayi Ladslas ucururiza mu karere ka Kicukiro mu bice by’isoko rya Gahanga avuga ko igihe yisangaga yaranduye COVID-19 yatangiye kubara igihombo mu bucuruzi bwe kuko byasabye ko amara igihe mu kato adakora, iterambere rye rirahadindirira.
Mu kiganiro yahaye umunyamakuru yavuze ko na mbere amabwiriza yo kwirinda covid-19 yaje abangamira ibikirwa by’ubucuruzi, ku buryo hari ubwo byasabaga ko adacuruza kuko asanzwe acuruza ibitari ibiribwa byahabwaga umwihariko mu bihe bikomeye nka Guma mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru