Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Umutoza wa Rayon Siport Ivan Minnaert, yahumurije abakinnyi be bari batangiye gucika intege

Monday 4 June 2018
    Yasomwe na

Umutoza Ivan Minnaert yasabye abakinnyi be kudacika intege bagakomeza kurwanira amanota 21 asigaye kugira ngo shampiyona irangire,aho yabibukije ko bagifite amahirwe yo kwegukana igikombe cya shampiyona uyu mwaka.

Nyuma yo kunganya na Police Fc ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize,Minnaert yabwiye abanyamakuru ko ataratakaza amahirwe yo kwegukana igikombe cya shampiyona ndetse ko umukino wa APR FC ariwo abona uzagena uzatwara igikombe.

Rayon Sports isigaranye amahirwe make yo kwegukana igikombe

Yagize ati “Nubwo uyu munsi tutabashije gutwara amanota 3,turacyari mu ntambara yo gushaka igikombe.Abakinnyi banjye barasabwa kugira ubutwari,ntibacike intege,bagakomeza bakarwana.Dufite urugamba rutoroshye rwo gutsinda imikino 7 isigaye,tukabona amanota 21 ari imbere.”

Minnaert yasabye ubusatirizi bwe kwisubiraho bugahindura imyitwarire yabwo imbere y’izamu,kugira ngo bazabashe gutsinda imikino iri imbere irimo uwo bafitanye na APR FC kuwa 16 Kamena 2018.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru