Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Ubumwe bw'Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry'imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y'icyemezo cy'Urukiko rw'Ikirenga

Komisiyo y’Ubumwe bw’Uburayi yatangaje ko nta zamurwa ry’imisoro (tariffs) izemera ku bicuruzwa byoherezwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko Urukiko rw’Ikirenga rwa Amerika ruhagaritse amategeko yari yemereye Perezida Donald Trump gushyiraho imisoro ya rusange ku mbuto zose ziva mu mahanga.
Nyuma y’icyo cyemezo, Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yashyizeho misoro mishya ya 10% ku bicuruzwa byose byinjira mu gihugu, kugera kuri 15% umunsi wakurikiyeho. Ibi byateje impaka (…)

IKINTU KIBI TRUMP AZI CYABA NI INTAMBARA YA 3 Y'ISI: MEDVED ASUBIZA TRUMP
IKINTU KIBI TRUMP AZI CYABA NI INTAMBARA YA 3 Y’ISI: MEDVED ASUBIZA TRUMP

Umuyobozi wungirije w’akanama gashinzwe umutekano mu burusiya, Dimitry Medved yavuze ko ikintu kibi cyaramuka kibayeho mu gihe intambara hagati ya Ukraine n’uburusiya itahagarikwa ari intambara ya gatatu y’isi. Ibi uyu wabaye Perezida w’u burusiya hagati ya 2008 na 2012 yabitangaje nyuma y’ibyari byanditswe na Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump yari yavuze ko perezida Putin ari gukina n’umuriro. Trump abinyujije ku rubuga rwe Truth Social yanditse ati "Icyo Putin atarimo (…)

424 Shares 4 Comments
Amerika yahagaritse gusuzuma Visa z'abanyeshuri.
Amerika yahagaritse gusuzuma Visa z’abanyeshuri.

Ubutegetsi bwa Washington bwasabye ambasade zabwo ziherereye hirya no hino kw’isi kuba zihagaritse by’agateganyo kugenzura ibisabwa ku banyeshuri basaba kujya kwiga muri Amerika kugirango habanze hagenzurwe ibikorwa bakorera ku mbuga nkoranyambaga zabo. Amerika ishimangira ko nta busabe bushya izakira bw’abanyeshuri b’abanyamahanga basaba kujya kwiga muri Kaminuza, ndetse Ambasade zose zategetswe kuba zihagaritse ibikorwa byo gusuzuma ibigendanye na Visa zabo kugeza igihe hazasohokera andi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
ABANTU 81 BARAYE BAGUYE MU BITERO ISRAEL YAGABYE MURI GAZA
ABANTU 81 BARAYE BAGUYE MU BITERO ISRAEL YAGABYE MURI GAZA

Amakuru dukesha ikinyamakuru Al Jazeera avuga ko nibura abantu 81 baguye mu bitero bya Isiraheli yagabye hirya no hino muri Gaza kuva ku wa mbere, harimo 53 baguye mu mujyi wa Gaza.
Amakuru ariho avuga ko uyu mutwe wa Palesitine wemeye icyifuzo cyo guhagarika intambara iri muri Gaza.
Umuvugizi w’umuryango ushinzwe Ubuzima ku Isi avuga ko abantu babayeho nabi muri Gaza, ni mu gihe ibitaro byabuze ibikoresho byo kwa muganga byo kuvura abarwayi, bamwe bagize imvune ziteye ubwoba, ibi (…)

424 Shares 4 Comments
IBITERO BYA ISARAHELI MURI GAZA BYARAYE BIHITANYE ABANTU 54.
IBITERO BYA ISARAHELI MURI GAZA BYARAYE BIHITANYE ABANTU 54.

Abanyapalestina bagera kuri 54 baguye mu bitero bibiri bitandukanye byagabwe n’indege ya Isiraheli, harimo n’igitero cyagabwe ku ishuri ryari ricumbikiye imiryango yimuwe muri Gaza rwagati, nk’uko abayobozi b’ibitaro babitangarije ikinyamakuru BBC dukesha iyi nkuru.
Ishuri rya Fahmi Al-Jargawi riri mu Mujyi wa Gaza ryari ricumbitsemo abantu babarirwa mu magana bimuwe mu mujyi wa Beit Lahia, kuri ubu bakaba bagabweho igitero gikomeye ni igisirikare cya Isiraheli.
Umuvugizi w’ingabo muri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Putin na Trump bemeranyije guhagarika imirwano muri Ukraine.
Perezida Putin na Trump bemeranyije guhagarika imirwano muri Ukraine.

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yongeye kwemeza ko Moscow yiyemeje gukemura ikibazo cya Ukraine mu buryo buboneye nyuma yo kuganira kuri telefoni na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov.
Lavrov yavuze ko u Burusiya bugikomeye ku mwanya wabwo uvuga ko ikibazo cya Ukraine cyatewe n’ibihugu by’iburengerazuba kandi gikeneye igisubizo kirimo ubutabera. Yagize ati Perezida Putin yongeye (…)

424 Shares 4 Comments
Guverineri w'Intara ya Kivu y'amajyepfo Gashinge Gashingira Juvenal yashyinguwe .
Guverineri w’Intara ya Kivu y’amajyepfo Gashinge Gashingira Juvenal yashyinguwe .

none tariki ya 19 Gicurasi2025, mu irimbi rya komine Bagira muri Bukavu. Ni umuhango witabiriwe n’umuhuzabikorwa wungirije wa AFC/M23 Berterand Bisimwa. Sitio Ndoli umunyamakuru wacu yavuganye na Shyaka burugumestre wungirije wa komine Bagira maze avuga ko hari icyo bazibukira kuri Guverineri wungirije ushinzwe finance w’ Intara ya Kivu y’amajyepfo Tariki ya 12 Gicurasi nibwo guverineri wungirije ushinzwe imari muri Kivu y’amajyepfo Gashinge Gashingira Juvenal yitabye Imana nkuko itangazo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Lt Gen de Police Ndirakobuca yasezerewe mu gipolisi
Lt Gen de Police Ndirakobuca yasezerewe mu gipolisi

Tariki ya 9 Gicurasi 2025, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, akaba n’Umuyobozi w’Ikirenga w’inzego z’umutekano z’igihugu, yashyize umukono ku cyemezo gisezerera burundu Lieutenant Général de Police Gervais Ndirakobuca muri Polisi y’u Burundi.
Muri iryo teka, hanasezerewe Général Major de Police Générose Ngendanganya, wari uyoboye Komisiyo ishinzwe kurwanya ikwirakwizwa ry’intwaro nto n’inini, ikorera muri Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu gihugu. Gervais Ndirakobuca, w’imyaka (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru