Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Abapolisi bo muri Pakistan bibeshye barasa ku muryango w'Abanya-Australia, umwana ahasiga ubuzima

Minisitiri w’Intebe wa Australia, Anthony Albanese, yasabye ko hakorwa iperereza ku iraswa ryakozwe na polisi, ryahitanye umukobwa w’Umunya-Australia ndetse rigakomeretsa se na musaza we, mu gihe bari bagiye gusura abo mu muryango wabo muri Pakistan.
Nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru AP kuri uyu Mbere tariki 15 Kamena 2026, abapolisi badasanzwe (commandos) bo muri Pakistan, barashe umuryango w’Abanya-Australia bibeshye ko ari abajura bitwaje intwaro.
Hania Ahmed, umunyeshuri wiga (…)

Kuki hatabaho guhinduka kw'ubutegetsi muri Iran: Donald Trump yatanze umuburo
Kuki hatabaho guhinduka kw’ubutegetsi muri Iran: Donald Trump yatanze umuburo

Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yemeje ko mu gihe ubutegetsi bwa Iran bwaba bunaniwe gukorera neza igihugu cyabo hafatwa umwanzuro wo gukuraho ubutegetsi bwa Ayatollah Ali Khamenei.
Ibi bije nyuma yaho ubutegetsi bw’Amerika butangaje ko mu bitero bagabye muri Iran ikigendanye no gukuraho ubutegetsi ( Regime Change) kitari muri gahunda bafite kuri ubu, nyuma y’ibisasu byagabwe muri Iran mu mpera z’iki cyumweru dusoje. Leta ya Iran yarahiriye kwihorera ku bitero (…)

424 Shares 4 Comments
Inteko ishinga amategeko ya Iran yemeje gufunga umuhora wa Hormouz
Inteko ishinga amategeko ya Iran yemeje gufunga umuhora wa Hormouz

Inteko ishinga amategeko ya Iran yatoye umushinga wemerera leta ya Iran gufunga umuhora wa Hormouz, usanzwe unyuzwamo ibikomoka kuri Peteroli byinshi biva mu burasirazuba bwo hagati byerekezwa hirya no hino kw’isi.
Ibi inteko ya Iran yaraye ibitoye mu rwego rwo kwihimura ku bitero biherutse kugabwa na USA mu bice bitatu bikomeye byo muri Iran bisanzwe bitunganyirizwamo ubutare bwa Nucleaire.
Impuguke mu bukungu zivuga ko gufunga uyu muhora wa Hormouz bishobora gutuma habaho itumbagira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abantu 14 nibo baguye mu bitero by'Uburusiya byibasiye umujyi wa Kyiv muri Ukraine.
Abantu 14 nibo baguye mu bitero by’Uburusiya byibasiye umujyi wa Kyiv muri Ukraine.

Nk’uko tubikesha ikinyamakuru CNN kuri uyu wa kabiri, nibwo hatangajwe ko Uburusiya bwakoresheje drone mu kurasa za misile zibasiye umugi wa Kyiv aho byibuze abantu 14 ari bo bapfu, naho abagera kuri 55 barakomereka.
Abatuye i Kyiv kuva ku wa Mbere, nibwo batangiye kumva ibiturika, kugeza mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri, ibintu byaje guteza umwuka mubi ku bantu benshi batuye muri uyu mujyi.
Ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine zivuga ko ibiturika byakomeje kumvikana kugera kuri (…)

424 Shares 4 Comments
TRUMP YEMEJE KO KUVA MU NAMA YA G-7 NTAHO BIHURIYE NA ISRAEL NA IRAN
TRUMP YEMEJE KO KUVA MU NAMA YA G-7 NTAHO BIHURIYE NA ISRAEL NA IRAN

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yatangaje ko kuba yavuye igitaraganya mu nama ya G7 ntaho bihuriye nuko yaba ari gusaba ko Iran na Israel bahagarika imirwano ko ahubwo aruko hari ibyihutirwa aje gukemura imbere mu gihugu. Ibi Perezida Trump yabigarutseho nyuma y’ibyatangajwe na Emmanuel Macron uyobora ubufaransa wavuze ko Trump yatashye kubera intambara ikomeje kubica bigacika mu burasirazuba bwo hagati, ni ibintu White House yamaganiye kure ivuga ko ntaho bihuriye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Lee Jae-myung YATOREWE KUYOBORA KOREYA Y'AMAJYEPFO
Lee Jae-myung YATOREWE KUYOBORA KOREYA Y’AMAJYEPFO

Lee Jae-myung utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Koreya y’Epfo, yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu, asimbura Yoon Suuk-Yool wegujwe azira ibihe bidasanzwe bya gisirikare yashyizeho mu buryo bunyuranyije n’amategeko tariki ya 3 Ukuboza 2024.
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yagaragaje ko mu gihe hamaze kubarurwa amajwi 95%, Lee wo mu Ishyaka Democratic Party yari afite amajwi 48,85%, Kim Moon-soo wa People Power afite 41,99%.
Ubwo hari hamaze kubarurwa amajwi 85%, Kim yatangaje ko yatsinzwe na (…)

424 Shares 4 Comments
IKINTU KIBI TRUMP AZI CYABA NI INTAMBARA YA 3 Y'ISI: MEDVED ASUBIZA TRUMP
IKINTU KIBI TRUMP AZI CYABA NI INTAMBARA YA 3 Y’ISI: MEDVED ASUBIZA TRUMP

Umuyobozi wungirije w’akanama gashinzwe umutekano mu burusiya, Dimitry Medved yavuze ko ikintu kibi cyaramuka kibayeho mu gihe intambara hagati ya Ukraine n’uburusiya itahagarikwa ari intambara ya gatatu y’isi. Ibi uyu wabaye Perezida w’u burusiya hagati ya 2008 na 2012 yabitangaje nyuma y’ibyari byanditswe na Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump yari yavuze ko perezida Putin ari gukina n’umuriro. Trump abinyujije ku rubuga rwe Truth Social yanditse ati "Icyo Putin atarimo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amerika yahagaritse gusuzuma Visa z'abanyeshuri.
Amerika yahagaritse gusuzuma Visa z’abanyeshuri.

Ubutegetsi bwa Washington bwasabye ambasade zabwo ziherereye hirya no hino kw’isi kuba zihagaritse by’agateganyo kugenzura ibisabwa ku banyeshuri basaba kujya kwiga muri Amerika kugirango habanze hagenzurwe ibikorwa bakorera ku mbuga nkoranyambaga zabo. Amerika ishimangira ko nta busabe bushya izakira bw’abanyeshuri b’abanyamahanga basaba kujya kwiga muri Kaminuza, ndetse Ambasade zose zategetswe kuba zihagaritse ibikorwa byo gusuzuma ibigendanye na Visa zabo kugeza igihe hazasohokera andi (…)

424 Shares 4 Comments
ABANTU 81 BARAYE BAGUYE MU BITERO ISRAEL YAGABYE MURI GAZA
ABANTU 81 BARAYE BAGUYE MU BITERO ISRAEL YAGABYE MURI GAZA

Amakuru dukesha ikinyamakuru Al Jazeera avuga ko nibura abantu 81 baguye mu bitero bya Isiraheli yagabye hirya no hino muri Gaza kuva ku wa mbere, harimo 53 baguye mu mujyi wa Gaza.
Amakuru ariho avuga ko uyu mutwe wa Palesitine wemeye icyifuzo cyo guhagarika intambara iri muri Gaza.
Umuvugizi w’umuryango ushinzwe Ubuzima ku Isi avuga ko abantu babayeho nabi muri Gaza, ni mu gihe ibitaro byabuze ibikoresho byo kwa muganga byo kuvura abarwayi, bamwe bagize imvune ziteye ubwoba, ibi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
IBITERO BYA ISARAHELI MURI GAZA BYARAYE BIHITANYE ABANTU 54.
IBITERO BYA ISARAHELI MURI GAZA BYARAYE BIHITANYE ABANTU 54.

Abanyapalestina bagera kuri 54 baguye mu bitero bibiri bitandukanye byagabwe n’indege ya Isiraheli, harimo n’igitero cyagabwe ku ishuri ryari ricumbikiye imiryango yimuwe muri Gaza rwagati, nk’uko abayobozi b’ibitaro babitangarije ikinyamakuru BBC dukesha iyi nkuru.
Ishuri rya Fahmi Al-Jargawi riri mu Mujyi wa Gaza ryari ricumbitsemo abantu babarirwa mu magana bimuwe mu mujyi wa Beit Lahia, kuri ubu bakaba bagabweho igitero gikomeye ni igisirikare cya Isiraheli.
Umuvugizi w’ingabo muri (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Putin na Trump bemeranyije guhagarika imirwano muri Ukraine.
Perezida Putin na Trump bemeranyije guhagarika imirwano muri Ukraine.

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yongeye kwemeza ko Moscow yiyemeje gukemura ikibazo cya Ukraine mu buryo buboneye nyuma yo kuganira kuri telefoni na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov.
Lavrov yavuze ko u Burusiya bugikomeye ku mwanya wabwo uvuga ko ikibazo cya Ukraine cyatewe n’ibihugu by’iburengerazuba kandi gikeneye igisubizo kirimo ubutabera. Yagize ati Perezida Putin yongeye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru