Iyi nkongi yabaye mu ijoro ryo ku wa 31 Werurwe, yibasiye ububiko bw’intwaro buri mu kigo cya gisirikare kizwi nka ‘Base’, giherereye mu gace ka Musaga i Bujumbura.
Igisirikare cy’u Burundi na Minisiteri y’Umutekano w’imbere mu gihugu, byatangaje ko iyi nkongi yaturutse ku kibazo cy’umuriro w’amashanyarazi.
Mu butumwa Perezida Ndayishimiye yashyize ku rubuga nkoranyambaga rwa X, mu ijoro ryo ku wa 31, yihanganishije Abarundi, ndetse asaba Imana kubana n’u Burundi.
Ati “Nihanganishije (…)
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yatangaje ko kuba yavuye igitaraganya mu nama ya G7 ntaho bihuriye nuko yaba ari gusaba ko Iran na Israel bahagarika imirwano ko ahubwo aruko hari ibyihutirwa aje gukemura imbere mu gihugu. Ibi Perezida Trump yabigarutseho nyuma y’ibyatangajwe na Emmanuel Macron uyobora ubufaransa wavuze ko Trump yatashye kubera intambara ikomeje kubica bigacika mu burasirazuba bwo hagati, ni ibintu White House yamaganiye kure ivuga ko ntaho bihuriye (…)
Lee Jae-myung utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Koreya y’Epfo, yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu, asimbura Yoon Suuk-Yool wegujwe azira ibihe bidasanzwe bya gisirikare yashyizeho mu buryo bunyuranyije n’amategeko tariki ya 3 Ukuboza 2024.
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yagaragaje ko mu gihe hamaze kubarurwa amajwi 95%, Lee wo mu Ishyaka Democratic Party yari afite amajwi 48,85%, Kim Moon-soo wa People Power afite 41,99%.
Ubwo hari hamaze kubarurwa amajwi 85%, Kim yatangaje ko yatsinzwe na (…)
Umuyobozi wungirije w’akanama gashinzwe umutekano mu burusiya, Dimitry Medved yavuze ko ikintu kibi cyaramuka kibayeho mu gihe intambara hagati ya Ukraine n’uburusiya itahagarikwa ari intambara ya gatatu y’isi. Ibi uyu wabaye Perezida w’u burusiya hagati ya 2008 na 2012 yabitangaje nyuma y’ibyari byanditswe na Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump yari yavuze ko perezida Putin ari gukina n’umuriro. Trump abinyujije ku rubuga rwe Truth Social yanditse ati "Icyo Putin atarimo (…)
Ubutegetsi bwa Washington bwasabye ambasade zabwo ziherereye hirya no hino kw’isi kuba zihagaritse by’agateganyo kugenzura ibisabwa ku banyeshuri basaba kujya kwiga muri Amerika kugirango habanze hagenzurwe ibikorwa bakorera ku mbuga nkoranyambaga zabo. Amerika ishimangira ko nta busabe bushya izakira bw’abanyeshuri b’abanyamahanga basaba kujya kwiga muri Kaminuza, ndetse Ambasade zose zategetswe kuba zihagaritse ibikorwa byo gusuzuma ibigendanye na Visa zabo kugeza igihe hazasohokera andi (…)
Amakuru dukesha ikinyamakuru Al Jazeera avuga ko nibura abantu 81 baguye mu bitero bya Isiraheli yagabye hirya no hino muri Gaza kuva ku wa mbere, harimo 53 baguye mu mujyi wa Gaza.
Amakuru ariho avuga ko uyu mutwe wa Palesitine wemeye icyifuzo cyo guhagarika intambara iri muri Gaza.
Umuvugizi w’umuryango ushinzwe Ubuzima ku Isi avuga ko abantu babayeho nabi muri Gaza, ni mu gihe ibitaro byabuze ibikoresho byo kwa muganga byo kuvura abarwayi, bamwe bagize imvune ziteye ubwoba, ibi (…)
Abanyapalestina bagera kuri 54 baguye mu bitero bibiri bitandukanye byagabwe n’indege ya Isiraheli, harimo n’igitero cyagabwe ku ishuri ryari ricumbikiye imiryango yimuwe muri Gaza rwagati, nk’uko abayobozi b’ibitaro babitangarije ikinyamakuru BBC dukesha iyi nkuru.
Ishuri rya Fahmi Al-Jargawi riri mu Mujyi wa Gaza ryari ricumbitsemo abantu babarirwa mu magana bimuwe mu mujyi wa Beit Lahia, kuri ubu bakaba bagabweho igitero gikomeye ni igisirikare cya Isiraheli.
Umuvugizi w’ingabo muri (…)
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yongeye kwemeza ko Moscow yiyemeje gukemura ikibazo cya Ukraine mu buryo buboneye nyuma yo kuganira kuri telefoni na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov.
Lavrov yavuze ko u Burusiya bugikomeye ku mwanya wabwo uvuga ko ikibazo cya Ukraine cyatewe n’ibihugu by’iburengerazuba kandi gikeneye igisubizo kirimo ubutabera. Yagize ati Perezida Putin yongeye (…)
none tariki ya 19 Gicurasi2025, mu irimbi rya komine Bagira muri Bukavu. Ni umuhango witabiriwe n’umuhuzabikorwa wungirije wa AFC/M23 Berterand Bisimwa. Sitio Ndoli umunyamakuru wacu yavuganye na Shyaka burugumestre wungirije wa komine Bagira maze avuga ko hari icyo bazibukira kuri Guverineri wungirije ushinzwe finance w’ Intara ya Kivu y’amajyepfo Tariki ya 12 Gicurasi nibwo guverineri wungirije ushinzwe imari muri Kivu y’amajyepfo Gashinge Gashingira Juvenal yitabye Imana nkuko itangazo (…)
Tariki ya 9 Gicurasi 2025, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, akaba n’Umuyobozi w’Ikirenga w’inzego z’umutekano z’igihugu, yashyize umukono ku cyemezo gisezerera burundu Lieutenant Général de Police Gervais Ndirakobuca muri Polisi y’u Burundi.
Muri iryo teka, hanasezerewe Général Major de Police Générose Ngendanganya, wari uyoboye Komisiyo ishinzwe kurwanya ikwirakwizwa ry’intwaro nto n’inini, ikorera muri Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu gihugu. Gervais Ndirakobuca, w’imyaka (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























