Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Abapolisi bo muri Pakistan bibeshye barasa ku muryango w'Abanya-Australia, umwana ahasiga ubuzima

Minisitiri w’Intebe wa Australia, Anthony Albanese, yasabye ko hakorwa iperereza ku iraswa ryakozwe na polisi, ryahitanye umukobwa w’Umunya-Australia ndetse rigakomeretsa se na musaza we, mu gihe bari bagiye gusura abo mu muryango wabo muri Pakistan.
Nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru AP kuri uyu Mbere tariki 15 Kamena 2026, abapolisi badasanzwe (commandos) bo muri Pakistan, barashe umuryango w’Abanya-Australia bibeshye ko ari abajura bitwaje intwaro.
Hania Ahmed, umunyeshuri wiga (…)

Zelensky yerekeje mu Bufaransa mu gihe intumwa za Ukraine zikomeje ibiganiro n'Abanyamerika ku mugambi wo kugarura amahoro
Zelensky yerekeje mu Bufaransa mu gihe intumwa za Ukraine zikomeje ibiganiro n’Abanyamerika ku mugambi wo kugarura amahoro

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky arerekeza mu Bufaransa kuri uyu wa Mbere, ku nshuro ya kabiri mu byumweru bibiri, mu gihe igihugu cye gihanganye n’ibihe bikomeye bya politiki n’intambara kuva Uburusiya bwagaba ibitero mu 2022.
Ibiganiro na Perezida Emmanuel Macron biza kuba mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishyira igitutu kuri Kyiv ngo yemere umugambi mushya wo kurangiza intambara, mu gihe Ukraine iri mu rusobe rw’ibibazo bya ruswa yagaragaye kubayobozi bakuru.
Perezidansi (…)

424 Shares 4 Comments
Sri Lanka na Indonesia byohereje ingabo muri Asia mu bikorwa byo gutabara nyuma y'imyuzure imaze guhitana hafi abantu 1,000
Sri Lanka na Indonesia byohereje ingabo muri Asia mu bikorwa byo gutabara nyuma y’imyuzure imaze guhitana hafi abantu 1,000

Ibihugu bya Sri Lanka na Indonesia byohereje ingabo kuri uyu wa Mbere mu gufasha abahuye n’ibyago byatewe n’imyuzure ikomeye yibasiye ibice bine by’Asia, ikaba imaze guhitana hafi abantu 1,000. Imvura idasanzwe yaguye mu cyumweru gishize yibasiye igihugu cya Sri Lanka cyose, ndetse n’uturere twa Sumatra muri Indonesia, Thailand y’Amajyepfo ndetse na Malaysia y’Amajyaruguru. Perezida wa Indonesia, Prabowo Subianto, wageze mu majyaruguru ya Sumatra kuri uyu wa Mbere, yavuze ko “ibikorwa bya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Trump yategetse isuzuma rya buri “Green Card” y'abaturuka mu bihugu 19 nyuma y'igitero cyagabwe ku Murwa Mukuru
Trump yategetse isuzuma rya buri “Green Card” y’abaturuka mu bihugu 19 nyuma y’igitero cyagabwe ku Murwa Mukuru

Perezida Donald Trump yategetse iperereza ryihuse ryo kugenzura abantu bose bafite Green Card baturuka mu bihugu ubuyobozi bwe bwita "ibihugu biteye impungenge", nyuma y’aho abasirikare barinda umukuru w’igihugu bagabweho igitero ku wa Gatatu. Ibi byatangajwe ku wa Kane n’umuyobozi w’Ikigo gishinzwe Abimukira n’Abanyamahanga (USCIS), Joseph Edlow. Ubuyobozi bwa Trump bwemeje ko bugiye gusuzuma imiterere y’amategeko y’abimukira bose bafite uburenganzira bwo gutura muri Leta Zunze Ubumwe za (…)

424 Shares 4 Comments
Papa Leo XIV agiye guhura na Erdogan, n'Abayobozi ba Orotodosiki mu ruzinduko rwe rwa mbere hanze y'Ubutaliyani
Papa Leo XIV agiye guhura na Erdogan, n’Abayobozi ba Orotodosiki mu ruzinduko rwe rwa mbere hanze y’Ubutaliyani

Papa Leo XIV aratangira kuri uyu wa Kane uruzinduko rwe rwa mbere hanze y’Ubutaliyani kuva yatororwa muri Gicurasi, aho agiye muri Turukiya mu rwego rwo kuganira ku mahoro no gushimangira ubumwe bw’amadini. Mu murwa mukuru Ankara, biteganyijwe ko arahura na Perezida Recep Tayyip Erdogan ndetse n’abayobozi b’inzego zitandukanye, mbere yo gukomereza i Istanbul. Uyu muyobozi w’Idini Gaturiki ku Isi rifite abakirisitu bagera kuri miliyari 1.4 ni bwo bwa mbere agiye mu mahanga, uruzinduko rwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Urukiko rukuru rw'Ubufaransa rwemeje igihano cya Nicolas Sarkozy ku byaha byo kwaka no kwakira inkunga mu buryo bunyuranyije n'amategeko
Urukiko rukuru rw’Ubufaransa rwemeje igihano cya Nicolas Sarkozy ku byaha byo kwaka no kwakira inkunga mu buryo bunyuranyije n’amategeko

Urukiko rw’Ikirenga rw’u Bufaransa ku wa Gatatu rwemeje burundu igihano cyahawe wahoze ari Perezida Nicolas Sarkozy, cy’uko yasohoye amafaranga mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu bukangurambaga bwo kwiyamamaza mu matora yo mu 2012. Ni imyanzuro ikomeje gukomeretsa izina rye mu murage wa politiki ya Sarkozy, umaze igihe wugarijwe n’ibibazo by’ubutabera. Iki cyemezo kije gikurikira urubanza rundi ruherutse kumushyira mu mateka nk’umuperezida wa mbere w’u Bufaransa nyuma y’Intambara ya II (…)

424 Shares 4 Comments
Abantu 13 bahitanywe n'inkongi y'umuriro muri Hong Kong
Abantu 13 bahitanywe n’inkongi y’umuriro muri Hong Kong

Abantu 13 bapfuye, abandi barakomereka, nyuma y’uko inkongi y’umuriro ikaze yibasiye agace gatuwemo cyane ka Tai Po kuri uyu wa Gatatu.
Inzego zishinzwe ubutabazi zatangaje ko abarenga 700 bashinzwe kuzimya umuriro bari bahanganye n’iyi nkongi, mu gihe abaturage barenga 700 bakuwe mu byabo nyuma y’uko umuriro wari umaze gufata ibice bitandukanye by’inyubako ndende zigizwe n’amazu yo guturamo.
Umuriro watangiriye mu nyubako zari ziri gusanwa, bikekwa ko bimwe mu bikoresho birimo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umuryango w'Abibumbye wahaye umugisha icyifuzo cya Trump cyo kohereza ingabo z'amahanga muri Gaza
Umuryango w’Abibumbye wahaye umugisha icyifuzo cya Trump cyo kohereza ingabo z’amahanga muri Gaza

Ikinyamakuru RFI cyanditse ko Akanama k’Umutekano k’umuryango w’Abibumbye (ONU) katoye gashyigikira umugambi wa Perezida Donald Trump wo kohereza ingabo mpuzamahanga muri Gaza.
Iki cyemezo cyaraye gifatiwe i New York, cyashyigikiwe n’ibihugu 13 muri 15 bigize Akanama, Amerika ibifata nk’iherezo ry’intambara muri aka karere. Ni mu gihe Uburusiya n’Ubushinwa byifashe, Hamas iwamaganiye kure, ivuga ko uyu mwanzuro ubogamye.
Akanama k’Umutekano ka ONU kemeje uyu mugambi wa Amerika wemerera (…)

424 Shares 4 Comments
MALI: Ikibazo cy'ibura ry'ibikomoka kuri petelori gikomeje kutavugwaho rumwe
MALI: Ikibazo cy’ibura ry’ibikomoka kuri petelori gikomeje kutavugwaho rumwe

Amezi abaye 2 mu gihugu cya Mali, ibura ry’ibikomoka kuri peteroli risa n’iryahagaritse ubuzima. Ni Ikibazo bashinja inyeshyamba za JNIM (umutwe wa al-Qaeda mu karere), ndetse n’ibitero byakunze kugabwa mu majyepfo. Ibi byakuruye umwuka mubi n’amakimbirane atarigeze kubaho mugihugu.
Ubutegetsi bw’inzibacyuho burahamagarira abaturage kubwiyungaho bugatera umugongo ibikorwa by’imitwe y’iterabwoba bivugwa ko yaba ishyigikiwe na bimwe mu bihugu byo mu mahanga.
Ku rundi ruhande, abatavuga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Yakatiwe urwo gupfa nyuma yo guhamwa icyaha cyo kwicisha icyuma umukobwa we
Yakatiwe urwo gupfa nyuma yo guhamwa icyaha cyo kwicisha icyuma umukobwa we

Kuri uyu wa 30 nzeli umubyeyi n’umuhungu we bakomoka mu gihugu cya Tanzania baregwa kwica Beatrice Magombola, akaba n’umunyamuryango wabo bakatiwe kunyongwa kugeza bapfuye nyuma yo guhamwa nicyo cyaha bikekwa ko cyabaye ku ya 1 Ukuboza 2020 mu gace ka Kijichi.
Urukiko Rukuru rwa Dar es Salaam, ku ishami rito rikorera mu rukiko rwa Kisutu, rwakatiye urwo gupfa Sophia Mwenda w’ufite imyaka 64 hamwe n’umuhungu we Alphonse Magombola ufite imyaka 39 kunyongwa kugeza bapfuye, nyuma yo guhamwa (…)

424 Shares 4 Comments
Gaza:Amahoro yemejwe na Trump I Gaza arashoboka?
Gaza:Amahoro yemejwe na Trump I Gaza arashoboka?

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,yatangaje ko Gaza igiye kubona amahoro bigizwemo uruhare na Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu. Byaganiweho kuri uyu wa Mbere I Washington . Uwo mugambi wakiriwe neza n’ibihugu bikomeye by’Abarabu ndetse n’abayobozi b’u Burayi, ariko Hamas ntirawemeza.
RFI(Radio mpuzamahanga y’abafaransa) itangazako Gahunda yo kugarura amahoro I Gaza igizwe n’ingingo 20, isaba ko habaho ihagarikwa ry’imirwano no (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru