Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Perezida w'u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y'uko ububiko bw'intwaro z'igisirikare cy'u Burundi bufashwe n'inkongi y'umuriro

Iyi nkongi yabaye mu ijoro ryo ku wa 31 Werurwe, yibasiye ububiko bw’intwaro buri mu kigo cya gisirikare kizwi nka ‘Base’, giherereye mu gace ka Musaga i Bujumbura.
Igisirikare cy’u Burundi na Minisiteri y’Umutekano w’imbere mu gihugu, byatangaje ko iyi nkongi yaturutse ku kibazo cy’umuriro w’amashanyarazi.
Mu butumwa Perezida Ndayishimiye yashyize ku rubuga nkoranyambaga rwa X, mu ijoro ryo ku wa 31, yihanganishije Abarundi, ndetse asaba Imana kubana n’u Burundi.
Ati “Nihanganishije (…)

IMIRWANO IKOMEYE YAHITANYE ABARWANYI 27 B'UMUTWE WA FARC MURI COLOMBIA
IMIRWANO IKOMEYE YAHITANYE ABARWANYI 27 B’UMUTWE WA FARC MURI COLOMBIA

Nibura abarwanyi 27 bo mu nyeshyamba zirwanya ubutegetsi muri Colombia nibo bishwe mu gihugu hagati nyuma yo kurwana n’irindi shami ry’abarwanyi bahanganye, aya ni amakuru atangazwa n’uruhande rw’igisirikari cya leta. Ibi byakomeye cyane mu gihe hari icyuka cy’amakimbirane mu karere byongerewe ingufu n’igikorwa cya Amerika muri Venezuela ndetse no gutera ubwoba igihugu cya Colombia bikozwe na perezida Donald Trump.
Iyi mirwano ni imwe ikomeye yabaye mu mezi make ashize, ikaba yarabereye (…)

424 Shares 4 Comments
Gaza yinjiye mu cyiciro cya kabiri cy'agahenge, mu gihe Israel yo ikomeje ibitero
Gaza yinjiye mu cyiciro cya kabiri cy’agahenge, mu gihe Israel yo ikomeje ibitero

Agace ka Gaza kinjiye mu cyiciro cya kabiri cy’amasezerano yo guhagarika imirwano, nk’uko byemejwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu rwego rwo gutegura inzibacyuho y’ubuyobozi bwa Gaza nyuma y’imyaka irenga ibiri y’intambara imaze guhitana ubuzima bw’abatati bacye.
Nubwo aya masezerano yatangiye gushyirwa mu bikorwa, ingabo za Israel zakomeje kugaba ibitero muri Gaza, aho byahitanye byibura Abanyapalestina 10, abandi benshi bagakomereka.
Nk’uko bitangazwa na Al Jazeera, ibi byateye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
AFC/M23 yasabye imiryango mpuzamahanga irimo MONUSCO kuza mu mujyi wa UVIRA
AFC/M23 yasabye imiryango mpuzamahanga irimo MONUSCO kuza mu mujyi wa UVIRA

FC/M23 yatangaje ku mugaragaro ko yashyize umujyi w’ingenzi wa Uvira mu maboko y’umuryango mpuzamahanga, nk’uko bigaragara mu ibaruwa yo ku wa 15 Mutarama 2026 yandikiwe Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres.
Iyo baruwa yashyizweho umukono na Corneille Nangaa Yobeluo, umuhuza wa politiki wa AFC/M23, ikurikiye icyemezo cyo kwikura kw’ingabo z’uwo mutwe cyatangajwe bwa mbere ku wa 15 Ukuboza 2025 kandi cyongeye gushimangirwa vuba aha, mu gihe banagaragaje (…)

424 Shares 4 Comments
PEREZIDA TRUMP YABURIYE IRAN ISHAKA KUMANIKA UWO YAFATIYE MU MYIGARAGAMBYO
PEREZIDA TRUMP YABURIYE IRAN ISHAKA KUMANIKA UWO YAFATIYE MU MYIGARAGAMBYO

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yashimangiye ko Leta ayoboye izafata ingingo zikomeye kuri Iran niramuka imanitse abigaragambya, nyuma y’uko ejo yari yabwiye abanya-Iran ko ubutabazi buri bugufi.
Ibi byaje nyuma yaho abavandimwe b’umusore w’imyaka 26, Erfan Soltani, watawe muri yombi mu cyumweru gishize babwiye BBC ishami ry’igipersi ko aza kwicwa uyu munsi. Abarenga 2400 bari mu myigaragambyo yamagana Leta nibo bamaze kugwa muri iyo myigaragambyo bishwe n’inzego za (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Museveni agiye guhatanira Manda ya 7
Perezida Museveni agiye guhatanira Manda ya 7

Mu gihugu cya Uganda hateganyijwe amatora azaba 15 Mutarama 2026, ubwo Perezida Kaguta Yoweri Museveni, azaba ahatanira Manda ya 7.
Yoweri Museveni ni Perezida wa Uganda watangiye kuyobora Uganda guhera 1986, bivuze ko amaze imyaka 40 ari Perezida wa Uganda.
Bivuze ko mu gihe yatorwa kuri iyi manda yayobora igihe cy’imyaka 5.
Museveni yinjiye ku butegetsi bwa mbere nyuma yo kuyobora umutwe w’inyeshyamba wahiritse ubutegetsi bwari buriho, bikaba byaragaragaje impinduka zikomeye mu (…)

424 Shares 4 Comments
ABANTU 22 BAGUYE MU MPANUKA Y'IMASHINI YUBAKA MURI THAILAND
ABANTU 22 BAGUYE MU MPANUKA Y’IMASHINI YUBAKA MURI THAILAND

Nibura abantu basaga 22 biravugwa ko bahitanywe n’impanuka y’ikimashini cyubaka muri Thailand kizwi nka Cranes cyagwiriye gariyamoshi yarimo igenda mu nzira yayo.
Amakuru atangwa n’inzego z’ubuyobozi muri Thailand avuga ko yari itwaye abantu bagera kw’195 ikaba yavaga mu mujyi wa Bangkok yerekeza mu ntara iherereye mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Thailand. biravugwa ko abantu basaga 80 bakomerekeye muri iryo sanganya- harimo umwe ufite umwaka w’amavuko.
Umwe warokotse iyo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Bobi Wine yahanganye n'uburinzi bukaze muri Karamoja, bimubuza kwerekeza mu bice bya Moroto na Napak
Bobi Wine yahanganye n’uburinzi bukaze muri Karamoja, bimubuza kwerekeza mu bice bya Moroto na Napak

Umukandida wa Perezida w’ishyaka NUP, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yagize ingorane mu rugendo rwo kwiyamamaza muri Karamoja, aho abapolisi n’ingabo bamubuza kugera mu turere twa Moroto na Napak, bituma abafana be bategereza igihe kirekire.
Nk’uko akanama ka komisiyo y’amatora kabivuga, Bobi Wine yari ateganyirijwe kwiyamamaza mu turere twa Amudat, Moroto na Napak. Ku wa kabiri, yabuze uburyo bwo kugera muri Moroto na Napak, ibintu byateje umujinya mu bafana be bategereje amasaha (…)

424 Shares 4 Comments
Venezuela igiye kohereza ingunguru za peteroli zigera kuri miliyoni 50 muri Amerika
Venezuela igiye kohereza ingunguru za peteroli zigera kuri miliyoni 50 muri Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Venezuela izashyikiriza Amerika hagati ya miliyoni 30 na 50 z’ingunguru za peteroli zari zarafatiwe ibihano, zikazagurishwa ku giciro cy’isoko amafaranga avuyemo akagenzurwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Trump yavuze ko ayo mafaranga azakoreshwa mu nyungu z’abaturage ba Venezuela n’aba Amerika.
Ubuyobozi bwa Amerika buvuga ko iyo peteroli yamaze gukurwa mu butaka, igice kinini kikaba kiri mu mato kigiye kujyanwa mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
AFC/M23 ishinja MONUSCO kwivanga mu gitero cya drone cyahitanye abaturage ba Masisi-Centre muri RDC
AFC/M23 ishinja MONUSCO kwivanga mu gitero cya drone cyahitanye abaturage ba Masisi-Centre muri RDC

AFC/M23 irashinja intumwa y’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) kuba ifite uruhare mu gitero cya drone cyahitanye nibura abantu 10 kandi bikomeretsa abandi barenga 50 ku wa 4 Mutarama muri Masisi-Centre, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Mu itangazo yashyize ku rubuga rwa X ku Cyumweru, umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yavuze ko ibikorwa byo gucukumbura amakuru (reconnaissance) bya MONUSCO bifasha Ingabo zishyigikiye Leta ya Kinshasa gukora (…)

424 Shares 4 Comments
Minisitiri w'Intebe wa Qatar avuga ko kutubahiriza amategeko yo guhagarika imirwano kwa Isiraheli bibangamira izindi nzira y'amahoro ya Gaza
Minisitiri w’Intebe wa Qatar avuga ko kutubahiriza amategeko yo guhagarika imirwano kwa Isiraheli bibangamira izindi nzira y’amahoro ya Gaza

Minisitiri w’Intebe wa Qatar yaburiye ko kutubahiriza amasezerano yo guhagarika imirwano ya Gaza buri munsi bibangamira amasezerano yose, kuko yasabye ko habaho intambwe yihutirwa mu cyiciro gikurikira cy’amasezerano yo kurangiza intambara ya Isiraheli ku karere k’Abanyapalestina kagoswe.
Sheikh Mohammed bin Abdulrahman bin Jassim Al Thani yatanze ubu butumwa nyuma y’ibiganiro na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Marco Rubio i Washington kuwa gatatu, aho (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru