Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umuryango w’Abibumbye watangaje ko wababajwe cyane n’amakuru yatanzwe na Guverinoma y’u Bugereki, yavuze ko ku Cyumweru tariki 16 Ukwakira yatahuye abimukira 92 basa nk’aho bambaye ubusa kandi bakomerekejwe, ubwo bahatirwaga kwambuka umugezi wa Evros bava muri Turikiya binjizwa ku butaka bw’u Bugereki.
Mu butumwa Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi UNHCR, ryanyujije kuri Twiter ryagize riti: “Twamaganye icyo gikorwa cya kinyamaswa kandi (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abasirikare babiri bo ku ipeti rya colonel gisirikare cya Congo, FARDC, bagejejwe mu rukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru bashinjwa kugira uruhare mu ifatwa ry’umujyi wa Bunagana.
Hashize amazi ane uyu mujyi uri ku mupaka na Uganda hamwe n’uduce two hafi yawo mu karere ka Rutshuru, byigaruriwe n’umutwe wa M23 wirukanye ingabo za leta.
Col Désiré Lobo na Col Jean-Marie Diadia wa Diadia bari bakuriye imitwe y’ingabo za FARDC, bararegwa ibyaha (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abarimu n’abanyeshuri bo muri Minembwe biriwe mu myigaragambyo bamagana ubwicanyi bwakorewe umunyeshuri wabo bukozwe n’umusirikari wa FARDC amutemaguye, aho bavuga ko yazize ko yasaga n’Abanyamulenge.
Ni imyigaragambyo yabereye muri teriwari uya Fizi mu Burasirazuba bwa Congo.
Yitabiriwe n’abanyeshuri hamwe n’abarimu nyuma y’urupfu rw’uwitwa Mugaza Samuel, umusore uri mu kigero k’imyaka 16 y’amavuko wigaga mu mwaka wa munani.
Yishwe atemaguwe n’umwe mu (…)
David Wakikona, umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Uganda yashimutiwe i Nairobi nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru byo muri Uganda.
Ahagarariye Intara ya Bukigai mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda.
Bivugwa ko yari yagiye gusura ikigo kitwa Nairobi Central Business District (CBD).
Daily Monitor yanditse ko uriya mudepite yari ari mu modoka ya tagisi agiye ahitwa Mboya.
Umupolisi uyobora Intara ya Kilimani niwe watangaje iby’iryo shimutwa.
Hagati aho ntacyo ubuyobozi (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
U Burusiya bwateye missiles nyinshi mu murwa mukuru Kyiv n’indi mijyi itandukanye, nyuma y’igihe nta bisasu bigwa mu murwa mukuru wa Ukraine.
Abatangabuhamya bavuga ko ibisasu ahanini byaguye mu muhanda wa Tereschenkovskaya mu karere ka Shevchenko, hafi y’inyubako ikoreramo Ibiro bikuru by’iperereza bya Ukraine.
Meya w’Umujyi wa Kyiv, Vitaly Klitschko, yatangaje ko ibikorwa remezo byinshi byangijwe.
Byanatangajwe ko mu bisasu 75 byatewe ibigera kuri 44 (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Perezida wa Congo Brazaville, Denis Sassou Nguesso, yasuye umuturanyi we Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo baganira ku bibazo birimo umutwe wa M23 umaze amezi arenga atatu wigaruriye Umujyi wa Bunagana n’utundi duce.
Byari ku butumire bwa Félix Antoine Tshisekedi wa Congo DRC.
Ibitero by’umutwe wa M23 byubuye muri Gicurasi 2022, usaba Leta ya DRC kubahiriza amasezerano bagiranye i Nairobi muri Kenya, yari imbere ku murongo w’ibyaganiriwe n’aba Perezida (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yavuze ko abantu b’abatinganyi bari mu buyobe kuko bitandukanyije na kamere.
Yavuze ko basingijwe n’imiryango itari iya leta batwarwa n’amadolari y’abazungu.
Yagize ati: “Abo bantu bo mu miryango itari iya leta iba yahawe amafaranga n’abazungu baratubwira ngo habaho uburyo bwo kubaho bubiri, ngo hari uburyo busanzwe n’ubundi bubangikanye gusa twebwe si uko tubusobanura.”
Museveni yanavuze ko abatinganyi bahozeho (…)
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yikomye ba minisitiri n’abandi bayobozi bakuru bigira ibihangange, abibutsa ko ntanumwe uri hejuru y’amategeko.
Yavuze ko yifuza ko nta minisitiri cyangwa undi muyobozi uzongera kwigira igihangange kuko kuri we, nta n’umwe uri hejuru y’amategeko.
Umukuru w’igihugu yabitangarije mu mwiherero wamuhuje na ba minisitiri bagize reta y’u Burundi, harimo minisitiri w’intebe n’abajyamama ba perezida. Ni umwiherero w’iminsi ibiri, w’abagize leta ukomeje (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ambasade y’u Burundi muri Uganda yahagaritse ibikorwa byo kuvugiriza ingoma gakondo zabwo muri iki gihugu kuko bisigaye bikorwa mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Ambasaderi Epiphanie Kabushemeye yategetse ko amatsinda yose afite izi ngoma muri Uganda agomba kuzishyikiriza Ambasade y’u Burundi muri iki gihugu.
Mu itangazo ryashyizwe hanze, Ambasaderi Kabushemeye yakomeje avuga ko ku wa 6 Ukwakira 2022 hateganyijwe inama izasobanurirwamo amategeko agenga (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Mu minsi ishize Umusirikare ukomeye muri Congo (DRC) yagaragaye mu mihanda i Kinshasa we n’abasirikare yari ayoboye basaba Umukuru w’igihugu kubaha uburenganzira bwo gutera u Rwanda ku mugaragaro.
Mu itangazo ritunguranye, Perezida Tshisekedi yagize Lt Gen Christian Thiwewe Songesha, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo asimbuye Célestin Mbala Munsense.
Umwanya yariho yahise awushyiramo Maj Gen Kabi Kiriza Ephraim wari asanzwe ari (…)
57 bishwe n’imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Ituri
19 August 2022Minisitiri muri Congo yasabiye FDLR ibiganiro n’u Rwanda
13 January 2023
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























