Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Ishyaka ryacu rishyize imbere imibereho myiza y'Abaturage, Senateri Dr Frank Habineza

Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)

Kenya: Ishyaka riri ku butegetsi ryahakanye gukuraho manda za perezida
Kenya: Ishyaka riri ku butegetsi ryahakanye gukuraho manda za perezida

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ihuriro ry’amashyaka riri ku butegetsi muri Kenya rirahakana ko rifite akaboko mu busabe bw’umwe mu badepite baryo wasabye guhindura ingingo ya manda z’Umukuru w’Igihugu.
Itegekonshinga rya Kenya ryemerera perezida gutegeka manda ebyiri gusa z’imyaka itanu iahobora kongerwa inshuro imwe.
Umudepite witwa Salah Yakub, mu ntangiriro z’iki cyumweru yavuze ko ihuriro riri ku butegetsi rizasaba ivugururwa ry’itegekonshinga, izo manda zikavaho ahubwo perezida (…)

424 Shares 4 Comments
Gen Muhoozi yahakanye ko M23 atari ibyihebe
Gen Muhoozi yahakanye ko M23 atari ibyihebe

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umujyanama wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni mu by’umutekano akaba n’umuhungu we, Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko atabona M23 nk’umutwe w’iterabwoba nk’uko Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ibivuga.
Yeruye ko abona M23 ari umutwe uharanira uburenganzira bw’abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi muri iki gihugu.
Ibi Gen Muhoozi yabitangaje ku Cyumweru tariki 6 Ugushyingo 2022.
Abivuze mu gihe Guverinoma ya RDC yatangiye gushinja (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Donald Trump ashobora kongera kwiyamariza kuba Perezida wa USA
Donald Trump ashobora kongera kwiyamariza kuba Perezida wa USA

Yanditswe na Nimugire Fidelia
Uwahoze ari Perezida wa 45 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, arateganya kongera kwiyamamariza kuyobora iki gihugu.
Trump ubwe yaciye amarenga ko mu 2024 yifuza kongera guhatanira kuyobora Amerika.
Yari mu Mujyi wa Iowa, aho yabwiye abamushyigikiye ati: “Ubu rero kugira ngo igihugu cyacu cyongere gitekane kandi gikomere, ahari nzongera mbikore.”
Yakomeje agira ati “Mwitegura, ni ibyo nababwira, vuba aha cyane, mwitegure.”
Umwe mu bajyanama (…)

424 Shares 4 Comments
Ikindi gisasu karundura cyageragejwe na Korea ya Ruguru, itanga gasopo kuri Amerika na Korea y'Epfo
Ikindi gisasu karundura cyageragejwe na Korea ya Ruguru, itanga gasopo kuri Amerika na Korea y’Epfo

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Koreya ya Ruguru yagerageje igisasu karundura gifite ubushobozi bwo kwambukiranya imigabane (ICBM), mu mugambi wayo imazemo igihe wo kugaragaza ubushobozi bwayo mu bya gisirikare ku buryo yahangana na Amerika ishyigikiye Koreya y’Epfo bisanzwe bitarebana neza.
Koreya y’Epfo yatangaje ko icyo gisasu cyaterewe mu gace ka Sunan mu Mujyi wa Pyongyang mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, aho bivugwa ko ibindi bisasu bibiri byakurikiyeho mu gihe cy’isaha imwe. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
TPLF n'ingabo za leta ya Ethiopia bemeye gutanga agahenge
TPLF n’ingabo za leta ya Ethiopia bemeye gutanga agahenge

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Guverinoma ya Ethiopia n’inyeshyamba z’Ishyaka rya TPLF bemeranyije guhagarika imirwano nyuma y’imyaka ibiri n’igice bahanganiye mu Majyaruguru y’Igihugu.
Ni umwanzuro wagezweho kuri uyu wa Gatatu mu biganiro by’amahoro bihagarikiwe n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, byaberaga muri Afurika y’Epfo.
Uku guhagarika imirwano kwitezweho gutuma inzira zifungurwa, imiryango y’abagiraneza igatangira kugeza ubufasha ku bihumbi by’abaturage bavuye mu byabo. (…)

424 Shares 4 Comments
Abaturage batwitse imodoka za MONUSCO
Abaturage batwitse imodoka za MONUSCO

mu ijoro ryo kuwa kabiri nibura hatwitswe imodoka imwe y’ingabo za ONU muri DR Congo ahitwa i Kanyaruchinya mu ntera ya kilometero zitarenze 10 mu majyaruguru y’umujyi wa Goma bayishinja gukorana na M23.
Ibinyamakuru byo muri DR Congo bivuga ko umurongo w’imodoka za ONU watewe n’abaturage barakaye ari nabwo bigabije imwe bayiha inkongi y’umuriro.
Ni nyuma y’uko kuwa kabiri nimugoroba MONUSCO itangaje kuri Twitter ko yakoze “amayeri yo kuva i Rumangabo” ibyumvikanyeho n’abafatanya nayo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nta sasu na rimwe irashe M23 ifashe akandi gace
Nta sasu na rimwe irashe M23 ifashe akandi gace

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umutwe wa M23 ukomeje kwigarurira ibice byinshi bitandukanye muri Teritwari ya Rutshuru Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 31 Ukwakira 2022, M23 wongeye kwigarurira agace ka Mabenga muri teritwari ya Rutshuru.
Amakuru aremeza ko abarwanyi ba M23 binjiye muri Mabenga mu gitondo cyo kuri uyu wambere , ingabo za FARDC zihita ziyabangira ingata zitarwanye.
Ibi byatumye abarwanyi ba M23 bafata ako gace batarashe isasu na rimwe.
Ku (…)

424 Shares 4 Comments
Brazil: Lula atsinze Bolsonaro mu matora ya Perezida
Brazil: Lula atsinze Bolsonaro mu matora ya Perezida

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Brazil yasubiye mu murongo wa politiki w’abaharanira impinduka, nyuma yuko Luiz Inácio Lula da Silva wahoze ari Perezida atsinze Jair Bolsonaro wari usanzwe ari Perezida.
Nyuma y’ibikorwa byo kwiyamamaza byatanzwemo gushyamirana kw’aba bacyeba muri politiki, Lula yatsinze amatora n’amajwi 50.9%.
Ayo yari ahagije ngo atsinde Jair Bolsonaro. Abashyigikiye Bolsonaro bari bafite icyizere ko atsinda aya matora. Ariko gucikamo ibice kwagaragajwe n’aya matora (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
AU yatumiye abahanganye muri Congo kwitabira ibiganiro bitegerejwe i Nairobi
AU yatumiye abahanganye muri Congo kwitabira ibiganiro bitegerejwe i Nairobi

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umuyobozi w’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe, AU, Macky Sall akaba na Perezida wa Senegal, we na Perezida wa komisiyo y’uyu muryango Moussa Faki Mahamat, basabye ko intambara muri Congo ihagarara.
Itangazo basohoye kuri iki cyumweru, rivuga ko Africa yunze Ubumwe ihangayikishijwe cyane no kuba ibintu biba bibi cyane mu Ntara z’Uburasirazuba bwa Congo.
AU yasabye impande zihanganye “guhita zihagarika imirwano, kubahiriza amategeko mpuzamahanga, umutekano (…)

424 Shares 4 Comments
Guteres na Kagame baganiriye ku birebana n'umutekano mucye muri Congo
Guteres na Kagame baganiriye ku birebana n’umutekano mucye muri Congo

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Perezida Kagame yatangaje ko yagiranye ikiganiro n’Umunyamabanga Mukuru wa UN, Antonio Gouterres, ku kibazo cy’umutekano mucye uri mu Burasirazuba bwa Congo.
Ni ikiganiro cyabaye kuri telefone, mu gihe hakomeje imirwano hagati y’ingabo za Leta ya Congo FARDC n’umutwe w’inyeshyamba wa M23.
Ni ikiganiro kandi kibaye nyuma y’amasaha macye Congo ifashe icyemezo cyo kwirukana uhagarariye inyungu z’u Rwanda i Kinshasa, Amb. Vincent Karega.
Kuri Twittwe ye, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru