Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abaturiye umupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi, ku ruhande rw’akarere ka Bugesera barasaba ko hakurwaho amananiza y’amafaranga menshi basabwa.
Ibyumweru hafi 3 bigiye gushira imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi ifunguye, gusa nubwo bimeze bityo abaturiye imipaka mu Bugesera baracyabangamiwe n’uko bo batabasha kwambuka.
Ikibazo nyamukuru ngo ni amafaranga bakwa yo kwipimisha Covi-19 ku mupaka.
Abaturage impamvu batishimira guca kuri duwane bambuka, (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ku cyumweru Perezida wa Kenya, William Ruto yerekeje Kinshasa mu rwego rwo gushakira hamwe amahoro arambye mu karere.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Congo Kinshasa, bivuga ko Perezida wa Kenya ari mu ruzinduko rw’akazi ruri mu rwego rwo gutegura ibiganiro by’i Nairobi bigamije kumvikanisha ubutegetsi buriho muri Congo n’imitwe yitwaje intwaro mu burasirazuba bw’icyo gihugu.
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere, Perezida Ruto na Perezida Félix-Antoine (…)
Kuri uyu wa 11 Ugushyingo, ku Bafaransa byari umunsi wo kwizihiza isabukuru y’amasezerano yo guhagarika intambara (Armistice) yo mu 1918 no guha icyubahiro abapfuye bose ku Bufaransa.
Imihango ibera ku butaka bwose bw’Ubufaransa n’ahantu hose, abasirikare b ’Abafaransa bari mu butumwa bw’akazi.
Ni mu rwego rwo kwizihiza umunsi w’igihugu wo kwibuka intsinzi n’amahoro.
Abafaransa bibuka buri wa 11 Ugushyingo intsinzi y’ingabo z’Abafaransa mu 1918. Intsinzi ya gisirikare, ariko "kwiyahura (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abanyamakuru muri DRC bahawe gasopo ikomeye ko uzafatwa aha ijambo umutwe wa M23 azamburwa uburenganzira bwo gukorera muri icyo gihugu akanakurikiranwaho gukorana n’umwanzi.
Babwiwe ko gutangaza amakuru meza ku mutwe wa M23 biyitiza umurindi wo kugera kuri politiki yayo, bikagira ingaruka mbi ku ngabo za Leta ziri ku rugamba.
Mu Cyumweru gishize Impuzamashyirahamwe y’ibinyamakuru muri congo (UNPC), yamensheje abanyamakuru bose ko uzaha mikoro M23 azamburwa (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ikiciro cya kabiri cy’abasirikare ba Kenya bahagurutse ku kibuga cy’indege cya gisirikare cya Embakasi muri Nairobi berekeza i Goma muri DRC.
Icyo kiciro kigizwe n’abandi basirikare bagera kuri 900 bagiye mu butumwa bw’umutwe w’ingabo za Africa y’iburasirazuba (EAC) zo kurwanya inyeshyamba mu burasirazuba bwa DRC.
Izi ngabo zifite ubutumwa bwo gufatanya n’igisirikare cya DRC kurwanya inyeshyamba muri ako gace k’uburasirazuba.
Mu ntara za Kivu zombi na (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Igisasu cyatewe mu Murwa Mukuru wa Turikiya, Istanbul kuri iki Cyumweru cyahitanye abantu batandatu naho abagera kuri 81 barakomereka.
Icyo gisasu cyatewe n’umugore ahagana saa kumi n’iminota 20 ku masaha y’imbere mu gihugu ku Cyumweru mu gace karimo amaguriro.
Minisiteri y’Umutekano w’imbere mu gihugu yatangaje ko ukekwaho kugaba icyo gitero yamaze gutabwa muri yombi nk’uko inkuru y’Igihe ibivuga.
Visi Perezida, Fuat Oktay yatangaje ko ibi bifatwa (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa DRC, Christophe Lutundula, yatangaje ko bahangayikishijwe n’uburyo Umuryango w’Abibumbye UN uri igihugu cye kugura intwaro zo kwirwanaho imbere y’umwanzi bahanganye.
Mu mezi ashize Perezida wa Congo Felix Tshisekedi yabwiye Umuryango w’Abibumbye ko akeneye gukurirwaho ibihano akabasha kujya ku isoko kugura intwaro zo guhangana n’umwanzi, imvugo yatungaga agatoki u Rwanda cyane ko asanzwe arushinja kuba inyuma y’inyeshyamba (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umuryango w’abibumbye (UN) washinje Ethiopia gukoresha kwicisha inzara nk’intwaro yo mu ntambara muri Tigray, aho uvuga ko ukutahagera kw’imfashanyo kwashyize mu byago 90% by’abaturage.
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS), rivuga ko nta biribwa cyangwa imiti byari byagera mu karere ka Tigray ko mu Majyaruguru ya Ethiopia, nubwo mu cyumweru gishize hashyizwe umukono ku masezerano yo guhagarika imirwano.
Umuyobozi Mmukuru wa OMS, Dr (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umutwe witwaje intwaro wa M23 watangaje ko utazongera kuva ku butaka bwa RD Congo ngo usubire mu buhungiro nk’uko wigeze kubigenza mu 2013.
Waboneheho kurahirira gushyira iherezo ku byatumye begura intwaro.
Mu itangazo ryashyizwe hanze n’umutwe wa M23 rivuga ko mu gihe Leta ya Congo yanze ibiganiro bazarwana nayo kugeza ku iherezo.
M23 yatangaje ko amahitamo yabo ari ibiganiro bigamije gucyemura ibibazo, ariko niba Leta ya Kinshasa yahisemo intambara, (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
DRC yirukanye ku butaka bwayo umunyamakuru wa Reuters nyuma y’uko icyangombwa cye kimwemerera gukorera umwuga we muri iki gihugu kitakiriwe.
Uwo munyamakuru ni Sonia Rolley wahoze akorera RFI mbere yo kujya muri Reuters.
Igitangazamakuru akorera cyatangaje ko muri Nzeri uyu mwaka yasabye icyangombwa kimwemerera gukora nk’umunyamakuru muri DRC.
Icyo gihe yahawe uburenganzira bwo gutara amakuru ku nama yiga ku mihindagurikire y’ikirere yari iri kubera i (…)
57 bishwe n’imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Ituri
19 August 2022Minisitiri muri Congo yasabiye FDLR ibiganiro n’u Rwanda
13 January 2023
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























