Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Leta ya Congo yasabye MONUSCO gushyira mu bikorwa imyanzuro yafatiwe umutwe witwaje intwaro ku ya 23 Ugushyingo.
Mu itangazo Umuvugizi wa MONUSCO yageneye itangazamakuru ku wa 28 Ugushyingo 2022, yavuze ko ubu butumwa bwashyigiye imyanzuro y’uko abarwanyi ba M23, bagomba guhagarika imirwango kandi bagasubira mu birindiro bahozemo mbere.
Iyi myanzuro yafashwe n’abakuru b’ibihugu byo mu karere k’ibiyaga bigari I Luanda muriAngola, ivuga ko mu gihe abarwanyi (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Bamwe mu bari bahagarariye imwe mu mitwe y’inyeshyamba itavuga rumwe na leta ya DRCongo baheze ku kibuga cy’indege kiri mu mujyi wa Goma kubera kubura indege ibageza i Nairobi.
Bari bitabiriye ibiganiro byo gushakira hamwe amahoro arambye mu Burasirazuba bwa Congo, baturutse muri Kivu y’amajyepfo na Maniyema.
Aba bantu baburiye indege mu mujyi wa Goma ni intumwa z’imitwe 11 y’inyeshyamba hamwe n’abandi bahagarariye imiryango itegamiye kuri Leta bose hamwe (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ibikorwa byo gushyigikira Ukraine mu bya gisirikare byasize ububiko bw’intwaro z’ibihugu byinshi mu bigize umuryango wo gutabarana uhuriwemo n’ibihugu by’u Burayi na Amerika, NATO, bukendereye.
Ibi ngo bituma itabasha kubahiriza ibyo abanyepolitiki biyemeje mu gutera inkunga leta ya Kyiv.
Ubushobozi bw’ibihugu byinshi bwamaze kurangira nk’uko ikinyamakuru The New York Times cyabitangaje kuri iki Cyumweru, gihawe amakuru n’umwe mu bayobozi ba NATO.
Nibura (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umutwe wa M23, wongeye guhezwa mu mishyikirano yahuje ubutegetsi bwa Congo n’indi mitwe irenga 40.
Iyi mishyikirano iri kubera i Nairobi muri Kenya muri Safari Park Hotel.
Yatangijwe ku mugaragaro n’umuyobozi mukuru w’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, akaba na Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye, saa Tatu z’igitondo cy’uyu wa 28 Ugushyingo.
Uretse imitwe yitwaje intwaro n’ubutegetsi bwa DRC buhagarariwe n’abarimo Peof. Serge Tshibangu, iyi (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Hoteli yo mu murwa mukuru Mogadishu, yagabweho igitero n’umutwe wa Al-Shabab.
Iyi hoteli izwiho kuba aho abategetsi bo muri leta ya Somalia bakunzw kuba bari.
Nyuma gato y’icyo gitero cyo kuri hoteli Villa Rose cyatangiye ku cyumweru, Minisitiri w’ibidukikije wa Somalia Adam Aw Hirsi yavuze ko nawe ubwe yarokotse igitero.
Hari n’amakuru atemejwe yuko Mohamed Ahmed, Minisitiri w’umutekano wa Somalia, yakomeretse.
Intagondwa zo mu mutwe wa al-Shabab (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umuvugizi wa leta ya Congo DRC yatangaje ko, indege ya gisirikare cy’Ubufaransa yaguye i Kisangani kuwa gatanu ushize, yahaguye iri mu kibazo kandi yasatswe n’inzego zibishinzwe.
Mu kiganiro yahaye abanyamakuru cyaciye kuri televiziyo RTNC ya leta, Patrick Muyaya yavuze ko iyo ndege yari mu rugendo ivuye ku kirwa cya Réunion, igomba guca i Bujumbura, igakomereza i Ndjamena (Tchad).
Muri weekend no muri iki cyumweru amakuru y’iyo ndege yavuzweho cyane ku (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Nakulabye, umupolisi yaburijemo igitero cyari kigiye kugabwa n’umugabo wari uyisatiriye afite imbunda ya AKA47 muri uru rukerera.
Umupolisi wari ku burinzi yabonye umutu wari ufite igisa n’imbunda, agenda asatira sitasiyo yabo mu rukerera ahagana mu ma saa kumi za mugitongo.
Umuvugizi wa polisi wungirije wa Kampala, ASP Luke Owoyesigyire, yavuze ko uyu mu polisi yagerageje kumenya umwirondoro w’uwo mugabo gusa ntibyamushobokera. (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Jair Bolsonaro wahoze ari perezida wa Brésil, yitabaje inkiko ngo ziteshe agaciro ibyavuye mu matora ya Perezida aherutse kuba.
Ni amatora yagaragaje ko Luiz Inacio Lula da Silva ari we watsindiye intebe nkuru kuruta izindi muri icyo gihugu.
Biteganyijwe ko Lula azarahirira kuyobora Brésil tariki 1 Mutarama 2023, agasimbura Bolsonaro wari umaze ine ku butegetsi.Mu kirego yatanze, Jair Bolsonaro yavuze ko hari imashini zifashishijwe mu gutora kandi (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Polisi ya Amerika USA ivuga ko abantu bagera ku 10 barashwe n’umutu witwaje imbunda kuri uyu wa Gatatu.
Barasiwe mu iduka rya Walmart ahitwa Chesapeake muri leta ya Virginie.
Amakuru dekesha ibitangazamakuru byo muri USA avuga ko umugabo ushinzwe ububiko yarashe hanyuma agahindukiza imbunda akarasa abantu.
Umujyi wa Chesapeake wanditse kuri Twitter, ko abapolisi bemeje ko hari umuntu warashe abantu bagapfa mu iduka rya Walmart.
Nta mpamvu n’imwe y’ubu (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abajura bitwaje imbunda bateze igico imodoka yari itwaye imigati barayicucura mu gave ka Kasarari muri Kenya.
The Nation yatangaje ko ubu bujura bwabaye mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 21 Ugushyingo 2022, ubwo aba bajuru bategaga imodoka yo mu bwoko bwa Hyundai isanzwe ikoreshwa n’uruganda rwa ‘Elliot’s Bakery’ rukora imigati.
Amakuru atangwa na Polisi yo muri Kenya avuga ko nyuma yo guhagarika iyi modoka, aba bajura bapakuruye imigati yose yari irimo, (…)
57 bishwe n’imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Ituri
19 August 2022Minisitiri muri Congo yasabiye FDLR ibiganiro n’u Rwanda
13 January 2023
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























