Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

M23 yafashe mpiri abasirikare ba FARDC
M23 yafashe mpiri abasirikare ba FARDC

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abarwanyi b’Umutwe wa M23 bafashe mpiri abasirikare 5 mu ngabo za Leta ya Congo, FARDC, mu gace ka Ntamugenga, biyemereye ko bakorana umunsi ku munsi n’abarwanyi ba FDLR mu bitero bagaba kuri M23.
Mu mashusho akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, bahatwa ibibazo n’Umuvugizi w’Igisirikare cya M23, Majoro Willy Ngoma, bemera ko bakorana n’umutwe wa FDLR ndetse ngo no mu bitero bagabye mu gace ka Ntamugenga harimo abarwanyi benshi b’imitwe ya FDLR na (…)

424 Shares 4 Comments
Ingabo za Kenya zari mu butumwa bw'amahoro muri Congo zatashye
Ingabo za Kenya zari mu butumwa bw’amahoro muri Congo zatashye

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ingabo za Kenya zari zoherejwe gufasha iza Congo, FARDC guhangana n’imitwe yitwaje intwaro irimo M23, zasubiye iwabo igitaraganya ku mpamvu zitarasobanuka.
Ikinyamakuru cyo muri Congo, INFOS.CD kuri uyu wa Kabiri cyatangaje ko amakuru yizewe gifite avuga ko izo ngabo zasubiye iwabo bucece.
Uwabahaye amakuru yagize ati: "N’ibiribwa Monusco yari yatanze ngo bitunge ingabo za Kenya byamaze gusubizwa."
Ingabo za Kenya zibaye zarasubiye iwabo, byaba ari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
M23 imaze kubona ibikoresho bihagije kubera FARDC
M23 imaze kubona ibikoresho bihagije kubera FARDC

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Imirwano ihanganishije inyeshyamba za M23 n’ingabo za Leta ya Congo FARDC ikomeje kuba agaterera nzamba [nka kamwe ka Nyina wa Nzamba], ku ko izi ngabo zikomeje gutakaza intwaro zabo ku buryo buteye ubwoba.
Ibi byigaragaje mu mirwano yabaye ku munsi w’ejo, hafi cyane y’umuhanda wa Goma-Rutshuru werekeza GAKO, Kalengera na Rubare.
Izi nyeshyamba zikomeje kugenda zunguka izindi ntwaro zikomeye, ndetse bamwe bakavuga ko gutera izi nyeshyamba ari nko (…)

424 Shares 4 Comments
Johnston yahariye Rishi Sunak ku mwanya wa minisitiri w'intebe
Johnston yahariye Rishi Sunak ku mwanya wa minisitiri w’intebe

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Boris Johnston wari uherutse kuva mu biruhuko yari yaragiyemo, akabivamo atabirangije kugira ngo yongere ahatanire kuba Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, ubu yahariye Rishi Sunak.
Uyu mugabo w’imyaka 42 niwe uri guhabwa amahirwe menshi yo kuba Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu giherutse gupfusha Umwamikazi wari umaze imyaka irenga 70 yimye.
Rishi Sunak, yigeze kuba Minisitiri ushinzwe imari mu Bwongereza ariko aza kwegura kubera ibyo atemeranyagaho na (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
CERULAR yatanze umuti ku cyuho kiri mu itegeko ryo kubona amakuru
CERULAR yatanze umuti ku cyuho kiri mu itegeko ryo kubona amakuru

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Umuryango nyarwanda utari uwa Leta uharanira kubaka igihugu kigendera ku mategeko (Center for Rule of Law Rwanda-CERULAR) watanze icyaba igisubizo ku cyuho kigaragara mu itegeko ryo kubona amakuru mu Rwanda.
Umuyobozi w’uyu Muryango, John Mudakikwa, yavuze ko ubwo basesenguraga bagakora n’ubushakashatsi ku itegeko ryo kubona amakuru, ryo mu 2013 basanze nta bihano biteganywa ku muntu wanze gutanga amakuru asabwa, mu gihe kandi kugeza ubu nta rwego (…)

424 Shares 4 Comments
Rishi Sunak arahabwa amahirwe yo gusimbura Liz Truss
Rishi Sunak arahabwa amahirwe yo gusimbura Liz Truss

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Nyuma yo kwegura kwa Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Liz Truss, kuri uyu wa Kane, urugamba rwo gushaka umusimbura rwatangiye aho mu bahabwa amahirwe menshi ku isonga hari Rishi Sunak.
Biteganyijwe ko gushaka umusimbura wa Liz Truss ku buyobozi bw’ishyaka ry’aba-Conservateurs no ku mwanya wa Minisitiri w’intebe, bizaba byarangiye mu mpera z’icyumweru gitaha.
Nubwo nta numwe biremezwa ko aziyamamariza gusimbura Liz Truss, hari abakandida bahabwa amahirwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kenya: Miguna Miguna wirukanywe mu gihugu yagarutse
Kenya: Miguna Miguna wirukanywe mu gihugu yagarutse

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umunyamategeko uzwi cyane muri Kenya, Bwana Miguna Miguna yagarutse mu gihugu cye.
Yururutse ku kibuga cy’indege kuri uyu wa kane mu gitondo nyuma y’imyaka ine ahunze ubutegetsi bwa Kenyatta.
Ubwo yageraga ku kibuga cy’indege gikuru cya Nairobi avuye mu buhungiro muri Canada, Miguna Miguna yakiriwe n’abamushyigikiye benshi, inshuti ze, na benewabo.
Mu 2018, abategetsi muri Kenya bavuze ko Miguna Miguna - ufite ubwenegihugu bwa Kenya na Canada – atari (…)

424 Shares 4 Comments
Gen Muhoozi ntakozwa icyemezo yafatiwe na Se
Gen Muhoozi ntakozwa icyemezo yafatiwe na Se

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Gen. Muhoozi Kainerugaba, akaba umuhungu wa Perezida wa Uganda, Museveni Yoweri, yatangaje ko atemera na busa icyemezo cya Se cyo kumukumira ku rubuga rwa Twitter, ashimangira ko akuze bihagije byo kwifatira ibyemezo.
Mu kiganiro aheuka kugirana na Televiziyo za KTN yo muri Kenya na NBS yo muri Uganda, Museveni yavuze ko umuhungu we Gen. Muhoozi Kainerugaba atazongera kugira icyo avuga ku byerekeranye na leta kuri Twitter.
Ibyo byabaye nyuma y’ubutumwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ethiopia: Leta yaburiwe ko niramuka ifashe Tigray abasivile bazapfa ari benshi
Ethiopia: Leta yaburiwe ko niramuka ifashe Tigray abasivile bazapfa ari benshi

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abaturage batuye mu ntara ya Tigray bakomeje gutabarizwa n’imiryango mpuzamahanga itegamiye kuri Leta, aho bavuga ko niba ntagikozwe Abasivile bagiye gupfa ari benshi.
Ibintu byanagarutsweho n’abadipolomate baburiye Leta ko niramuka ifashe iriya ntara amaraso y’abasivile azakomeza kumeneka ari menshi.
Abaturage bakomeje kwicwa n’inzara ngo kuko ntanzira n’imwe yo kujya guhaha ihari, si ibi gusa kandi kuko iyo hagize urwara cyangwa se agakomereka adashobora (…)

424 Shares 4 Comments
Abimukira 92 basanzwe ku mupaka wa Turikiya bambaye ubusa banakomerekejwe
Abimukira 92 basanzwe ku mupaka wa Turikiya bambaye ubusa banakomerekejwe

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umuryango w’Abibumbye watangaje ko wababajwe cyane n’amakuru yatanzwe na Guverinoma y’u Bugereki, yavuze ko ku Cyumweru tariki 16 Ukwakira yatahuye abimukira 92 basa nk’aho bambaye ubusa kandi bakomerekejwe, ubwo bahatirwaga kwambuka umugezi wa Evros bava muri Turikiya binjizwa ku butaka bw’u Bugereki.
Mu butumwa Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi UNHCR, ryanyujije kuri Twiter ryagize riti: “Twamaganye icyo gikorwa cya kinyamaswa kandi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru