Wednesday . 27 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

RBC yahamagaje abafite imyaka kuva kuri 60 batarahabwa urukingo n'abahawe rumwe
RBC yahamagaje abafite imyaka kuva kuri 60 batarahabwa urukingo n’abahawe rumwe

Ikigo k’igihigu cy’Ubuzima RBC cyahamagaje abantu bose bafite imyaka kuva kuri 60 batarahabwa na rimwe urukingo n’abahawe doze ya mbere ya AstraZeneca ngo baruhabwe.
Ni itangaza yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Kamena 2021 rihamagarira abari muri icyo kicuro ngo bahabwe urukingo nk’abantu bari mu bugarijwe n’icyorezo cya COVID-19.
RBC yavuze ko bagomba kujya ku bitaro by’uturere two mu Mujyi wa Kigali ngo bahabwe urukingo.

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yazamuye Colonel Muhizi amugira Brigadier General
Perezida Kagame yazamuye Colonel Muhizi amugira Brigadier General

Nkuko abyemererwa n’Itegeko Nshinga, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame, yazamuye mu Ntera Colonel Muhizi Pascal amuha ipeti rya Brigadier General mu Ngabo z’u Rwanda.
Brigadier General Muhizi Pascal yari asanzwe ari Umuyobozi w’Ingabo mu turere twa Rubavu, Nyabihu na Rutsiro. Mu bihe bitandukanye yakunze kugaragara mu biganiro bigamije kubungabunga amahoro n’umutekano muri utwo turere, aho yaganirizaga abaturage kenshi.
Ipeti (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Inama y'Abaminisitiri ntacyo yavuze ku ngingo yo guhererekanya amafaranga mu kwishyurana
Inama y’Abaminisitiri ntacyo yavuze ku ngingo yo guhererekanya amafaranga mu kwishyurana

Mu myanzuro y’inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Kamena uko ari ine izatangira kubahirizwa guhera tariki ya 23 Kamena imare ibyumweru bibiri ntaho yagize icyo ivuga ku ngingo yo guhererekanya amafaranga mu kwishyurana hagati y’abantu nko mu bucuruzi n’ahandi.
Mbere icyorezo cya COVID-19 kikigera mu Rwanda Guverinoma ntiyahwemaga gushishikariza abacuruzi n’abaguzi kwishyurana hakoreshejwe ikoranabuhanga nyuma yo gusanga no ku noti cyangwa ku biceri bashobora (…)

424 Shares 4 Comments
Saa Moya na Guma mu karere byagarutse
Saa Moya na Guma mu karere byagarutse

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Kamena 2021 yongeye gufata ingamba zo gukumira ingendo ziva cyangwa zijya kigali kimwe n’ahandi imbere mu turere, inasubuzaho isaha ya saa Moya mu gihugu hose
Ni mu rwego two kugabanya ubwiyongere bwa COVID-19 buri kugaragara muri iyi minsi.
Imihango y’ubukwe n’ishyingira ryose nabyo byasubitswe.
Iyo myanzuro kimwe n’indi yose yafatiwe muri iyi nama izatangira kubahirizwa guhera tariki ya 23 Kamena imare ibyumweru bibiri.

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyuma y'iminsi 9 inama y'Abaminisitiri yongeye guterana kubera ubwiyongere bwa COVID-19
Nyuma y’iminsi 9 inama y’Abaminisitiri yongeye guterana kubera ubwiyongere bwa COVID-19

Nyuma y’iminsi icyenda, inama y’Abaminisitiri iteranye (ku wa 12 Kamena 2021) kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 yongeye guterana iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame igamije kureba ingingo zitandukanye no guha umurongo ingamba zo gukumira ubwiyongere bwa COVID-19 buri kugaragara muri iyi minsi.
Iyi nama idasanzwe benshi bari kwibaza niba itari bushyiremo ibyemezo bikaze birimo na Guma mu Rugo nko muri Kigali ahari kugaragara ubwiyongere budasanzwe bw’abandura coronavirus bumaze (…)

424 Shares 4 Comments
Gitega: Hari abafite ubumuga bahawe inguzanyo none baburiwe irengero
Gitega: Hari abafite ubumuga bahawe inguzanyo none baburiwe irengero

MUTUNGIREHE SAMUEL
Mu murenge wa Gitega mu karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali hari abafite ubumuga butandukanye batengushye uwabahaye amafaranga yo kwiteza imbere binyuze mu kwihangira ubucuruzi baburirwa irengero none bigiye kugira ingaruka kuri bagenzi babo.
Mu 2018 hari gahunda yigeze gutezwa imbere ya Gira Ubucuruzi aho n’abafite ubumuga batuye mu murenge wa Gitega yabagezeho, bagirirwa ikizere kubera imishinga bagaragaje bahabwa amafaranga ariko birengagiza ko basinye ko ari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Hari ibyo Ange Kagame yasanze byafasha ababyeyi gukuza ubwonko bw'umwana
Hari ibyo Ange Kagame yasanze byafasha ababyeyi gukuza ubwonko bw’umwana

Ange Kagame ni umukobwa wa Nyakubahwa Perezida Kagame Paul na Madamu Jeannette Kagame, akaba amaze amezi 10 yibarutse imfura yabyaranye na Ndengeyingoma Bertrand bashakanye mu 2019.
Ku itariki ya 20 Kamena 2021 ku Munsi Mpuzamahanga wahariwe abagabo, Father’s Day, yashyize hanze ifoto ya Nyakubahwa Perezida Kagame yicaye afite umwuzukuru we w’umukobwa, amushimira ko ari we mugabo wa mbere ukunzwe anamushimira ko akomeje kuba Sekuru mwiza w’umwuzukuru we wa mbere.
Ntibyatinze gato, mu (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Abanyeshuri barwariye COVID-19 mu ngo bayobewe uko bazakora ibizamini bya Leta
Rubavu: Abanyeshuri barwariye COVID-19 mu ngo bayobewe uko bazakora ibizamini bya Leta

Mutungirehe Samuel
Mu gihe abanyeshuri bo mu mashuri abanza mu myaka ya gatandatu n’abari gusoza ikiciro cya mbere n’icya kabiri by’amashuri yisumbuye bari kwitegura gukora ibizamini bya Leta, hari bamwe mu biga mu bigo byo mu karere ka Rubavu barwariye mu ngo icyorezo cya COVID-19 bakaba bambaye amasaha adatuma barenga umuryango bityo bayobewe uko bazakora ibyo bizamini.
Bamwe mu babyeyi bafite abo bana barwariye Corona mu ngo, kuri uyu w a mbere tariki ya 21 Kamena 2021 batangarije (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabugogo: Ba 'Wamfunguriye' 76 bafunguje konti ubu bari mu mamiliyoni
Nyabugogo: Ba ’Wamfunguriye’ 76 bafunguje konti ubu bari mu mamiliyoni

Mutungirehe Samuel
Ushobora kuba unyura kenshi i Nyabugogo mu Marembo y’Umurwa Mukuru wa Kigali ukahabona abantu bicaye hasi cyangwa bahetse abana n’abandi bagusaba ngo ’Wamfunguriye, Tonto umwana wanjye yarembye, wampaye ijana nkatega ko ndaye Nyabugogo umwana ararwaye, I...irabasaba n’andi magambo bakoresha ngo bagutere impuhwe ukore mu mufuka umuhe n’igiceri waba usigaje ubuzima bukomeze.
Nyamara nubwo ubwo buzima butaba bukwiriye usibye no kuba amategeko y’u Rwanda atabyemera ko (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare bane, umwe agirwa Umuyobozi wungirije muri NISS
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare bane, umwe agirwa Umuyobozi wungirije muri NISS

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, kuri uyu wa Gatanu yazamuye mu ntera abasirikare bane bakuru bari ku rwego rwa Lieutenant Colonel ari bo Lt Col. JP Nyirubutama, Lt Col. Ronald Rwivanga, Lt Col Francis Ngabo na Lt Col Callixte Kalisa bose bagirwa Colonel.
Colonel Ronald Rwivanga asanzwe ariumuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, RDF.
Col JP Nyirubutama yahawe ipeti rya Colonel, agirwa Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru