Wednesday . 27 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Perezida Kenneth Kaunda yitabye Imana
Perezida Kenneth Kaunda yitabye Imana

Mutungirehe Samuel
Uwahoze ari Perezida wa Mbere wa Zambia Kenneth Kaunnda amaze kwitaba Imana nyuma y’iminsi arwariye mu bitaro i Lusaka mu gihugu cye indwara yo mu buhumekero.
Kawunda yari afite imyakaa 97, yavutse mu 1924, yayoboye Zambia imyakaa itari mike, kuva mu 1964 kugeza 1991.
Leta ya Zambia imaze iminsi ihakanira abantu ko kurwara kw’uyu mukambwe ntaho bihuriye n’icyorezo cya COVID-19.

424 Shares 4 Comments
Muri Guma mu Rugo hari abagore bafite ubumuga bariye igishoro mu byo bakoraga biteza imbere
Muri Guma mu Rugo hari abagore bafite ubumuga bariye igishoro mu byo bakoraga biteza imbere

Umuryango Nyarwanda w’Abagore Bafite Ubumuga (UNABU) utangaza ko bahuye n’ingaruka za COVID-19 kuva ikigera mu Rwanda kuko muri Guma mu Rugo hari abagore bafite ubumuga bariye igishoro cy’ibikorwa bari batangiye gukora biteza imbere.
Byatangajwe n’Umuyobozi Nshingabikorwa wa UNABU, Mushimiyimana Gaudence mu kiganiro yagiranye na Mamaurwagasabo i Kigali, mu nama barimo yo gutegura igenamigambi ry’imyaka itabnu iri imbere, 2020-2025 rizarushaho guhangana n’ibindi byorezo byazabaho mu buryo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ngororero: Umusore n'umukobwa biyahuye bizirikanyije nyuma yo guterana inda
Ngororero: Umusore n’umukobwa biyahuye bizirikanyije nyuma yo guterana inda

Ntibisanzwe, ubundi byajyaga byumvikana ngo umukobwa cyangwa Umusore yiyahuye nyuma yuko umwe muri bo yanze mugenzi we akananirwa kubyihanganira, ariko mu karere ka Ngororero humvikanye Umusore n’umukobwa bahisemo kwiyahura bazirikanye amaboko nyuma yo guterana inda.
Mbitsemunda Jean Baptiste w’imyaka 25 na Mukarukundo Sandrine w’imyaka 20 biyahuriye mu mugezi wa Nyabarongo, bazirikanyije amaboko.
Igihe dukesha iyi nkuru cyanditse ko Mbitsemunda akomoka mu Murenge wa Bwira naho umukobwa (…)

424 Shares 4 Comments
Kicukiro: Amasibo agiye kuba izingiro ryo kurandura burundu imirire mibi mu bana
Kicukiro: Amasibo agiye kuba izingiro ryo kurandura burundu imirire mibi mu bana

Mutungirehe Samuel
Ababyeyi bo mu karere ka Kicukiro bafite abana barererwa mu rugo mbonezamikurire rw’Isibo y’Icyerekezo mu Ishuri ribanza rya Rwabutenge batangaje ko bashimye uburyo kujyana abana muri iryo Rerero mbonezamikurire byazamuye mikurire y’abana babo ubu bakaba baharanira ko nta mwana uzongera kugaragarwaho n’ikibazo cy’imirire mini bitewe n’inyigisho bahakura n’uko bazishyira mu bikorwa.
Babitangaje kuri uyu wa Gatatu, ubwo muri iryo Rerero rya Rwabutenge rikorere mu Ishuri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abatuye Rubavu bashyizwe muri Guma mu Karere
Abatuye Rubavu bashyizwe muri Guma mu Karere

Minisiteri w’Ubutegetsi bw’igihugu yanzuye ko bitewe n’ ubwandu bw’icyorezo cya COVID-19 bukomeje kwiyongera mu Karere ka Rubavu, hafashwe icyemezo cyo kugashyira muri gahunda ya Guma mu Karere.
Iki ni icyemezo utashidikanya Gusanisha n’ingaruka zakurikiye iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo cyakuye mu byabo imiryango y’abanyekongo irenga ibihumbi y’Abakongomani bahungira mu Rwanda, benshi batazi n’uko bahagaze ku bwandu bwa Coronavirus.
Mu itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri (…)

424 Shares 4 Comments
Biden na Putin bagiye guhura baganire ku gatotsi gasigaye kari mu mubano w'ibihugu byabo
Biden na Putin bagiye guhura baganire ku gatotsi gasigaye kari mu mubano w’ibihugu byabo

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden agiye guhura na mugenzi we w’Uburusiya Vladimir Putin aganire ku ngingo zerekeza ku mubano w’ibihugu byombi isigaye ugaragaramo agatotsi ko kwishishanya nk’ibihugu by’ibihangange.
Iyi nama ya mbere hagati y’Amerika n’Uburusiya yo ku butegetsi bwa Biden irabera i Genève (Geneva) mu Busuwisi kuri uyu wa gatandatu tariki ya 16 Kamena.
Ibaye mu mpera y’uruzinduko Biden yagiriye mu Bwongereza mu nama y’itsinda ry’ibihugu rizwi nka G7 ndetse (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umusaruro mbumbe w'u Rwanda wazamutseho 3.5% mu mezi atatu ya mbere ya 2021
Umusaruro mbumbe w’u Rwanda wazamutseho 3.5% mu mezi atatu ya mbere ya 2021

Mutungirehe Samuel
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare,NISR, cyatangaje ko ubukungu bw’igihugu bwazamutse mu gihembwe cya mbere cy’uyu mwaka, (Mutarama-Werurwe 2021), umusaruro mbumbe w’u Rwanda wazamutseho 3.5%, ukagera kuri miliyari 2.579 Frw uvuye kuri miliyari 2.410 Frw mu gihembwe nk’icyo cy’umwaka ushize.
Urwego rwa serivise nirwo rwagize uruhare runini rungana na 46%, rukurikirwa n’urwego rw’ubuhinzi rwagize 27%, urw’inganda rugira 20% mu gihe izindi nzego zagabanye uruhare (…)

424 Shares 4 Comments
Min Busingye yemeza ko nta 'Shyamba' rikiri hagati ya Leta na Sosiyete sivile ku burenganzira bwa muntu
Min Busingye yemeza ko nta ’Shyamba’ rikiri hagati ya Leta na Sosiyete sivile ku burenganzira bwa muntu

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston yatangaje ko mu Rwanda higeze kubaho icyo yita nk’ "Ishyamba" ryari hagati ya Leta na Sosiyete Sivile ku bijyanye no gutanga raporo ku buryo bwo kugenzurana no kugirana inama mu bihugu bigize Loni , bubifasha kumenya aho ibihugu bihagaze mu kubahiriza amahame y’uburenganzira bwa muntu n’icyo bigomba gukora.
Yabitangaje kuri uyu wa mbere, tariki 14 Kamena 2021 mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru barimo kungurwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Idamange yanze kwitabira urukiko nyuma yo kudahuza n'abamwunganira mu mategeko
Idamange yanze kwitabira urukiko nyuma yo kudahuza n’abamwunganira mu mategeko

Kuri uyu wa 15 Kamena 2021 nibwo Madamu Iryamugwiza Yvonne Idamange uregwa ibyaha birimo guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda, gutesha agaciro inzibutso za Jenoside hashyinguye imibiri yabazize Jenoside yakorewe abatutsi 1994 n’ibindi yari kuburana.
Amakuru ava ku rukiko aravuga ko Mme Idamange yanze kwinjira mu cyumba cy’iburanisha cya Gereza ya Mageragere afunguyemo ngo aburanire ku ikoranabuhanga (Video Conference), ni mu gihe ariko abunganira Idamange bandikiye Urukiko (…)

424 Shares 4 Comments
Loni yasabye ko abahiritse ubutegetsi muri Mali bataziyamamaza mu matora
Loni yasabye ko abahiritse ubutegetsi muri Mali bataziyamamaza mu matora

Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano, kasabye amatora aciye mu mucyo muri Mali ariko kihanangiriza abaherutse guhirika ubutegetsi kutazayagaragaramo.
Biteganyijwe ko amatora muri Mali azaba umwaka utaha. Ni amatora azaba nyuma y’imyaka ibiri y’ihirikwa ry’ubutegetsi rya hato na hato rikozwe n’igisirikare. Mu kwezi gushize nibwo Colonel Assimi Goita yahiritse Perezida wari washyizweho umwaka ushize nabwo nyuma y’irindi hirika ry’ubutegetsi.
Hashize iminsi mike hashyizweho (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru