Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Nyarugenge: Amadini n'amatorere yasabwe kurandura ingengabitekerezo ya Jenoside binyuze mu nyigisho batanga
Nyarugenge: Amadini n’amatorere yasabwe kurandura ingengabitekerezo ya Jenoside binyuze mu nyigisho batanga

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyarugenge bwasabye abayobozi b’amadini n’amatorero kuzirikana ko bakwiye kurushaho kwimakaza gahunda y’ubumwe n’ubwiyunge binyuze mu nyigisho zabo, kuko bizatuma banahangana n’ingengabitekerezo ya Jenoside.
Ni nyuma y’uko ubushakashatsi bunyuranye bwa Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside CNLG bwerekanye ko hari bamwe mu banyamadini bagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Icyakora hari abanyamadini bavuga ko kuri ubu uruhare rwabo mu kwimakaza (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Biden yerekeje mu Burayi kugarura umubano wazahajwe na Trump
Perezida Biden yerekeje mu Burayi kugarura umubano wazahajwe na Trump

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden kuri uyu wa Gatatu yerekeje mu Burayi mu ruzinduko rwo kujya kuzahura umubano n’ibihugu byaho wari warazahajwe n’uwo yasimbuye Donald Trump mu myaka ine yamaze ayoboye Amerika.
Ni uruzinduko atangirira mu Bwongereza ari naho hazabera inama y’iminsi itatu guhera ku wa 11 Kamena2021, izahuza y’ibihugu birindwi bikize ku isi, bizwi nka G7, igamije gufatirwamo ingamba zo guhangana n’ingaruka icyorezo cya COVID-19 kiri gutera isi kugira ngo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Macron yakubiswe urushyi n'umuturage mu ruzinduko rwe
Perezida Macron yakubiswe urushyi n’umuturage mu ruzinduko rwe

Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yakubiswe urushyi ku itama rurumira ubwa wa mugani w’Abanyarwarwanda, n’umugabo ubwo yarimo gusuhuza abaturage mu Majyepfo y’Ubufaransa.
Amashusho y’urwo rushyi yasakaye kuri uyu wa Kabiri, binyuze ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter rw’Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa AFP, agaragaza ubwo Perezida Macron yegeraga abaturage agira ngo abakore mu ntoki, umugabo umwe mu bari imbere ku ruzitiro rwatandukanyaga Perezida n’abatueage yashushe n’ujya kumwo (…)

424 Shares 4 Comments
Kaminuza ya Makerere yafunze imiryango kubera COVID-19
Kaminuza ya Makerere yafunze imiryango kubera COVID-19

Kubera ubwiyongere bw’ubwandu bw’icyorezo cya COVID-19 muri Uganda, byatumye leya ifata ikemezo cyo gufunga amashuri yose kugeza no kuri Kaminuza ya Makerere, kimenyabose cyane muri Afurika y’Iburasirazuba.
Ku munsi usoza icyumweru gishize ni bwo Perezida Yoweri Museni yatangaje ko amashuri yose na za kaminuza bigomba gufunga imiryango mu gihe cy’iminsi 42 guhera kuri uyu 7 Kamena, kubera itumbagira ry’imibare y’abanduye COVID-19.
Kuri uyu wa Mbere ni bwo Umuyobozi w’Akana kayobora (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda rugiye gukingira COVID-19 ikindi kiciro gishya
U Rwanda rugiye gukingira COVID-19 ikindi kiciro gishya

Mu gihe hamaze iminsi hatangwa doze ya kabiri y’inkingo za COVID-19 zahawe abaturage mu kiciro cya mbere uko ari ebyiri, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri hatangira gukingirwa ikindi kiciro gishya gihabwa doze ya mbere y’urukingo rwa Phizer.
Iyi minisiteri yatangaje ko izindi nkingo 50,300 za Pfizer zagejejwe ku bigo nderabuzima n’ibitaro bya Leta hirya no hino mu Rwanda.
Gukingira COVID19 icyiciro gishya biratangira ku wa kabiri tariki ya 08.06.2021 hakingirwa abafite (…)

424 Shares 4 Comments
Abasesenguzi bagaragaje umubano muzi w'uruhare rw'Ubufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Abasesenguzi bagaragaje umubano muzi w’uruhare rw’Ubufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Kuba Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macro yarafashe umwanya we agashyiraho komisiyo yihariye yo gucukumbura ibivugwa ko igihugu cye gifite uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, byongeye akaza mu Rwanda mu ruzinduko aherutse gukora i Kigali si ugushaka gusebya igihugu ke ahubwo abasesenguzi bahamya ko nawe ubwe amateka na raporo yabonye ko urwo ruhare ruhari kandi rukomeye.
Mu kiganiro Meet The Press cyatambutse kuri Televiziyo Flash kuri iki cyumweru kiyobowe n’Umunyamakuru Mutesi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abasirikare batatu bakuru ba RDF bazamuwe mu mapeti bahabwa n'izindi nshingano
Abasirikare batatu bakuru ba RDF bazamuwe mu mapeti bahabwa n’izindi nshingano

Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda yatangaje amazina y’Abasirikare bakuru batatu mu ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu ntera banahabwa inshingano nshya.
Ni itangazo ryanyujijwe ku rukuta rwa Twitter rw’iyi Minisiteri ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu.
General Major Mubarakh Muganga yahawe ipeti rya Lt General anagirwa Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka
Lt General Jean Jaques Mupenzi yagizwe Umugaba w’Ingabo zirwanira mu kirere
General Major Emmanuel Bayingana yagizwe Umunyamabanga Uhoraho (…)

424 Shares 4 Comments
Mu Rwanda imbwa zihariye zatangiye gusuzuma COVID-19
Mu Rwanda imbwa zihariye zatangiye gusuzuma COVID-19

U Rwanda rwatangije gahunda yo gusuzuma virusi ya Corona ku bantu bikozwe n’imbwa zabugenewe, zihumuriza icyuya cy’umuntu zikamenya mu minota ibiri ufite virusi ya Corona mu mubiri we ku kigero kiri hejuru cyane, 94%.
Ni umushinga ukozwe n’u Rwanda bwa mbere muri Afurika, watangijwe kuri uyu wa Gatanu I kigali, ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kanombe, ahari bene izo mbwa u Rwanda rwahawe n’Ubudage busanzwe buzifashisha.
Ubwo iri gerageza ryatangizwaga ku mugaragaro, Umuyobozi Mukuru (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Karongi: Abajyanama b'Ubuzima babaye igisubizo cyo kurandura imirire mibi mu bana
Karongi: Abajyanama b’Ubuzima babaye igisubizo cyo kurandura imirire mibi mu bana

Yanditswe na Mutesi Scovia
Mu karere ka Karongi mu murenge wa Bwishyura, ababyeyi baravuga ibigwi abajyanama b’buuzima mu ruhare rwabo mu kubafasha kurera abana babo ngo kuko nibo babigishije gutegura indyo yuzuye kandi bakabikora batinuba. Mukahigiro Thabita ashima igikoni cy’umudogudu kigirwamo uruhare n’ abajyanama b’ubuzima Umwe mu babyeyi waganiriye na mamaurwagasabo , Mukahigiro Thabita ashima igikoni cy’umudogudu kigirwamo uruhare n’ abajyanama b’ubuzima, akaba abafata (…)

424 Shares 4 Comments
U Rwanda rwungutse izindi mashini ebyiri zipima Coronavirusi mu buryo bwihuse
U Rwanda rwungutse izindi mashini ebyiri zipima Coronavirusi mu buryo bwihuse

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yakiriye inkunga y’imashini ebyiri zifasha mu gupima virusi ya corona mu mubiri w’umuntu igatanga ibisubizo mu gihe gito, bizwi nka PCR Test.
Ni imashini zitwa Automated Extraction PCR machines zatanzwe na Leta y’Ubuyapani zikaba ziri kumwe n’ibikoresho byazo uko ari 15 bipima virusi zikaba zihagaze agaciro k’amadolari y’Amerika ibihumbi 150.
Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel wakiriye izi mashini yavuze ko izo mashini, yongeraho ko zongereye igihugu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru