Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Kuri uyu wa Kabiri taliki 30 Werurwe 2021 ni bwo hasojwe imikino yo gushaka itike y’imikino y’Afurika “CAN 2021” izabera muri Cameroun umwaka utaha wa 2022.
Ni umukoro Amavubi warufite utoroshye kuko aheruka muri ayo marushanwa ku bwa ba Jimmy Gatete mu 2004.
Ikipe y’u Rwanda “ Amavubi” yari iri mu itsinda F yagiye gukina umukino usoza mu itsinda ifite amahirwe yo kuba yabona itike n’ubwo byasabaga imibare myinshi irimo gutsinda Cameroun iwayo naho Mozambique igatsinda Cap Vert.
Uyu (…)
Abagore 3000 bayobora amakoperative y’ubuhinzi n’ubworozi ndetse n’abafashamyumvire mu buhinzi bahawe telefoni ngendanwa zigezweho (smartphones) mu rwego rwo kubafasha gutanga amakuru y’ubihinzi ku gihe bigatuma biteza imbere, binyuze muri gahunda ya ConnectRwanda.
Aba bagore batoranyijwe mu turere dutandukanye two mu gihugu hashingiwe ku ruhare bagira mu gukangurira abahinzi kwifashisha uburyo bugezweho bwo guteza imbere ubuhinzi.
Izi telefone zizaborohereza kubona amakuru yerekeye (…)
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney yatangaje ko abantu bamwe basigaye bagaragaza imyitwarire idakwiye mu rugamba rwo guhangana na COVID-19, ugasanga bibwira ko niba bahuye baziranye batibuka ko COVID yo itaziranye nabo.
Yabitangaje kuri uyu wa Kabiri, mu kiganiro abaminisitiri ari bo Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel, Minisitiri w’Uburezi Dr. Uwamaliya Valentine, Umuvugizi wa Polisi Kabera John Bosco na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Gatabazi Jean (…)
Mu karere ka Rutsiro hashojwe icyumweru cyahariwe imirire myiza, isuku n’isukura, gisize abana 180 bvuye mu mirire mibi.
Ku rwego rw’Akarere, iki gikorwa cyabereye mu murenge wa Manihira ku kigo Nderabuzima cya Rutsiro mu kagari ka Muyira, kuri uyu munsi tariki ya 29 Werurwe 202, kiyoborwa n’Umuyobozi w’Akarere Wungirije Ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage Madamu Musabyemaria Marie Chantal.
Ni igikorwa kitabiriwe n’abajyanama b’ubuzima hamwe n’ababyeyi bafite abana bagaragaraho ikibazo (…)
Ikigo mpuzamahanga gikora ubushakashatsi kuri Coronavirusi, Crisp, cyatahuye ubwoko bushya bwa COVID-19 muri Angola ku bagenzi bari baturutse muri Tanzania.
Iki ni cyo kigo cya mbere cyatahuye ubwoko bushya bwa coronavirus muri Afurika y’Epfo bw’igikatu ndetse kinakora ubusakashatsi bwerekanye ko ubwo bwoko bwandura bukanica vuba kandi bukaba budakozwa n’inkingo ziri gutangwa ku isi.
Ubuyobozi bw’icyo kigo bwatangaje ko iyi coronavirus yagaragaye ku bagenzi baturutse muri Tanzania ari (…)
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ingamba nshya zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus, zakuyeho gahunda ya Guma mu karere ku uturere twa Bugesera, Nyanza na Gisagara twari twaragumishijwe muri gahunda ya Guma mu Karere kubera ubwiyongere bw’icyorezo.
Ibyemezo bya Guverinoma byatangajwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Werurwe 2021, bizatangira kubahirizwa kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Werurwe 2021.
Izi ngamba nshya ariko bitandukanye n’ahandi mu gihugu, mu turere twa Nyanza (…)
Sara Onyango Obama, Nyirakuru wa Bwana Barack Hussein Obama, wigeze kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika imyaka 8, yitabye Imana kuri iki cyumweru tariki ya 28 Werurwe 2021.
Inkuru y’urupfu rw’uyu mukecuru yatangajewe n’umukobwa we witwa Marsat Obama. Sarah Onyango Obama yavutse muri 1921.Yakomokaga mu bwoko bw’aba Luo, akaba yari atuye mudugudu wa Nyang’oma Kogelo mu mujyi wa Kisumu, hafi y’Ikiyaga cya Victoria.
Nta Cyongereza yari azi ahubwo yivugiraga cyane cyane ururimi cy’iki Luo. (…)
Perezida Kagame yavuze ko ubufatanye bw’Abanyarwanda n’abayobozi bwabarinze ingaruka mbi za COVID-19
Perezida Paul Kagame yashimiye ubufatanye Abanyarwanda muri rusange bagize n’abayobozi babo mu guhangana na COVID-19, agaragaza ko ibintu byari kurushaho kuba bibi iyo hataba ubwo bufatanye.
Ni amasengesho ngarukamwaka ategurwa n’umuryango Rwanda Leaders Fellowship, azwi nka National Prayer Breakfast ahuriramo abayobozi mu nzego nkuru za Leta n’ibigo byazo, abihayimana n’abandi bakomeye baba bayatumiwemo ku butumwa rukana bahimbaza Imbana bakanasengera abayobozi n’igihugu mu kerekeze (…)
Itsinda ry’Abashakashatsi mu mateka ku ruhare bw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ryagaragaje ko iki gihugu cyagize “Uruhare Rukomeye kandi Ntagereranywa” mu mateka mabi u Rwanda rwanyuzemo yagejeje igihugu ku kwica Abatutsi barenga miliyoni mu 1994 mu minsi 100.
Babimuritse kuri uyu wa Gatanu mu biro bya Perezida Macro Emmanue, nyuma y’imyaka ibiri itsinda ry’abanyamateka 13 riri gucukumbura ibikubiye mu nyandiko zitari zigeze zishyirwa ahagaragara zigaragaza amateka y’u (…)
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatanu aribwo muri Tanzania bashyinguraho Nyakwigendera Perezida Dr.John Pome Magufuli witabye Imana ku wa 17 uku kwezi azize indwara y’umutima.
Perezida Mushya wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yatangaje ko ashimira abatanzania bose, abakuru b’ibihugu, ibitangazamakuru, abahanzi…na „buri wese wabanye natwe muri iki gihe gikomeye ku gihugu cyacu".
Mu butumwa yatangaje mu gitondo kuri Twitter, Samia Suluhu yansditse ati: „Uyu munsi turaruhura uwo dukunda Dr John (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















