Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Si rimwe cyangwa kabiri mu Rwanda humvikanye abakoze imirimo y’amaboko gahunda ya Vision Umurenge Program izwi nka VUP Umurenge SACCO, bataka ko amafaranga bakoreye atarabageraho cyane ko bakora mu byitwa Kenzene by’iminsi 15 (Quinzaine), rimwe na rimwe akabaeraho amezi yirenze.
Kuri ubu Ikigo k’Igihugu gishinzwe iterambere ry’uturere LODA cyatangaje ko aba bagenerwabikorwa bagiye kujya baemberwa kuri telephone, amafaranga bakoreye cyangwa ayo bagenewe bitewe na gahunda zikubiye muri VUP (…)
Mutungirehe Samuel
Mu iburanisha mu mizi riheruka, Paul Rusesabagina yagize gutya abwira urukiko ko abona uburenganzira bwe butari kubahirizwa uko bikwiye umuburanyi yerura ko ku bw’ibyo atazongera kwitabira urubanza rwe.
Ni ibintu urukiko rwafashe nk’ikifuzo cy’uburana cyane ko amategeko abimwemerera ariko bidakuraho ko urukiko cyangwa urubanza ruhagarara.
Rusesabagina ashobora guhitamo kutongera kugaruka imbere y’urukiko ariko akaba yaha uburenganzira abamwunganira, bakajya bitaba (…)
Perezida Kagame nk’uwari inshuti ikomeye ya Magufuli uherutse kwitaba Imana aguye mu gihugu cya Tanzania yayoboraga, yagenye intumwa ikomeye, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente uzamuhagararira mu muhango wo gusezera bwa nyuma ku murambo wa Magufuli.
Nyakwigendera Perezida Dr. John Pombe Joseph Magufuli yitabye Imana ku wa 17 Werurwe 2021 azize indwara y’umutima nk’uko byatangajwe na Visi-Perezida we Samia ari nawe wamusimbuye ku buyobozi nk’uko itegeko nshinga rya Tanzania (…)
Mutunfgirehe Samuel
Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel yemeye ko mu Rwanda habonetse abanyamahanga bagera kuri 12 bafite virusi y’igikatu baturutse mu Bwongereza n’abandi 10 bafite virusi ya corona yihinduranyije iherutse kuboneka muri Afurika y’Epfo.
Yabitangaje kuri iki cyumweru, tariki ya 21 Werurwe 2021 kuri Radio y’Igihugu agaragaza uko ishusho y’iki cyorezo ihagaze kugeza ubu n’uko inkingo ziri gutangwa.
Dr. Ngamije yavuze mu bipimo 400 byafashwe mu cyumweru gishize, (…)
Ingabire Grace w’imyaka 25 ni we wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu muhango wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Werurwe 2021.
Hari mu gicuku ku isaha ya saa tanu n’iminota hafi 50′ ni bwo Ingabire Grace winjiye mu irushanwa ahagarariye Umujyi wa Kigali yambitswe ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2021. Yari yambaye nomero 7
Igisonga cya Mbere yabaye Akaliza Amanda [Nimero 01] naho Igisonga cya kabiri yabaye Umutoni Witness [Nimero 28].
Yasimbuye Nishimwe (…)
Mutungirehe Samuel
Nyakwigendera Perezida Dr. Joseph John Pombe Magufuli azashyingurwa mu cyumweru gitaha, tariki ya 25Werurwe 2021 iwe mu rugo, hita Chato.
Ibi byatangajwe na Perezida mushya wahoze yungirije Magufuli, Madam Samia Suluhu Hassan warahiye kuri uyu wa 19 Werurwe 2021.
Mu ijambo yagejeje ku banya-Tanzania n’inshuti zabo, Perezida Samia yaboneyeho no gutangaza ko igihugu cyose kigomba kumara iminsi 21 mu cyunamo kubera urupfu rwa Magufuli ndetse amabendera yose akururutswa (…)
Perezida Paul Kagame yahanuye Minisitiri mushya w’Ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney na Minisitiri Béata Habyarimana w’Ubucuruzi n’Inganda, barahiriye kuzuza inshingano nshya kwibuka ko bakorera Abanyarwanda, bakirinda imikorere iganisha ku nyungu cyangwa imitekerereze yabo bwite.
Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Werurwe 2021, mu biro bya Perezida, Village Urugwiro.
Ni nyuma y’impinduka zakozwe n’Umukuru w’Igihugu ku wa 15 Werurwe, Gatabazi wari Guverineri (…)
Mutungirehe Samuel
Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu barindwi bacyekwaho kwiba imiti n’utwuma twifashishwa mu gupima COVID-19 na Sida two mu mavuriro ya Leta bakayicuruza mu mavuriro yigenga.
Ni igikorwa cyabaye i Kigali kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Werurwe 2021.
Umwe muri abo bantu yabwiye abanyamakuru ko ibyo yacuruzaga, icyo yakoraga ari ukubiragura abihawe n’abakozi bo muri farumasi za Leta kimwe no mu bakora muri za Laboratwari bakumvikana ku nyungu.
Yakomeje (…)
Perezida Paul Kagame yashyizeho igihe cy’icyunamo mu Rwanda kugeza ku munsi Perezida wa Tanzania Dr. John Pombe Magufuli azashyingurirwa, amabendera yose akururutswa kugeza hagati.
Kuri uyu wa Gatatu nibwo byatangajwe ko Magufuli yitabye Imana ku myaka 61. Yari arwariye muri Mzena Hospital i Dar es Salaam, avurwa indwara z’umutima.
Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe mu izina rya Perezida Kagame, rivuga ko icyo cyemezo cyafashwe “mu rwego rwo kwifatanya mu kababaro (…)
Mutungirehe Samuel
Mu mateka y’ibihugu byo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba EAC kuva byatangira kwigenga, nta mugore uratorerwa kuba Perezida w’igihugu cyangwa ngo asimbure mu gihe bibaye ngombwa.
Kuri iyi nshuro ariko amateka agiye guhinduka muri ako karere kuko Madame Samia Suluhu Hassan usanzwe ku mwanya wa visi perezida wa Tanzania agiye kwicara muri iyo ntebe iruta izindi muri icyo gihugu nyuma y’urupfu rutunguranye rwa Perezida Dr. Pombe Magufuli wapfuye kuru uyu wa Gatatu (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.



















