Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yinjije mu Ngabo z’u Rwanda abofisiye 721 bari bamaze igihe mu masomo ya gisirikare, abaha ipeti rya Sous-Lieutenant.
Uyu muhango wabereye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare riri i Gako i Bugesera. Wabaye hubahirijwe amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19 kimaze igihe cyugarije igihugu.
Abasoje amasomo yabo uyu munsi uko ari 721 barimo abakobwa 74. Bose bari mu byiciro bitatu barimo ikigizwe n’abanyeshuri 209 bize amasomo (…)
Leta ya Malawi yafashe ikemezo cyo gusubiza mu nkambi impunzi zose zicumbikiwe kuri ubwo butaka, zisanzwe zikorera imirimo y’ubucuruzi mu migi no mu byaro hatari mu nkambi, ziganjemo iz’Abanyarwanda, Abarundi, n’Abakongomani bagiye bahungirayo mu bihe bitandukanye.
Ni ikemezo guverinoma ya Malawi yafashe mu cyumweru gishize, iha izo mpunzi iminsi 14 izageza tariki ya 28 Mata 2021.
Kuva aho iryi tangazo zigiye ahagaragara, icyoba ni cyose muri izo mpunzi ko abenegihugu bashobora (…)
U Rwanda rwakiriye ibikoresho 3,025 bipima icyorezo cya COVID-19 mu buryo bwihuse (Rapid test kits) bishobora gufata ibipimo 75,625, byatanzwe na Koreya y’Epfo.
Ibyo bikoresho bifite agaciro k’madolari y’Amerika asaga ibihumbi 300, akaba akabakaba miliyoni 300 z’amafaranga y’u Rwanda.
Umuhango wo gushyikiriza u Rwanda iyo nkunga wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Mata 2021 i Kigali. Iyo nkunga yaherekejwe n’Ambasaderi wa Repubulika ya Korea mu Rwanda Jin Weon Chae, yakirwa (…)
Urwego rushinzwe Ubugenzacyaha RIB, rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho ibyaha ari bi Bizimungu Jean Baptist, Hitiyaremye Alfred na Musabimana Simon bakurikiranyweho ibyaha bibiri byo kwihesha ikintu cyundi hakoreshejwe uburiganya no gushyiraho umutwe w’abagizi ba nabi cyangwa kuwujyamo.
Umuvigizi w’uru rwego Dr. Murangira B. Thierry yatangarije Radio y’Igihugu ko abo bagabo bakoraa nk’itsinda, bagakora ibikorwa byo kwambura abantu mu buryo baba bumvikanyeho bagamije kugira ngo (…)
Yanditswe Imfurayabo Pierre Romeo
Ikigo cya HVP Gatagara gisanzwe gitanga serivisi zita zikanafasha abafite ubumuga butandukanye cyashimiye inzego za leta by’umwihariko inzego zibanze zibafasha kwesa imihigo mu gufasha abafite ubumuga. Abayobozi b’inzego zibanze nabo bari bitabiriye iki gikorwa
Iki gikorwa cyo gushimira cyikaba cyabereye mu murenge wa Gikondo kuri HVP Gatagara kuri uyu wa 20 mata 2021 kinahuzwa n’imurika bikorwa.
Bikaba byarateguwe binyuze mu mushinga wa HVP Gatagara (…)
Nyuma yo guhabwa urukingo rwa Mbere rwa Pfizer rwo kwirinda kwandura COVID-19, Ikigo k’igihugu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko hari umubare utari muto, urenga abantu ibihumbi bitanu(5000) bamaze kurenza igihe cyo gufata doze ya Kabiri y’urukingo rwa rwa Pfizer.
Nkuko byahenwe n’Ikigo cyakoze urwo rukingo, uhawe doze ya mbere ategereza iminsi iri hagati ya 21 na 28 ngo ahabwe doze ya kabiri ishimangira ubwirinze bw’umubiri kuri virusi ya Corona.
Kuri uyu Kabiri tariki ya 20 Mata (…)
Uyu ni Umwamikazi w’u Rwanda Nyiricyubahiro Gicanda Rozaliya, umukobwa wa Martin Gatsinzi ka Bugingo bwa Mbabariye wa Mushikazi wa Semugaza wa Kigeli Ndabarasa,Umwami w’u Rwanda (Abanyiginya b’Abagaza/Abahebera)
Gicanda Rozaliya yavutse mu mwaka w’1928,avukira i Bugarura (Kiziguro), mu Buganza bw’amajyaruguru
Gicanda Rozaliya yakuze ari umukobwa mwiza w’imico myiza kandi urangwa n’ikinyabupfura n’isoni nyinshi,ibi bikaba ari nabyo byatumye abengukwa n’Umwami Mutara III Rudahigwa maze mu (…)
Amakuru y’incamugongo ku banya-Chad ni uko Marshal Idris Deby Itno wari umaze iminsi atorewe kuyobora iki gihugu yapfuye azize ibikomere yakuye mu mirwano n’inyeshyamba zashakaga kumubuza amahirwe yahawe n’abaturage yo kuyobora manda ye ya 6.
Ni inkuru isakaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Mata 2021.
Perezida Idris yapfuye azize ibikomere yagize ku gahanga ubwo yari ayoboye ingabo ku rugamba mu cyumweru gishize.
Ntabashije kwishimira intsinzi ye kuko yari ku rugamba ahanganye (…)
Perezida Paul Kagame agiye yageze i Luanda muri Angola mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Mata 2021 aho yitabiriye iri huriro ry’Umuryango w’Ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari (ICGLR) .
Iri huriro rya kabiri rito, ririga ku bibazo bya Politiki n’iby’umutekano bimaze iminsi muri Repubulika ya Centrafrique.
Perezida Kagame witabiriye iri huriro rigiye kuba ku nshuro ya kabiri, yabanje guhura na mugenzi we Perezida João Lourenço wa Angola.
Mu nama yabaye mu ihuriro rya mbere, (…)
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa mbere iyobowe na Perezida Paul Kagame, yashyimye raporo y’u Rwanda n’iya Prof. Duclert ku ruhare rw’Ubufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ishima n’intambwe imaze guterwa n’icyo gihugu mu kubaka umubano no kugarura isura nshya.
Ni ibikubiye mu myanzuro yavuye muri iyi nama idasanzwe, aho yibanze kuri izo raporo zombi.
Iyi nama kandi yemeje ko amakuru ri muri raporo y’uRwanda azashyirwa ahagaragara akabonwa na buri wese uyashaka.
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















