Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Ikirunga cya Nyiragongo cyongeye kugaragaza ibimenyetso byo kuruka
Ikirunga cya Nyiragongo cyongeye kugaragaza ibimenyetso byo kuruka

Abashakashatsi mu by’iruka ry’ibirunga batangaje ko ikirunga cya Nyiragongo cyongeye kugaragaza ibimenyetso mbuzi ko gishobora kuruka bitari kera.
Amakuru ava mu biro ntaramakuru by’Abongereza Writers, byasuye kuri icyo kirungo, biganira n’abo bashakashatsi, byandika ko ibimenyetso by’imitingito n’izamuka ry’ubushyuhe biri kugaragara muri ako gace keregere Umujyi wa Goma ikirunga giherereyemo bituma bikekwa ko hazabaho irindi ruka nyuma y’iryaherukaga mu 2002.
Mu kwezi kwa Kanama 2020 (…)

424 Shares 4 Comments
Urubanza rwa Paul Rusesabagina rurasubitswe igitaraganya
Urubanza rwa Paul Rusesabagina rurasubitswe igitaraganya

Urugereko rwihariye rw’Urukiko rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye mu Karere ka Nyanza ariko ruri gukorera ku Kimihurura i Kigali rusubitse urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina n’abandi 20 bareganwa, nyuma y’uko umwunganizi wa Rusesabagina, Jean Felix Rudakemwa, umunyamategeko Youssuf Mugabo uhagarariye abandi batatu bakekwaho iterabwoba batabonetse mu rubanza.
Ni ikemezo gifashwe n’inteko y’abacamanza kuri uyu wa kane ku mpamvu zumvikana mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rutsiro hatangijwe gahunda y'iminsi 12 igiye ukura abana mu mirire mibi
Rutsiro hatangijwe gahunda y’iminsi 12 igiye ukura abana mu mirire mibi

Kuri uyu wa kne tariki ya 10/3/2021, mu karere ka Rutsiro, umurenge wa Kivumu akagari ka Bunyunju, hatangijwe icyumweru cyahariwe indyo yuzuye kizamara iminsi 12 ari na yo umwana ashobora kuba akize imirire mibi mu gihe yamugaragayeho.
Iki cyumweru cyatangijwe n’Umuyobozi w’akarere Wungirije Ushinzwe Imibereho myiza y’Abaturage Musabyemariya Marie Chantal, hari kandi n’abakozi b’Ishami ry’ubuzima mu karere.
Musabyemariya yagarutse ku kamaro ko kurinda umwana imirire mibi ahabwa indyo (…)

424 Shares 4 Comments
Mu rubanza rwa Idamange hafunzwe umunyamakuru
Mu rubanza rwa Idamange hafunzwe umunyamakuru

Bitunguranye Umunyamakuru Nkusi Uwimana Agnes w’Ikinyamakuru Umurabyo, yafunzwe ku itegeko ryatanzwe n’umucamanza wasomaga imyanzuro y’urubanza rwa Idamange Iryamugwiza Yvonne ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo.
Uyu munyamakuru Uwimana Agnes yahise afungwa azira kuba yafashe amajwi mu rubanza kandi urukiko rwabubijije.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Werurwe 2021, nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo ruherereye i Kibagabaga hasomwe imyanzo ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, mu rubanza (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abunganira Nkubiri bagaragarije urukiko inzitizi zahagaritse urubanza zaturutse ku bushinjacyaha
Abunganira Nkubiri bagaragarije urukiko inzitizi zahagaritse urubanza zaturutse ku bushinjacyaha

Abunganira mu mategeko umunyemari Nkubiri Alfred bagaragarije Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo inzitizi zituma urubanza ruregwamo umukiliya wabo rudashobora gutangira mu mizi.
Ibyaha Nkubiri aregwa bifitanye isano na miliyari 2 Frw ashinjwa kunyereza mu bucuruzi bw’ifumbire mvaruganda binyuze mu kigo cye cya ENAS, agahimba imikono byitwa ko ari iy’abantu bafashe ifumbire mvaruganda ntibishyure, ashyiraho n’abatarayihawe kugira ngo ahabwe amafaranga na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi.
Uyu (…)

424 Shares 4 Comments
Urukiko rwakatiye Idamange iminsi 30 y'agateganyo ku mpamvu 3
Urukiko rwakatiye Idamange iminsi 30 y’agateganyo ku mpamvu 3

Kuri uyu wa kabiri urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwanzuye ko Madamu damange Yvonne Iryamugwiza akomeza afungwa by’agateganyo ku mpamvu zikomeye z’uko hagikorwa iperereza, kugira ngo ibyo akurikiranyweho adakomeza kubikomeza no kugira ngo ataba yatoroka.
Mme Idamange yari afungiye i Remera, Urukiko rwategetse ko ajyanwa gufungirwa muri Gereza ya Nyarugenge ya Mageragere.
Mu rwego rw’amategeko ariko afite iminsi itanu yo kujuririra icyo kemezo. Isomwa ry’uwo mwanzuro ryabaye Idamange (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abagore batwite n'abonsa ntibemerewe urukingo rwa COVID-19
Abagore batwite n’abonsa ntibemerewe urukingo rwa COVID-19

Ikigo k’Ikiguhu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko ababyeyi batwite n’abonsa batari mu bagomba guhabwa urukingo rwa coronavirusi mu buryo bwihutirwa.
Umuyobozi Mukuru wa RBC, Dr. Nsanzimana Sabin yavuze ko kugeza ubu nta bushakashatsi bwigeze bukorwa kuri ibyo byiciro ngo hamenyekane niba nta ngaruka urukingo rwatera uruhawe atwitse, yonsa kimwe no ku mwana ubwe.
Mu minsi mike isi isigaye itangiye gukingira abaturage, ibihugu bitandukanye birimo n’u Rwanda byahereye ku bantu bafite ibyago (…)

424 Shares 4 Comments
Paul Rusesabagina mu bafunzwe bakingiwe COVID-19 mbere
Paul Rusesabagina mu bafunzwe bakingiwe COVID-19 mbere

Muri gahunda igihugu kihaye yo gukingira abaturage Covid-19 bahereye ku bafite ibyago byo kwandura kurusha abandi, no muri gereza ya Mageragere mu bo batangiriyeho gukingira barimo Paul Rusesabagina uherutse kwihakana Ubunyarwanda.
Urwego rw’igihugu rw’amagereza RCS rwatangaje ko ku bufatanye na Minisiteri y’Ubuzima batangiye gukingira covid-19 bahereye kuri gereza ya Mageragere, ari naho Rusesabagina afungiye mu gihe akiri kuburanishwa n’inkiko z’u Rwanda.
Komiseri Mukuru w’Urwego (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yavuze ko guharanira uburinganire bitareba abagore gusa
Perezida Kagame yavuze ko guharanira uburinganire bitareba abagore gusa

Perezida Paul Kagame yibukije abatuye Isi ko uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’abagabo n’abagore ari urugamba rukwiye guharanirwa na buri wese, bidakwiye ko ruharirwa abagore gusa.
Yabitangaje kuri uyu wa 8 Werurwe 2021, ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore, ku nsanganyamatsiko igira iti ‘ChooseToChallenge’ mu rurimi rw’Icyongereza, bishatse kuvuga ngo ‘Hitamo Guhatana’.
Ku rwego rw’u Rwanda wizihijwe mu nsanganyamatsiko igira iti "Munyarwandakazi ba (…)

424 Shares 4 Comments
Rutsiro: Mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w'umugore abakobwa babyariye iwabo bahawe imashini zo kudoda
Rutsiro: Mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore abakobwa babyariye iwabo bahawe imashini zo kudoda

Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore, by’umwihario mu karere ka Rutsiro ibirori byaranzwe no kuremera abatishoboye hanatangwa imashini zo kudoda u bakobwa babyariye iwabo basoje amasomo.
Ni umuhango wabereye mu murenge wa Boneza, hari umuyobozi w’akarere ka Rutsiro, Ayinkamiye Emerance, umuyobozi Mukuru muri Minisiteri y’urubyiruko n’umuco Solange Tetero n’abahagarariye ingabo ku rwego rw’akarere.
Nyuma yo gutanga amatungo magufi ku miryango imwe n’imwe itishoboye, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru