Wednesday . 27 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Perezida Kagame na Madamu bacanye urumuri rw'Ikizere batangiza Kwibuka 27
Perezida Kagame na Madamu bacanye urumuri rw’Ikizere batangiza Kwibuka 27

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bacana urumuri rw’icyizere cyerekana ahazaza h’Abanyarwanda.
Ni umuhango wabereye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi ruruhukiyemo imibiri ibihumbi 259 yakuwe mu Turere twa Gasabo, Kicukiro na Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali.
Itriki ya 7 Mata yemejwe nk’Umunsi Mpuzamahanga ngarukamwaka Isi yose yibukaho Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 (…)

424 Shares 4 Comments
Imirenge 6 yo mu Majyepfo ishyizwe muri Guma mu Rugo y'ibyumweru 3
Imirenge 6 yo mu Majyepfo ishyizwe muri Guma mu Rugo y’ibyumweru 3

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu, (Minaloc) yatangaje ko imirenge itandatu yo mu turere twa Huye, Nyaruguru na Gisagara yashyizwe muri Guma mu rugo nyuma y’ubwiyongere bukabije bw’abandura Coronavirus.
Iyo mirenge ni uwa Ruhashya na Rwaniro muri Huye, Gikonko, Kansi na Mamba muri Gisagara ndetse n’umurenge wa Ruramba muri Nyaruguru.
MINALOC yavuze ko yafashe uwo mwanzuro nyuma yo gukora ubusesenguzi n’inzego z’ubuzima kandi imaze kubijyaho inama n’inzego bireba.
Umubare w’abarema (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Samia Suluhu agiye gushyiraho inzobere zo kwiga ku bivugwa kuri COVID-19 babone kuyifataho umwanzuro
Perezida Samia Suluhu agiye gushyiraho inzobere zo kwiga ku bivugwa kuri COVID-19 babone kuyifataho umwanzuro

Perezida mushya wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yatangaje ko agiye gushyiraho komisiyo yihariye igizwe n’impuguke mu by’ubuzima zizamufasha kugenzura ibijyanye n’icyorezo cya COVID-19 mu gihugu bigatuma guverinoma imenya igikwiye gukorwa.
Samia yavuze ko ibijyanye na COVID-19 bidashobora kwemerwa uko byiboneye cyangwa ngo bihakanwe gutyo gusa mu gihe impuguke mu by’ubuzima ntacyo zatangaje kivuye mu bushakashatsi.
Yongeyeho ko abanyatanzaniya badashobora kwitwara nkaho ari akarwa mu (…)

424 Shares 4 Comments
Ingengabitekerezo no gupfobya Jenoside tubona bigenda bigabanuka-Dr. Bizimana
Ingengabitekerezo no gupfobya Jenoside tubona bigenda bigabanuka-Dr. Bizimana

Mu gihe u Rwanda n’Isi yose bagiye kwinjira mu Kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi, Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside CNLG yatangaje ko ibona iby’ingengabitekerezo ya Jenoside no kuyipfobya n’ihakana ryayo bigenda bigabanuka ku mpamvu zizwi zirimo n’amategeko asobanutse abihana.
Byatangajwe n’Umunyamabanga Nshingwabikirwa wa CNLG, Dr. Bizimana Jean Damascene asobanura uko gahunda yo kwibuka ku nshuro ya 27 ihagaze ahanini bijyanye n’ingamba zo kurwanya ikwirakwira rya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kigali: Uwahawe urukingo rwa Pfizer yemerewe kujya ku Kigo Nderabuzima ashaka agahabwa urwa Kabiri
Kigali: Uwahawe urukingo rwa Pfizer yemerewe kujya ku Kigo Nderabuzima ashaka agahabwa urwa Kabiri

Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel yatangaje ko abahawe urukingo rwa Mbere rwa Coronavirusi rwitwa Pfizer katuye mu Mujyi wa Kigali bemerewe kujya ku kigo nderabuzima icyo ari cyo cyose giherereye mu Mujyi wa Kigali bagahabwa urwa Kabiri rwo gushimangira ubwo bwirinzi bw’umubiri.
Ni nyuma yuko urukingo rwa kabiri rugitangira gutangwa ku itariki ya 2 Mata 2021 abafashe urukingo rwa Mbere rwa Pfizer bagombaga kujya aho bafatiye urwa Mbere kugira ngo hirindwe umuvundo.
Yabitangaje mu (…)

424 Shares 4 Comments
Icyamamare DMX kiri ku muryango w'urupfu kubera ibiyobyabwenge
Icyamamare DMX kiri ku muryango w’urupfu kubera ibiyobyabwenge

Icyamamare, umuririmbyi w’Umuraperi ukomeye w’umunyamerika, Earl Simmons, uzwi nka DMX, ubuzima bwe buri mu marembera nyuma yo gukoresha ibiyobyabwenge akageza aho agwa mu kinya.
Amakuru dukesha Complex avuga ko ibi bisa n’ubwiyahuzi byabaye kuri iki cyamamare DMX cyajyanywe kwa muganga igitaraganya mu ma saa sita z’ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu umutima we wagize ikibazo kubera ibiyobyabwenge byinshi yafashe ari iwe.
Kuri ubu tuvugana DMX ari mu bitaro White Plains byo mu Murwa mukuru wa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amajyepfo: Kubera ubwiyongere bwa COVID-19 buri kagari kagiye gupima abantu 50
Amajyepfo: Kubera ubwiyongere bwa COVID-19 buri kagari kagiye gupima abantu 50

Kubera izamuka ry’imibare y’abaturage bandura icyorezo cya COVID-19, Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo bufatanyije n’Ikigo cy’Ubuzima RBC batangiye gahunda yo gupima nibura abantu 50 muri buri kagari.
Ni gahunda ifashwe nyuma yuko isesengura ry’inzobere mu buzima hamwe n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe baherutse gushyira ku isaha ya saa moya uturere 6 mu 8 tugize iyi ntara bitewe n’ubwiyongere bw’abafatwa na Coronavirusi.
Ikigo k’igihugu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko muri iyi ntara hari (…)

424 Shares 4 Comments
 Abahawe urukingo rwa Mbere rwa Pfizer batangiye guhabwa urwa Kabiri
Abahawe urukingo rwa Mbere rwa Pfizer batangiye guhabwa urwa Kabiri

Guhera kuri uyu wa Gatanu Minisiteri y’Ubuzima yatangiye gutanga urukingo rwa Kabiri rwa COVID-19 ku bantu bari bahawe urukingo rwa Mbere rwa Pfizer mu rwevo rwo gushimangira ubudahangarwa bw’urukingo.
Ni mu rwego rwo gukomeza gahunda yo gukingira icyorezo cya COVID-19 hakoreshejwe izo nkingo ebyiri nk’uko zemejwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), yatangiye guhera tariki ya 5 Werurwe 2021.
Ni inkingo zisabwa ko uzikingije ahabwa doze ebyiri kugira ngo zibashe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rutsiro: Imiryango 1000 yahawe ibiti by'imbuto byo gutera
Rutsiro: Imiryango 1000 yahawe ibiti by’imbuto byo gutera

Uyu munsi tariki ya 1 Mata 2021 mu karere ka Rutsiro mu mirenge ya Gihango, Mushubati, Ruhango, Murunda na Nyabirasi hatanzwe ibiti by’imbuto ziribwa ibihumbi 3 ku miryango 1000.
Byatanzwe mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda ya Leta y’ibiti 3 kuri buri muryango hagamijwe gahunda yo kurwanya imirire mibi, abaturage batozwa kurya indyo yuzuye..
Ibi biti bikaba byatanzwe ku bufatanye bw’akarere ka Rutsiro n’Umushinga wa HortInvest.
Ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro bukaba bwasabye (…)

424 Shares 4 Comments
Inda z'imburagihe mu bangavu zageze kuri 5.2% mu 2020
Inda z’imburagihe mu bangavu zageze kuri 5.2% mu 2020

Ikibazo k’inda ziterwa abangavu gikomeje kwiyongera, inda z’imburagihe mu bangavu ubu zigeze kuri 5.2% (2020).
Byagarutswehi mu kiganiro cyateguwe n’Ihuriro ry’Abagize Inteko Ishinga Amategeko baharanira imibereho myiza y’abaturage n’iterambere (RPRPDRwanda) cyabaye kuri uyu wa kabiri, cyari kigamije kurebera hamwe uruhare rw’inzego zitandukanye mu guteza imbere serivisi z’ubuzima bw’imyororokere mu rubyiruko.
Kitabiriwe na Dr. Mbonimana, Perezida w’Ihuriro RPRPDRwanda, na SolangeTetero (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru