Wednesday . 27 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

U Rwanda rukeneye miliyari zirenga 46 zo kugura inkingo zizarandura COVID-19
U Rwanda rukeneye miliyari zirenga 46 zo kugura inkingo zizarandura COVID-19

Leta y’u Rwanda iri kuganira n’abafatanyabikorwa barimo Banki y’Isi kugira ngo ibone amafaranga agera kuri miliyoni 47$ (arenga miliyari 46,8 Frw) azifashishwa mu kugura inkingo za Covid-19, bitewe n’uko izo rwemerewe muri gahunda ya Covax zidahagije ngo icyorezo cya Covid-19 kiranduke burundu mu gihugu.
Gahunda y’Umuryango w’Abibumbye igamije guha inkingo ibihugu biri mu nzira y’Amajyambere, yiswe Covax iteganya ko u Rwanda kimwe n’ibindi bihugu biri mu nzira y’amajyambere, ruzahabwa (…)

424 Shares 4 Comments
Abafite ubumuga bagiwe kwiga ku cyakorerwa umukoresha wemeye guha akazi uri muri icyo kiciro
Abafite ubumuga bagiwe kwiga ku cyakorerwa umukoresha wemeye guha akazi uri muri icyo kiciro

Mutungirehe Samuel
Abafite ubumuga batangaza ko nubwo mu itegeko ry’umurimo mu Rwanda hari uko rifasha abafite ubumuga guoiganira no kubona akazi ariko hari inyigo ikwiye kwigwaho ijyanye n’icyakorerwa umukoresha wemeye guha akazi ufite ubumuga.
Byagarutsweho n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Inama y’Igihugu y’abafite ubumuga Emmanuel Ndayisaba kuri uyu wa Gatatu, ubwo i Kigali hateraniraga inama y’abari muri icyo kiciro baturutse mu bihugu byo muri Afurika y’Uburasirazuba biga ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abakora VUP bagiye kujya bahemberwa kuri telephone badatonze umurongo kuri SACCO
Abakora VUP bagiye kujya bahemberwa kuri telephone badatonze umurongo kuri SACCO

Si rimwe cyangwa kabiri mu Rwanda humvikanye abakoze imirimo y’amaboko gahunda ya Vision Umurenge Program izwi nka VUP Umurenge SACCO, bataka ko amafaranga bakoreye atarabageraho cyane ko bakora mu byitwa Kenzene by’iminsi 15 (Quinzaine), rimwe na rimwe akabaeraho amezi yirenze.
Kuri ubu Ikigo k’Igihugu gishinzwe iterambere ry’uturere LODA cyatangaje ko aba bagenerwabikorwa bagiye kujya baemberwa kuri telephone, amafaranga bakoreye cyangwa ayo bagenewe bitewe na gahunda zikubiye muri VUP (…)

424 Shares 4 Comments
Kuri uyu wa Gatatu biramenyekana niba Rusesabagina yarikuye mu rubanza cyangwa yarisubiyeho
Kuri uyu wa Gatatu biramenyekana niba Rusesabagina yarikuye mu rubanza cyangwa yarisubiyeho

Mutungirehe Samuel
Mu iburanisha mu mizi riheruka, Paul Rusesabagina yagize gutya abwira urukiko ko abona uburenganzira bwe butari kubahirizwa uko bikwiye umuburanyi yerura ko ku bw’ibyo atazongera kwitabira urubanza rwe.
Ni ibintu urukiko rwafashe nk’ikifuzo cy’uburana cyane ko amategeko abimwemerera ariko bidakuraho ko urukiko cyangwa urubanza ruhagarara.
Rusesabagina ashobora guhitamo kutongera kugaruka imbere y’urukiko ariko akaba yaha uburenganzira abamwunganira, bakajya bitaba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda rwohereje Minisitiri w'Intebe mu gusezera kuri Perezida Magufuli
U Rwanda rwohereje Minisitiri w’Intebe mu gusezera kuri Perezida Magufuli

Perezida Kagame nk’uwari inshuti ikomeye ya Magufuli uherutse kwitaba Imana aguye mu gihugu cya Tanzania yayoboraga, yagenye intumwa ikomeye, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente uzamuhagararira mu muhango wo gusezera bwa nyuma ku murambo wa Magufuli.
Nyakwigendera Perezida Dr. John Pombe Joseph Magufuli yitabye Imana ku wa 17 Werurwe 2021 azize indwara y’umutima nk’uko byatangajwe na Visi-Perezida we Samia ari nawe wamusimbuye ku buyobozi nk’uko itegeko nshinga rya Tanzania (…)

424 Shares 4 Comments
MINISANTE iherutse kubona abanyamahanga bafite Corona yo mu Bwongereza n'iyo muri Afurika y'Epfo
MINISANTE iherutse kubona abanyamahanga bafite Corona yo mu Bwongereza n’iyo muri Afurika y’Epfo

Mutunfgirehe Samuel
Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel yemeye ko mu Rwanda habonetse abanyamahanga bagera kuri 12 bafite virusi y’igikatu baturutse mu Bwongereza n’abandi 10 bafite virusi ya corona yihinduranyije iherutse kuboneka muri Afurika y’Epfo.
Yabitangaje kuri iki cyumweru, tariki ya 21 Werurwe 2021 kuri Radio y’Igihugu agaragaza uko ishusho y’iki cyorezo ihagaze kugeza ubu n’uko inkingo ziri gutangwa.
Dr. Ngamije yavuze mu bipimo 400 byafashwe mu cyumweru gishize, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ingabire Grace abaye Miss Rwanda 2021
Ingabire Grace abaye Miss Rwanda 2021

Ingabire Grace w’imyaka 25 ni we wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu muhango wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Werurwe 2021.
Hari mu gicuku ku isaha ya saa tanu n’iminota hafi 50′ ni bwo Ingabire Grace winjiye mu irushanwa ahagarariye Umujyi wa Kigali yambitswe ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2021. Yari yambaye nomero 7
Igisonga cya Mbere yabaye Akaliza Amanda [Nimero 01] naho Igisonga cya kabiri yabaye Umutoni Witness [Nimero 28].
Yasimbuye Nishimwe (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Magufuli azashyingurwa ku wa 25 iwe mu rugo
Perezida Magufuli azashyingurwa ku wa 25 iwe mu rugo

Mutungirehe Samuel
Nyakwigendera Perezida Dr. Joseph John Pombe Magufuli azashyingurwa mu cyumweru gitaha, tariki ya 25Werurwe 2021 iwe mu rugo, hita Chato.
Ibi byatangajwe na Perezida mushya wahoze yungirije Magufuli, Madam Samia Suluhu Hassan warahiye kuri uyu wa 19 Werurwe 2021.
Mu ijambo yagejeje ku banya-Tanzania n’inshuti zabo, Perezida Samia yaboneyeho no gutangaza ko igihugu cyose kigomba kumara iminsi 21 mu cyunamo kubera urupfu rwa Magufuli ndetse amabendera yose akururutswa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yasabye Gatabazi na Habyarimana kwirinda imikorere iganisha ku nyungu n'imitekerereze yabo bwite
Perezida Kagame yasabye Gatabazi na Habyarimana kwirinda imikorere iganisha ku nyungu n’imitekerereze yabo bwite

Perezida Paul Kagame yahanuye Minisitiri mushya w’Ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney na Minisitiri Béata Habyarimana w’Ubucuruzi n’Inganda, barahiriye kuzuza inshingano nshya kwibuka ko bakorera Abanyarwanda, bakirinda imikorere iganisha ku nyungu cyangwa imitekerereze yabo bwite.
Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Werurwe 2021, mu biro bya Perezida, Village Urugwiro.
Ni nyuma y’impinduka zakozwe n’Umukuru w’Igihugu ku wa 15 Werurwe, Gatabazi wari Guverineri (…)

424 Shares 4 Comments
Kigali: Barindwi beretswe itangazamakuru bakurikiranyweho kwiba imiti n’ibikoresho byo gupima COVID na Sida

Mutungirehe Samuel
Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu barindwi bacyekwaho kwiba imiti n’utwuma twifashishwa mu gupima COVID-19 na Sida two mu mavuriro ya Leta bakayicuruza mu mavuriro yigenga.
Ni igikorwa cyabaye i Kigali kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Werurwe 2021.
Umwe muri abo bantu yabwiye abanyamakuru ko ibyo yacuruzaga, icyo yakoraga ari ukubiragura abihawe n’abakozi bo muri farumasi za Leta kimwe no mu bakora muri za Laboratwari bakumvikana ku nyungu.
Yakomeje (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru