Wednesday . 27 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

USA: Minneapolis ibintu byarushijeho kuba bibi nyuma yuko undi mwirabura yishwe n'umupolisi w'umuzungu
USA: Minneapolis ibintu byarushijeho kuba bibi nyuma yuko undi mwirabura yishwe n’umupolisi w’umuzungu

Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika nyuma y’aho umupolisi arasiye umwirabura mu Mujyi wa Brooklyn Center, hafi ya Minneapolis ahaguye Umwirabura George Floyd yishwe n’umupolisi w’umuzungu amuhejeje umwuka, kuri ubu abantu benshi biraye mu mihanda bigaragambiriza urwo rupfu rwa kabiri, bamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa abirabura.
Igipolisi cyakoresheje ibyuka biryana mu maso kugira ngo gutatanye bityo gihoshe iyo myigaragambyo yabaye mu ijoro ryakeye kuri iki Cyumweru tariki ya 11 Mata (…)

424 Shares 4 Comments
Minisitiri w'Intebe w'Ubwongereza yanze kuzitabira gushyingura Umugabo w'Umwamikazi w'Ubwongereza
Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza yanze kuzitabira gushyingura Umugabo w’Umwamikazi w’Ubwongereza

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Alexander Boris de Pfeffel Johnson yatangaje ko kubera impamvu zo kwirinda gukwirakwiza icyorezo cya Coronavirusi i Bwami mu Bwongereza atazitabira umuhango wo gushyingura Igikomangoma, Orince Philip, akaba n’Umugabo w’Umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II.
Johnson yavuze ko kubera umubare muke w’abateganyijwe kujya muri ibyo birori kubera kubahiriza inganba zo kwirinda Coronavirusi, yemeye guharira ab’Ibwami hafi cyane bakaba ari bo bazajya gushyingura (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amateka yaranze Igikomangoma Philip, umugabo wa Queen Elizabeth II, Umwamikazi w'Ubwongereza
Amateka yaranze Igikomangoma Philip, umugabo wa Queen Elizabeth II, Umwamikazi w’Ubwongereza

Igikomangoma Philip yavukiye muri Corf mu Bugereki ahabwa ubwenegihugu bw’ Ubugereki ku wa 10 Kamena 1921. Aho avuka harimo abo mu muryango w’ abami ba Danmark, Ubudage, Uburusiya n, Ubwongereza. Igikomangoma Philip niwe muhungu wenyine w’Igikomangoma Andrew n’umwamikazi Alice w’ i Battenberg
Amashuri ye yayigiye mu Bufaransa mu ishuri ry’ Abanyamerica ryitwa Maclanett I ST- Cloud ndetse akomereza muri Gordonstoun
Ahagana mu 1947, igikomangoma Philip nibwo yashakanye n’Umwamikazi (…)

424 Shares 4 Comments
Nyuma yo gukoresha ibiyobyabwenge byinshi DMX birangiye apfuye
Nyuma yo gukoresha ibiyobyabwenge byinshi DMX birangiye apfuye

Mu cyumweru gishize twabagejejeho inkuru y’Umuraperi Earl Simmons wamenyekanye mu muziki nka DMX, ko ari mu bitari i New York arembejwe no kwihata ibiyobyabwenge byinshi umutima ugahagarara akagwa mu kinya, kizwi nka Koma, none amaze guhitanwa nabyo.
Ibitangazamakuru byo muri Amerika byanditse ko DMX yitabye Imana kuri uyu wa Gatanu azize uburwayi bw’umutima.
DMX wari ufite imyaka 50 y’amavuko, kuva ku wa 2 Mata 2021, yari arwariye mu bitaro indwara y’umutima yaturutse ku gukoresha (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kagame yakiriye umushakashatsi Duclert wamuzaniye raporo yakoze ku ruhare rw'Ubufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Kagame yakiriye umushakashatsi Duclert wamuzaniye raporo yakoze ku ruhare rw’Ubufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 9 Mata 2021 Perezida Paul Kagame yakiriye Prof. Vincent Duclert, umushakashatsi wamuzaniye raporo icukumbuye yakoze ku ruhare rw’Ubufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ni raporo y’amapaji arenga 1000 yakozwe n’itsinda rya Komisiyo yari iyobowe na Duclert ari nawe raporo yitiriwe. Iherutse gushyirwa ahagaragara muri uku kwezi kwa Kane ariko ikaba yatarangiye gushimwa n’impande zombi ko ije gukuraho urujijo ku ruhare rw’Ubufaransa muri Jenoside (…)

424 Shares 4 Comments
Zimbabwe yokejwe igitutu ngo itange Protain Mpiranya ku ruhare akekwho muri Jenoside
Zimbabwe yokejwe igitutu ngo itange Protain Mpiranya ku ruhare akekwho muri Jenoside

Urwego rwasigariyeho Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, IRMCT, rwongeye gusaba Guverinoma ya Zimbabwe gushyikiriza ubutabera Mpiranya Protais w’imyaka 60 y’amavuko, ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
Ni ubusabe bwongeye gutangwa n’ubushinjacyaha bw’urucrwego, bwotsa igitutu Zimbabwe nyuma yo kuaragaza ko yatereye agati mu ryinyo.
Mpiranya yari umusirikare ndetse akaba ari nawe wari ukuriye abarindaga Perezida Habyarimana. Amaze imyaka (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Igikomangoma Philip akaba umugabo w'Umwamikazi Elizabeth yitabye Imana
Igikomangoma Philip akaba umugabo w’Umwamikazi Elizabeth yitabye Imana

Igikomangoma Philip usanzwe ari umugabo w’Umwamikazi Elisabeth II w’u Bwongereza yitabye Imana ku myaka 99 y’amavuko.
Urupfu rwa Philip rwamenyekanye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 9 Mata 2021.
Igikomangoma Philip yari amaze iminsi arwaye. Amaze imyaka 65 ashakanye n’Umwamikazi Elizabeth II.
Ingoro y’Ubwami bw’u Bwongereza yatangaje ko Philip yabereye Umwamikazi Elisabeth II umugabo mwiza, amuba hafi mu bihe byose amaze ategeka ubwami bw’u Bwongereza kandi aba umwe mu bantu bakomeye mu (…)

424 Shares 4 Comments
Abakorerabushake b'Abayapani bagiye gusubukura ibikorwa mu Rwanda
Abakorerabushake b’Abayapani bagiye gusubukura ibikorwa mu Rwanda

Urubyiruko rw’abakorerabushake rwo mu Buyapani rugiye gusubukura ibikorwa byarwo mu Rwanda nyuma y’umwaka bihagaze kubera icyorezo cya Coronavirus.
Byatangajwe kuri uyu wa Kane tariki 8 Mata 2021, ubwo urubyiruko ruri mu Ihuriro ry’abakorerabushake bo mu Buyapani Japan Overseas Cooperation Volunteers(JOCV) rwasuraga umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ushinzwe ibikorwa by’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba, Prof Manasseh Nshuti.
Ni nabwo baboneyeho gutangaza ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda rugiye kubaka Urwibutso rwa Jenoside mu Buholandi
U Rwanda rugiye kubaka Urwibutso rwa Jenoside mu Buholandi

Mu rwego rwo gukomeza kumenyekanisha amateka ya Jenoside ku isi hose no gusobanura ukuri kwayo, u Rwanda rugiye kubaka urwibutso rwa Jenoside mu Buholandi binyuze muri ambasade yarwo iri Amsterdam mu murwa mukuru.
Byagarutsweho kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 7 Mata 2021 na Ambasaderi Olivier Jean Patrick Nduhungirehe uhagarariye u Rwanda muri icyo gihugu, asobanura uko batangiye gahunda ya Kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi.
Amb. Nduhungirehe yavuze ko u Buholandi urebye (…)

424 Shares 4 Comments
Kwibuka 27: Nta kindi gihe u Rwanda rwaranzwe n'ubumwe no kureba imbere nk'ubu-Kagame
Kwibuka 27: Nta kindi gihe u Rwanda rwaranzwe n’ubumwe no kureba imbere nk’ubu-Kagame

Ubwo yatangizaga gahunda yo Kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakirewe Abatutsi mu 1994, Perezida Kagame Paul yatangaje ko Abanyarwanda bakomeje kurushaho kunga ubumwe nk’iki gihe batitaye ku bashaka kubarangaza.
Ni mu byo yagarutseho mu ijambo ry’ubutumwa yageneye uyu munsi u Rwanda rutangiye icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi kibanziriza iminsi 100 y’igihe Jenoside yakozwemo ku mugaragaro.
Perezida Kagame yavuze ko Kwibuka ari inkingi ikomeye mu bigize (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru