Wednesday . 27 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

COVID-19 kwa Papa Francis, Umuganga we yamuhitanye
COVID-19 kwa Papa Francis, Umuganga we yamuhitanye

Umuganga wihariye wa Papa Francis, Fabrizio Soccorsi, yitabye Imana ku myaka 78.
Uyu muganga yari yaratoranyijwe na Papa ngo amubere umuganga mu mwaka wa 2015.
Byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu n’ikinyamakuru cy’i Vatikani cyitwa L’Osservatore Romano, Dr. Fabrizio yazize ingaruka yatewe no kurwara COVID-19.
Soccorci bivugwa ko yagiye mu bitaro tariki 26 Ukuboza i Roma kugira ngo akorerwe ubuvuzi bw’indwara yari asanganywe za kanseri. Kugeza ubu nta makuru aramenyekana y’igihe aheruka (…)

424 Shares 4 Comments
Madamu Jeannette Kagame yasabiye Padiri Ubald kuruhukira mu mahoro
Madamu Jeannette Kagame yasabiye Padiri Ubald kuruhukira mu mahoro

Madamu Jeannette Kagame yasabiye Padiri Ubald Rugirangoga ‘kuruhukira mu mahoro’, anatanga ubutumwa bwo gufata mu mugongo abo mu muryango we basigaye, binyuze mu Muryango Intwararumuri abereye umuyobozi w’Ikirenga.
Yabitangaje mu butumwa yanyujije ku rukuta rwa kuri uyu wa gatandatu tariki ya 9 Mutarama 2021.
ubu butumwa kandi bwaje bukurukiranye n’ubw’Umuryango Unity Club Intwararumuri, Madamu Jeannette Kagame abereye Umuyobozi w’Ikirengana wo wihanganishije umuryango wa Padiri Ubald, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kinyinya: Abajura babiri bitwaje ibyuma barashwe bagerageza kurwanya Polisi bahasiga ubuzima
Kinyinya: Abajura babiri bitwaje ibyuma barashwe bagerageza kurwanya Polisi bahasiga ubuzima

Polisi y’u Rwanda yishe irashe abantu babiri bagerageje kuyirwanya nyuma yo gufatirwa mu cyuho batwaye televiziyo [flat screen] nini yo mu bwoko bwa SONY bikekwa ko bari bibye.
Amakuru agera Igihe cyahawe avuga ko mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 9 Mutarama 2021, ahagana saa Munani n’iminota 40 ni bwo abapolisi bari ku irondo mu Mudugudu wa Dusenyi, Akagari ka Kagugu, Umurenge wa Kinyinya ho mu Karere ka Gasabo bahuye n’abantu babiri batwaye televiziyo yo mu bwoko bwa SONY (…)

424 Shares 4 Comments
U Rwanda rwamaganye raporo y'Umuryango w'Abibumbye irushinja kugira ingabo muri RDC
U Rwanda rwamaganye raporo y’Umuryango w’Abibumbye irushinja kugira ingabo muri RDC

Leta y’u Rwanda yamaganye raporo yakozwe n’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye, Loni, irushina kugira ingabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ruvuga ko nta n’ibikorwa by’ubufatanye mu bya gisirikare biheruka hagati y’ibihugu byombi.
Ku wa 23 Ukuboza 2020, hasohotse Raporo y’impuguke za Loni yavugaga ko Leta y’u Rwanda yohereje ingabo zayo mu bikorwa by’imirwano mu Burasirazuba bwa Congo, ariko mu itangazo ryasohowe na Leta y’u Rwanda, rigaragaza ko ibyo birego nta shingiro (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Padiri Obald Rugirangoga yitabye Imana azize COVID-19
Padiri Obald Rugirangoga yitabye Imana azize COVID-19

Padiri Ubald Rugirangoga uzwi mu bikorwa byo gusengera abarwayi, yitabye Imana kuri uyu wa 8 Mutarama 2020, aguye mu bitaro byo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Umwe mu bihaye Imana muri Kiliziya Gatolika utifuje ko dutangaza amazina ye, abwiye Iriba News dukesha iyi nkuruko Padiri Obald yari arwaye coronavirus, akaba yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu.
Padiri Rugirangoga Ubald yamenyekanye cyane kubera ibikorwa by’isanamitima n’ibindi byiganjemo ibyo gusengera abarwayi (…)

424 Shares 4 Comments
Umunyamakuru Umuhire Valentin yitabye Imana
Umunyamakuru Umuhire Valentin yitabye Imana

Umunyamakuru Umuhire Valentin wari ufite inararibonye n’uburambe mu mwuga w’itangazamakuru mu Rwanda akaba kuri ubu yari umuyobozi mukuru w’ikinyamakuru ValueNews yitabye Imana azize uburwayi.
Amakuru y’urupfu rw’incamugongo rw’Umuhire, ufatwa nk’icyitegererezo na benshi yamenyekanye ku mugoroba wo ku wa Kane tariki 7 Mutarama 2021.
Abo mu muryango we batangaje ko yari amaze iminsi arwariye mu Bitaro bya Kigali CHUK ari naho yaguye.
Umuhire yakoze mu bitangazamakuru bitandukanye birimo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Minisiteri y'Uburezi yatangaje itariki abiga mu wa 1 kugeza mu wa 3 bazatangirira
Minisiteri y’Uburezi yatangaje itariki abiga mu wa 1 kugeza mu wa 3 bazatangirira

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko biteganyijwe konnbv abana biga mu mashuri y’inshuke no mu cyiciro cya mbere cy’amashuri abanza bazasubira ku mashuri tariki 18 Mutarama 2021, ababyeyi basabwa kwitegura mu minsi isigaye kugira ngo itariki izagere byose biri ku murongo.
Byatangajwe na Minisitiri w’Uburezi Dr. Uwamariya Valentne, kuri utu wa gatatu tariki ya 7 Mutarama 2021, mu kiganiro n’abanyamakuru cyibanze ku bigezweho mu burezi harimo ingengabihe y’amashuri y’inshuke n’abanza (…)

424 Shares 4 Comments
Kigali: i Gahanga abubatse amashuri bakamburwa bariye Karungu
Kigali: i Gahanga abubatse amashuri bakamburwa bariye Karungu

Abaturage bagera kuri 25 biganjemo abafundi n’abayedi bubatse ibyumba by’amashuri mu murenge wa Gahanga, mu karere ka Kicukiro, mu mujyi wa Kigali, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 06 Mutarama 2021, bazindukiye mugisa n’imyigaragambyo aho bazindukiye ku biro by’umurenge wa Gahanga bakavuga ko batahava batishyuwe.
Baganira n’Ikinyamakuru Intwari, umwe yavuze ko basanze gitifu atari ku murenge bamuhamagaye ababwira ko atakihakorera.
Yagize ati"Twabonye ku murenge ntawe utwitaho kandi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abantu bane bapfiriye mu myigaragambyo y'abashyigikiye Perezida Donald Trump batera ingoro y'Inteko Ishingamategeko
Abantu bane bapfiriye mu myigaragambyo y’abashyigikiye Perezida Donald Trump batera ingoro y’Inteko Ishingamategeko

Ibihumbi by’abaturage bashyigikiye Donald Trump binjiye mu Nteko Ishinga Amategeko ya Amerika ubwo abayigize bari bateranye ngo bemeze intsinzi ya Joe Biden watowe.
Muri iyi myigaragambyo yabaye ku wa Gatatu, abayitabiriye barushije imbaraga abapolisi barinda Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika, ndetse bamwe babaca mu rihumye barinjira.
Mu kurinda abadepite n’abasenateri hari abasabwe kuguma mu biro byabo mu gihe abandi bajyanywe ahantu hatekanyo kurushaho.
Ahagana saa Tatu z’ijoro (…)

424 Shares 4 Comments
Polisi iri guhamagaza abashoferi n'abamotari 209 banze kubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 bagata ibinyabiziga bakayabangira ingata
Polisi iri guhamagaza abashoferi n’abamotari 209 banze kubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 bagata ibinyabiziga bakayabangira ingata

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryashyize hanze urutonde rw’abantu 209 bafashwe batwaye ibinyabiziga bakarenga ku mabwiriza abuza ingendo za nijoro mu masaha yashyizweho na Leta ndetse hakaba harimo n’abasuzuguye abapolisi ubwo babaga barimo kugenzura iyubahirizwa ry’amabwiriza yo kurwanya COVID-19.
Aba bose bandikiwe mu Mujyi wa Kigali hagati ya tariki ya 25 Nzeri na tariki ya 5 Ukuboza 2020 ubwo ingendo zari zibujijwe guhera hagati ya saa mbiri z’ijoro (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru