Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Perezida Paul Kagame yavuze ko n’ubwo igihugu kidahagaze nabi ku rwego rw’Isi mu bijyanye no kurwanya ruswa n’akarengane abaturage, gusa hakenewe gukaza ingamba zo kurwanya aho uyu muco mubi wo kurenganya abaturage na ruswa waba ukiri.
Yabitangaje mu ubutumwa yatanze kuri uyu wa Gatatu tariki 2 Ukuboza 2020, amaze kwakira indahiro ya Nirere Madeleine warahiriye kuba Umuvunyi Mukuru, mu gihe cy’imyaka itanu iri imbere.
Umukuru w’Igihugu yashimye Nirere wemeye kwakira izo nshingano zo kuba (…)
Mu gihe hamaze iminsi hatangajwe ko hari inkingo ebyiri zakorewe gukingira Coronavirusi zigeze mu kiciro cya nyuma k’igeragezwa, igihugu cy’ubwongereza cyemeye gukoresha rumwe muri zo, Pfizer/BioNTech, rukaba rugiye gukingirwa abantu benshi.
byatangajwe n’ikigo gishinzwe igenzura mu Bwongereza (the MHRA), cyavuze ko ruriya rukingo rushobora kurinda ikiremwamuntu kwandura coronavirusi ku kigereranyo cya 95%, rukaba rugiye gutangira guterwa abantu benshi mu cyumweru gitaha. (…)
Kuri uyu wa 1 Ukuboza 2020, ku cyicaro gikuru cya Minisiteri y’Ingabo, Perezida Kagame yagiranye inama n’Abayobozi bakuru mu Ngabo z’Igihugu n’abakozi.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Kagame Paul, akaba ari nawe Mugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’igihugu
Inama yabereye kuri Minisiteri y’ingabo Kimihurura
Fotos Urugwiro
MUTUNGIREHE SAMUEL
Madamu Jeannette Kagame yatangaje ko urugamba rwo kurwanya icyorezo cya Sida rushoboka ariko hakenewe ubufatanye butajegajega ku isi hose.
Yabitangaje mu butumwa yatanze kuri iyi tariki ya mbere Ukuboza, umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya Sida, kuri iyi nshuri insanganyamatsiko ikaba igira iti “Guhashya SIDA ni inshingano zanjye nawe’.
Madamu Jeanette Kagame yavuze ko kugira ngo uru rugamab rushoboke buri wese ahamagarirwa kugaragaza umusanzu we.
Akomeza agira (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Mu gihe u Rwanda rwitegura kwifatanya n’isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga uba tariki ya 3 Ukuboza buri mwaka, Ikigo cya HVP Gatagara ishami rya Gikondo kishimiye inkunga cyahawe n’abaterankunga batandukanye, zigiye kurushaho kubafasha kunoza imibereyo y’abafite ubumuga bahabwa serivisi zaba izo mu burezi n’imibereho n’ubuvuzi muri icyo kigo.
Byagarutsweho tariki ya 30 Ugishyingo 2020 aho iki kigo gikorera i Gikondo, mu muhango wo kwereka (…)
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yamaze kwemerera abaganga bahembwa na leta gukorera ahantu harenze hamwe no mu buryo burenze bumwe aho basanzwe bakorera, nk’inzira yo kurushaho kunoza serivisi z’ubuvuzi mu mavuriro ya Leta.
Mu itangazo iyi minisiteri yashyize ahagaragara kuri iki cyumweru tariki ya 29 Ugushyingo 2020, yavuze ko ibyo bikozwe mu rwego rwo kurushaho kunoza serivisi zihabwa abagana amavuriro ya Leta no guha ayo mavuriro ubushobozi bwo gukomeza gukoresha abaganga n’abaganga (…)
Umunyarwanda w’imyaka 62 y’amavuko, Arikiyepisikopi wa Kigali, Musenyeri Kambanda Antoine, yimitswe kuri uyu wa gatandatu na Papa Francis nka Cardinal mushya muri Kiliziya Gatolika, umuhango wabereye muri Bazilika ya Mutagatifu Petero i Vatican.
Papa Francis ubwe ni we wayoboye uyu muhango ku isaha ya saa Kumi n’imwe aho Caldinal Kambanda yari kumwe na bagenzi be bose ari 13 bamaze iminsi bemejwe na Papa Farncis kujya mu kiciro cy’abakaridinal muri Kiliziya Gatulika.
Ni umuhango kandi (…)
Abatoza mu byo kurwanya ihohoterwa bagiye kunoza uburyo bwo gufasha uwahohotewe kwisanga mu muryango
MUTUNGIREHE SAMUEL
Umuryango w’ibihugu 12 birimo n’u Rwanda bigize Inama mpuzamahanga y’ibihugu by’akarere k’Amajyepfo n’Iburasirazuba mu Biyaga bigari bw’Afurika (International Conference on the Great Lakes Region, ICGLR) watangaje ko uri mu nzira nziza yo guhangana n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore n’abakobwa riri kwiyongera mu bihugu bigize ako karere hanozwa uburyo bwo gufash uwahohotewe kwisanga mu muryango.
Byatangajwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 27 Ugushyingo (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Imibare yatangajwe n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwagaragarije abatuye akarere ka Gasabo ko kaje imbere mu kugira imibare myinshi y‘ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina aho mu byaha 909 byagaragaye mu mezi y’uyu mwaka utaruzura mu turere dutatu tw’Umujyi wa Kigali, hafi kimwe cya kabiri, 437, ari ibyo muri ako karere.
Byagaragajwe mu bukangurambaga ngarukamwaka bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, kuri iyi nshuro bwatangirijwe mu Murenge wa (…)
Umushinjachaya Mukuru, Aimable Havugiyaremye, yatangaje ko u Rwanda atari rwo ruri kuburanisha urubanza rw’Umunyarwanda Kbuga Felicine, ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatusti mu 1994, ku ruhare yayigizemo, asobanura icyatumye urwo rubanza rujyanwa I La Haye mu Buholandi.
Yabisobanuye mu kiganiro n’itangazamakuru tairki ya 23 Ugushyingo 2020, ubwo hatangizwaga icyumweru cy’Ubucamanza kizageza tariki ya 27 Ugushyingo ku nanganyamatsiko igira iti “Ubuhuza nk’inkingi (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.


















