Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Abashoferi batwara b'amakamyo anyura mu muhoora wo hagati bagiye guhabwa udupfukamunwa turenga ibihumbi 110
Abashoferi batwara b’amakamyo anyura mu muhoora wo hagati bagiye guhabwa udupfukamunwa turenga ibihumbi 110

MUTUNGIREHE SAMUEL
Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda, PFS, n’Ishyirahamwe ry’ibihugu bigize Umuhora wo Hagati “Central Corridor” bagiye guha udupfukamunwa 11 853 abashoferi barenga 1000 batwara amakamyo yambukiranya imipaka yo mu bihugu bigize umuhora wo hagati birimo u Rwanda, Kongo RDC, u Burundi, Uganda, Kenya na Tanzania mu rwego rwo kurushaho kwirinda kwandura no kwanduzwa icyorezo cya COVID-19 cyugarije isi bikagira ingaruka ku bikorwa birimo n’ubucuruzi.
Kuri uyu wa gatanu tariki ya (…)

424 Shares 4 Comments
NIRDA yafunguye ipiganwa ku babumba ibyo mu bwubatsi bakoresheje ibumba bashaka inkunga
NIRDA yafunguye ipiganwa ku babumba ibyo mu bwubatsi bakoresheje ibumba bashaka inkunga

MUTUNGIREHE SAMUEL
Ikigo k’Igihugu Gishinzwe Ubushakashatsi no Guteza Imbere Inganda (NIRDA) cyafunguye ipiganwa ryagutse ku bakora akazi ko kubumba amakaro, amatafari, n’ibindi bikoze mu ibumba bikoreshwa mu bwubatsi, abazatsinda bakazahabwa ubufasha burimo imashini zigenzweho bazifashisha n’amahugurwa mu buryo butandukanye azatangwa n’umuterankunga Enabel.
Umuhango wo gutangiza iryo piganwa wabereye i Kigali, kuri uyu wa kane tariki ya 10 Ukuboza 2020, witabirwa na bamwe mu bafite aho (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abafite Ubumuga bw'Ubugufi Bukabije baracyafatwa nk'abana ntibabone amakuru ahagije ku buzima bw'imyororokere
Abafite Ubumuga bw’Ubugufi Bukabije baracyafatwa nk’abana ntibabone amakuru ahagije ku buzima bw’imyororokere

MUTUNGIREHE SAMUEL
Abanyarwanda bibumbiye mu Muryango w’Abafite ubumuga bw’ubugufi bukabije, RULP, baratangaza ko bagifite imbogamizi ikomereye ubuzima bwabo, yo kuba bagifatwa nk’abana bitewe n’ubumuga bw’ubugufi bafite, bigatuma muri sosiyete badahabwa amakuru ku buzima bw’imyororokere, ibintu byaviriyemo bamwe ingaruka zo guterwa inda bashutswe, abandi bagahohoterwa mu buryo butandukanye aho basabira zimwe muri izo serivisi nko kwa muganga.
Ibimo mpuzamahanga bigaragaza ko umuntu (…)

424 Shares 4 Comments
Umuryango w'abari mu za bukuru bafata Pension ukataje mu gukemura ibibazo by'ubwigunge n'uburenganzira ku bwiteganyirize
Umuryango w’abari mu za bukuru bafata Pension ukataje mu gukemura ibibazo by’ubwigunge n’uburenganzira ku bwiteganyirize

MUTUNGIREHE SAMUEL
Abagize Umuryango Nyarwanda w’Abari mu za Bukuru bafata Ubwiteganyirize bw’abakozi (Pension), ARR, batangaza ko nyuma y’aho batangiye kwishyira hamwe uwo muryango, wabafashije gukemura ibibazo byabo bwite n’ibibazo rusange, ubu bakaba nta we ugiheranwa n’ubwigunge cyangwa ngo ayoberwe uburenganzira bwe ku bwiteganyirize yabikiwe n’umukoresha kandi babubyaza inyungu mu kugira amasaziro meza.
Itegeko ry’umurimo mu Rwanda rigaragaza uburyo umukoresha n’umukozi bakorana mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abagore bafite ibinyamakuru mu Rwanda barasaba abakobwa kudahishira ababasambanyije
Abagore bafite ibinyamakuru mu Rwanda barasaba abakobwa kudahishira ababasambanyije

Abagore bafite ibinyamakuru mu Rwanda bibumbiye mu Ihuriro bise ‘Women Media Owners for Change, WMOC’ barakangurira abakobwa bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina kumenya uburenganzira bwabo bakirinda guhishira ababasambanyije.
Abagore bafite ibinyamakuru mu Rwanda mu rugamba rwo kurwanya ihohoterwa
Muri iki gihe Isi yose ndetse n’u Rwanda bari mu bukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore n’abakobwa, kuri uyu wa 11 UKuboza 2020, (…)

424 Shares 4 Comments
People with disabilities in need of “Mituelle de Sante” for prostheses issues
People with disabilities in need of “Mituelle de Sante” for prostheses issues

As the world theme on international day of people with disability by 2020 turns around “Lets promote Health Services and Fight Against pandemics for Persons with Disabilities”, in Rwanda, some of them who are in need of prostheses claim that it is difficult to get it due to the lack of insurance scheme.
Some of them who used to get medical issues at HVP Gatagara in Gikondo sector, Kicukiro district say tha the government should easy the cost by issuing the prostheses in the scheme of (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
MINEDUC yatangije gahunda yo kuganiriza abanyeshuri iby'ubuzima bwo mu mutwe n'ubw'imyororokere
MINEDUC yatangije gahunda yo kuganiriza abanyeshuri iby’ubuzima bwo mu mutwe n’ubw’imyororokere

MUTUNGIREHE SAMUEL
Minisiteri y’Uburezi ifatanyije na Minisiteri y’Ubuzima, yatangije gahunda yo kwita ku buzima bwo mu mutwe, ubuzima bw’imyororokere no kurwanya ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu mashuri, hagamije kugira ngo abarezi bahawe ubumenyi bw’ibanze buzabaafsha kwita ku bana, gufasha abana gukomeza kwiyumva nk’abari mu muryango, mu nshuti.
Ni gahunda yatangijwe ku rwego rw’igihugu ku Ishuri Ryisumbuye ryigaho abakobwa gusa “New Explorer Girsl Academy” riherereye mu murenge wa (…)

424 Shares 4 Comments
Urumogi rwanditse andi mateka, rukuwe ku rutonde rw'Ibiyobyabwenge bikomeye
Urumogi rwanditse andi mateka, rukuwe ku rutonde rw’Ibiyobyabwenge bikomeye

Nyuma y’ubusabe bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye Ishinzwe Gukumira Ibiyobyabwenge, imaze gukura urumogi, Cannabis, ku rutonde mpuzamahanga rw’ibiyobyabwenge bikomeye rwashyizweho mu masezerano yo mu 1961.
Ku wa gatatu tariki ya 2 Ukuboza 2020 ni bwo iyi komisiyo yemeje uwo mwanzuro, The New York Times dukesha aya makuru ivuga ko bigiye guca inzira yagutse ku bushakashatsi kuri iki kimera no kugikoramo imiti ku bwinshi.
Umuyobozi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyuma y'imyaka 2 Afurika y'Epfo yohereje uyihagarariye mu Rwanda
Nyuma y’imyaka 2 Afurika y’Epfo yohereje uyihagarariye mu Rwanda

Nyuma y’Imyaka irenga ibiri igihugu cya Afurika y’epfo kivanye Ambasaderi wacyo mu Rwanda, uyu munsi tariki ya 3 Ukuboza 2020, cyohereje ugihagarariye ari we Designate Mandisi Bongani Mabuto Mpahlwa.
Kuva mu Kuboza 2018 ni bwo uwari uhagarariye Afurika y’epfo mu Rwanda, Goerge Twala yakuwe kuri izo nshingano kugeza ubu akaba ari nat wundi wari wamusimbura.
Designate Mandisi Bongani Mabuto Mpahlwa yagejeje impapuro zimusabira guhagararira Afurika y’Epfo mu Rwanda, azishyikiriza Minisitiri (…)

424 Shares 4 Comments
Mu myaka 5 igipimo cy'abana bagwingiye cyagabanutseho 5%
Mu myaka 5 igipimo cy’abana bagwingiye cyagabanutseho 5%

Mu gihe u Rwanda rumaze imyaka itanu rushyira mu bikorwa ingamba zitandukanye zo kugabanya igipimo cy’abana bato bagwingira mu mikurire cyari kuri 38% mu 2015, Ikigo k’Igihugu k’Ibarurishamibare mu Rawanda (NISR) gifatanyije na Minisiteri y’Ubuzima, cyatangaje ibyavuye mu bushakashatsi bwa 6 ku buzima n’imibereho y’ingo mu Rwanda (RDHS 2020), kigeze kuri 33%, bivuze ko bagabanutseho 5%. Ubwo hamurikwaga ibyavuye muri ubu bushakashatsi, kuri uyu wa kane tariki ya 3 Ukuboza 2020, Ikigo NISR (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru