Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo k’igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi mu Rwanda REB, Dr. Ndayambaje Irene n’abamwungirije babiri bahagaritswe by’agateganyo ku mirimo ku mpamvu zo kunanirwa gushyira abarimu mu myanyauko bikwiye.
Itangazo ry’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byashyize ahagaragara kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2020, ryatangaje ko Abayobozi b’ikigo cy’igihugu cy’Uburezi (REB) bahagaritswe by’agateganyo ku mirimo yabo bitewe no kunanirwa gukurikirana no guhuza ishyirwa mu myanya (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Mu gihe abanyeshuri mu mashuri abanza n’ayisumbuye batangiye gusubukura amasomo nyuma y’amezi agera ku icyenda asubitswe kubera kwirinda icyorezo cya COVID-19, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo k’igihugu gishinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye Dr. Ndayambaje Irene yatangaje ko nta kigomba kubuza umunyeshuri wese gusubira ku ishuri kabone n’iyo yaba ari umukobwa watewe inda, afite uburenganzira bwose bwo gusubira ku ishuri.
Yabitangaje kuri uyu wa mbere tariki ya 2 Ugushyingo (…)
Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko gushira amanga rugatinyuka, rukanga ikibi kabone n’iyo cyaba kivugwa n’umuntu mukuru cyangwa uwo bafitanye isano.
Yabitangaje kuri uyu wa gatantatu, tariki ya 31 Ukwakira mu Ihuriro ngarukamwaka rya 13 ry’Umuryango Unity Club “Intwararumuri”, kuri iyi nshuro ryabereye mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ku Kimihurura, ryakurikiranywe kandi no mu buryo bw’ikoranabuhanga n’abantu bari mu bice bitandukanye by’u Rwanda no mu mahanga.
Mu (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Akarere ka Nyaruguru kahize utundi mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2019/2020 n’amanota 84%.
Umuhango wo gutangaza uko uturere twahize utundi mu kugera ku mihigo twasinyanye na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika wabereye i Nyagatare mu ntara y’Iburasirazuba ahateraniye abayobozi bakuru b’igihugu, nyuma y’imyaka ibiri umuhango wo gusinya imihigo utaba.
Urutonde rw’uturere uko twarushanyije mu kwesa imihigo ya 2019/2020
1. Nyaruguru 84%, 2. Huye 82.8%, 3. Rwanagana 82.4% (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Mu karere ka Ngoma mu murenge wa Rukira mu kagari ka Kibatsi mu mudugudu wa Munezero, hari abana batandatu batangaza ko muri Guma mu Rugo ubuzima butari buboroheye kuko bagiranye amakimbirane na Mama wabo washakaga kubazanira undi mugabo ariko kubera ko abantu batari bemerewe guhurira mu nama baguma mu guhangana nawe birangira abayate mu nzu basigara birera.
Ikinyamakuru MamaUrwagasabo cyasuye abo bana aho birera mu rugo iwabo, umunyamakuru asanga babiri muri bo (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Mu gihe ababyeyi bahora bashishikarizwa guha abana indyo yuzuye kandi buri gihe, mu karere ka Ngoma mu mirenge imwe n’imwe hari ababyeyi babwiye Mamaurwagasabo ko babuze amata bajyaga bahabwa muri Guma mu Rugo yo guha abana bityo kuri bamwe imirire ikaba igoye kugerwaho kandi COVID-19 yarabamazeho ubushobozi.
Bamwe mu baganiriye n’umunyamakuru, bo mu murenge wa Kibungo mu kagari ka Karenge, bavuga ko babonaga amata y’abana bose bari munsi y’imyaka itanu akabafasha (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Mu gihe ikibazo cy’abana bahisemo kwibera mu mihanda b’inzererezi gisa n’icyaburiwe umuti ngo basubire mu miryango nk’uko biri mu itegeko nshinga, kuri uyu wa kane tariki ya 29 Ukwakira 2020, abafatanyabikorwa b’imiryango itari iya Leta bakorera mu karere ka Nyarugenge basinyiye gusubiza bene abo bana mu miryango, ibibazo byabo bigakurikiranirwayo bakava burundu mu muhanda abashoboye bagasubira mu ishuri.
Imwe mu miryango itari iya leta ikorera muri aka karere ka (…)
Anne Longfield Komiseri w’imibereho myiza y’abana mu Bwongereza ( is the Children’s Commissioner for England ) Ntawifuza kongera kubona amashuri afungwa, ariko bisa nkaho tugomba kumenyera ko amashuri azajya afungwa by’agateganyo akongera agafungurwa, nkimwe mu ngamba zo guhangana n’icyorezo cya COVIDE-19’. Ibi bikaba byatangajwe na Komiseri ushinzwe imibereho myiza y’abana mu Bwongereza Madamu Anne Longfield, nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru Daily telegraph, cyo ku wa 27 Ukwakira 2020. “ (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga (USAID) tariki ya 28 Ukwakira 2020 cyasoje ku mugaragaro gahunda ya Gikuriro imaze imyaka itanu (2015-2020) iteza imbere imirire myiza, kugeza amazi meza ku bagenerwabikorwa mu Rwanda, gitangaza ko kishimira ko mu myaka itanu abana barenga 12 000 bavuye mu mirire mibi abandi ibarinze kuyigwamo.
Umushinga Gikuriro watangiye ibikorwa mu Gushyingo 2015 mu turere umunani, ufasha abaturage kuzamura imirire y’abana (…)
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatagaje ko rwataye muri yombi Mutangana Jean Bosco wigeze kuba Umushinjacyaha Mukuru w’u Rwanda, akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano.
Amakuru y’itabwa muri yombi rya Mutangana wari usigaye ari umwunganizi mu mategeko (Avoka) yamenyekanye kuri uyu wa gatatu rariki ya 28 Ukwakira 2020 ariko yatawe muri yombi taliki 26 Ukwakira 2020, dosiye ye ubu itegerejwe gushyikirizwa ubushinjacyaha akitaba inkiko.
RIB yavuze ko akimara (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















