Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Nirere Madeleine yagizwe Umuvunyi Mukuru
Nirere Madeleine yagizwe Umuvunyi Mukuru

MUTUNGIREHE SAMUEL
Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye mu ijoro ryo ku wa 11 Ugushyingo 2020 yemeje ko Nirere Madeleine wigeze kuyobora Komosiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, aba Umuvunyi Mukuru asimbuye Murekezi Anastase wari umaze imyaka isaga itatu kuri uyu mwanya.
Anastase Murekezi wigeze kuba Minisitiri w’Intebe hagati ya Nyakanga 2014 na Kanama 2017, kuri ubu yari asanzwe ari Umuvunyi Mukuru kuva wa 30 Kanama 2017, asimbuye Aloysie Cyanzayire wari uwuriho kuva mu 2012 nawe (…)

424 Shares 4 Comments
Ubuzima bukarishye bwa Masengesho ufite umwana wavukanye ubumuga akaba yarabuze uko amuvuza
Ubuzima bukarishye bwa Masengesho ufite umwana wavukanye ubumuga akaba yarabuze uko amuvuza

MUTUNGIREHE SAMUEL
Masengesho Claudine ni umugore wibana mu icumbi yatijwe mu mudugudu w’Isangano mu kagari ka Karenge, mu murenge wa Kibungo wo mu karere ka Ngoma, afite ikibazo gikomeye cy’umwana we wavukanye ubumuga bw’ingingo zose zidakora neza ariko bikarushaho kumubabaza iyo amureba akibuka ko yabuze ubushobozi bwo kumuvuza, bikiyongeraho no kumusiga mu nzu igihe agiye gushaka uwo akorera ngo abone icyo amugaburura.
Ikinyamakuru Mamaurwagasabo.rw cyasuye uyu mubyeyi w’imyaka 30 aho (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Bigaragara ko iyo abantu bumvise imibare itari myinshi y'abanduye COVID-19 barushaho kwirara-CP Kabera
Bigaragara ko iyo abantu bumvise imibare itari myinshi y’abanduye COVID-19 barushaho kwirara-CP Kabera

MUTUNGIREHE SAMUEL
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera, yavuze ko muri iyi minsi biri kugaragara ko abantu bamwe batangiye kwirara, batubahiriza amabwiriza y’ingamba zo kwirinda 100% COVID-19 barimo abatambara agapfukamunwa, abarenga ku masaha y’ingendo abujijwe nyuma ya saa yine, abadahana intera n’abadakaraba intoki kenshi gashoboka aho bagiye kwinjira kandi abazakomeza kurenga ku mabwiriza bazakomeza guhanwa.
Yabitangaje mu kiganiro na Radiyo Rwanda kuri uyu wa (…)

424 Shares 4 Comments
Amateka y'ubuzima bw'umwirabura Kamala Harris, umugore wa mbere ugeze kure mu butegetsi bw'Amerika
Amateka y’ubuzima bw’umwirabura Kamala Harris, umugore wa mbere ugeze kure mu butegetsi bw’Amerika

MUTUNGIREHE SAMUEL
Kamala Devi Harris, ni umukobwa wa Donald J. Harris, umwirabura w’umunya-Jamaica wari umwalimu muri kaminuza ya Stanford University wigishaga iby’ubukungu. Uyu mubyeyi wa Kamala Harris yaje muri Amerika mu 1961 aje gusoza amasomo ye muri Kaminuza ya California.
Mama umubyara ni umuhindekazi witwa Shyamala Gopalan, yari umushakashatsi ku ndwara ya Kanseri akaba yaritabye Imana mu mwaka wa 2009.
kugeza ubu ni Visi-Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika muri manda ya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Basanga gukuramo inda ari ishyano n'ubwo byemewe n'amategeko
Musanze: Basanga gukuramo inda ari ishyano n’ubwo byemewe n’amategeko

by scovia mutesi
Bamwe mu babyeyi n’abajyanama b’ubuzima bo mu karere ka Musanze bavuga ko gukuramo inda n’ubwo byaba byemewe n’amategeko ariko uko byasa kose ari amahano, abandi basanga ari nko gutera icumu ingoma.
Ibi byavuzwe nyuma yaho amabwiriza akubiye mu Iteka rya Minisitiri w’Ubuzima ryatangajwe mu igazeti ya Leta ku wa 8 Mata 2019, ko gukuramo inda byemewe kuri bamwe, ari nawo munsi itegeko ryatangiye gukurikizwa. Iri teka rigaruka ku mpamvu eshanu zituma muganga akuriramo (…)

424 Shares 4 Comments
Biden yatsindiye kuba Perezida wa 46 w'Amerika atsinze Trump
Biden yatsindiye kuba Perezida wa 46 w’Amerika atsinze Trump

Umukandida w’aba-Démocrate muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joseph Robinette Biden Jr. yatsindiye kuba Perezida wa Amerika amaze gutanga Perezida wa 45 w’Amerika Donald Jay Trump kugira amajwi 270 asabwa ngo umukandida yinjire mu Ngoro ya White House y’umukuru w’Amerika, akaba abaye Perezida wa 46 w’Amerika.
Biden yujuje amajwi asabwa kuri uyu wa gatandatu nyuma y’iminsi ine amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Amerika aba, byemejwe ko ariwe watsinze Donald Trump bari bahanganye nyuma yo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gushishikariza abakobwa kuba indashyikirwa – Urugendo rw'imyaka 15
Gushishikariza abakobwa kuba indashyikirwa – Urugendo rw’imyaka 15

Ubwanditsi: Iyi ni inyandiko yanditswe na Nyakubahwa Madamu Jeannette Kagame, ikubiyemo urugendo rw’imyaka 15 ishize Imbuto Foundation yimakaza guteza imbere uburezi bw’umwana w’umukobwa rwakuyeho inzitizi zose zatumaga umukobwa ahezwa mu burezi.
"Guharanira kuba indashyikirwa, kuba umuyobozi utanga urugero rwiza, kuba umufashamyumvire n’icyitegererezo cyiza, kuba mwiza mu buryo bwose, kumenya kwirenga”.
Ngibyo bimwe mu bisubizo uzahabwa nugira uwo ubaza iki ikibazo: ‘Kuba warahembwe (…)

424 Shares 4 Comments
Amatora muri US 2020: Ilhan Omar yatsindiye kuguma mu nteko
Amatora muri US 2020: Ilhan Omar yatsindiye kuguma mu nteko

by Scovia mutesi
Inkuru ya BBC Ilhan Omar, Umunyamerika ukomoka muri Somalia, yatorewe kuguma mu mwanya w’umudepite uhagarariye leta ya Minnesota, yatsinze ku majwi 64%.
Ilhan Omar yamenyekanye cyane kubera kunenga yeruye politiki za Perezida Trump ku bubanyi n’amahanga, ivanguramoko, n’abagore.
Amaze gutsinda, Madamu Omar w’imyaka 38, yabwiye BBC ko ibi bifite icyo bisobanuye ku rubyiruko rw’abakobwa n’abasore.
Yagize ati: "Ntekereza ko intsinzi yanjye ari umusaruro wo kuba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umuyobozi Mukuru wa REB, Dr. Ndayambaje n'abamwungirije babiri bahagaritswe
Umuyobozi Mukuru wa REB, Dr. Ndayambaje n’abamwungirije babiri bahagaritswe

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo k’igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi mu Rwanda REB, Dr. Ndayambaje Irene n’abamwungirije babiri bahagaritswe by’agateganyo ku mirimo ku mpamvu zo kunanirwa gushyira abarimu mu myanyauko bikwiye.
Itangazo ry’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byashyize ahagaragara kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2020, ryatangaje ko Abayobozi b’ikigo cy’igihugu cy’Uburezi (REB) bahagaritswe by’agateganyo ku mirimo yabo bitewe no kunanirwa gukurikirana no guhuza ishyirwa mu myanya (…)

424 Shares 4 Comments
Umukobwa wagize ibyago agaterwa inda afite uburenganzira bwose bwo kwiga-REB
Umukobwa wagize ibyago agaterwa inda afite uburenganzira bwose bwo kwiga-REB

MUTUNGIREHE SAMUEL
Mu gihe abanyeshuri mu mashuri abanza n’ayisumbuye batangiye gusubukura amasomo nyuma y’amezi agera ku icyenda asubitswe kubera kwirinda icyorezo cya COVID-19, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo k’igihugu gishinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye Dr. Ndayambaje Irene yatangaje ko nta kigomba kubuza umunyeshuri wese gusubira ku ishuri kabone n’iyo yaba ari umukobwa watewe inda, afite uburenganzira bwose bwo gusubira ku ishuri.
Yabitangaje kuri uyu wa mbere tariki ya 2 Ugushyingo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru