Wednesday . 27 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Mugenzi Joseph yatawe muri yombi ku byaha akekwaho bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Mugenzi Joseph yatawe muri yombi ku byaha akekwaho bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

MUTUNGIREHE SAMUEL
Ishami rya polisi y’Ubuholandi mu istinda rishinzwe kugenza ibyaha ryataye muri yombi kuri uyu wa mbere, tariki ya 26 Ukwakira 2020 Joseph Mugenzi w’imyaka 71 uregwa ibyaha byo kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Uyu Joseph Mugenzi, ni we ubyara Rene Mugenzi uzwiho guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi, uyu kandi aherutse gufungwa mu mu mpera z’icyumreru gishize akurikiranyweho kurigisa miriyoni 279 z’amafaranga y’u Rwanda ya Katedarali yitiriwe (…)

424 Shares 4 Comments
Kabuga Felicien yagejejwe muri gereza i La Haye mu Buholandi
Kabuga Felicien yagejejwe muri gereza i La Haye mu Buholandi

MUTUNGIREHE SAMUEL
Kabuga Félicien ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yagejejwe muri gereza z’Umuryango w’abibumbye iri i Hague mu Buholandi aho agiye gufungirwa by’agateganyo mbere yo utangira kuburanisha mu rukiko i La Haye.
Tariki ya 23 Ukwakira 2020 nibwo Umucamanza Lain Bonomy w’Urwego rwasigariyeho Inkiko Mpuzamahanga, IRMCT, yahinduye icyemezo cyo mu 2013 gisaba ifatwa rya Kabuga Félicien no koherezwa gufungirwa i Arusha muri Tanzania, hemezwa ko abanza (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ngoma: COVID-19 muri Guma mu Rugo byatumye umwana we agira ikibazo k'imikurire
Ngoma: COVID-19 muri Guma mu Rugo byatumye umwana we agira ikibazo k’imikurire

MUTUNGIREHE SAMUEL
Nyirasafari Vestine ni umubyeyi w’abana babiri ucumbitse mu murenge wa Kibungo akagari ka Karenge mu mudugudu wa Musamvu, avuga ko ubusanzwe ubuzima bwo kubaho bumugoye ariko kuva icyorezo cya COVID-19 cyagera mu Rwanda by’umwihariko bigeze muri "Guma mu Rugo" umwana we yahuye n’ikibazo mu mikurire, ntiyiyongera, kugeza n’ubu bitewe no kubura aho akura ubushobozi bwo kugura ibigize indyo yuzuye.
Ikinyamakuru MamaUrwagasabo cyasuye uyu mubyeyi aho tuye mu nkengero (…)

424 Shares 4 Comments
Minisitiri w'Intebe agiye gusuzuma ubusabe bw'abaturage ku izamuka ry'ibiciro by'ingendo
Minisitiri w’Intebe agiye gusuzuma ubusabe bw’abaturage ku izamuka ry’ibiciro by’ingendo

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko byumvise ubusabe bw’abaturage ku izamuka ry’ibiciro by’ingendo, byizeza ko bigiye gusuzumwa vuba.
Mu ntangiriro z’icyumweru gishize ni bwo Urwego ngenzuramikorere RURA rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo mu Mujyi wa Kigali no mu ntara, Abanyarwanda benshi batungurwa no kubona byazamuwe mu gihe RURA yo yavugaga ko hari aho uburebure bw’imihanda muri Kigali bwiyongereye bituma bazamura ibiciro.
Mu itangazo rishyizwe ahagaragara n’ibiro bya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Imyitarire y'abakobwa muri ibi bihe bya COVID-19 ntabwo yoroshye!-CNF Ndera
Imyitarire y’abakobwa muri ibi bihe bya COVID-19 ntabwo yoroshye!-CNF Ndera

MUTUNGIREHE SAMUEL
Mukamurara Florance ni umubyeyi akaba n’Umuhuzabikorwa w’Inama y’Igihugu y’Abagore mu murenge wa Rusororo, avuga ko imyitwarire y’abana b’abakobwa muri ibi bihe bya COVID-19 itoroshye, aho usanga abana barayobotse ibintu byinshi batari basanzwemo bituma bamwe bibavirami ingaruka nyinshi zirimo no gutwara inda z’imburagihe.
Avuga ko biteye impungenge ku myitarire y’abana b’abakobwa biga nyuma yo kwisanga mu buzima butandukanye n’ubwo barimo.
Ati “Imyitwarire y’abana (…)

424 Shares 4 Comments
Polisi yerekanye abakekwaho ubutekamutwe barimo umugore wiyise umupolisi, abibajijwe ararira
Polisi yerekanye abakekwaho ubutekamutwe barimo umugore wiyise umupolisi, abibajijwe ararira

MUTUNGIREHE SAMUEL
Polisi y’u Rwanda yerekanye abagabo batatu barimo n’umugore umwe bakekwaho kuba barakoranye ibyaha byo kwambura abantu amafaranga babizeza kubaha perimi zo gutwara imodoka, umugore muri bo yiyitaga ko ari umupolisi nyamara ageze imbere y’itangazamakuru yabibajijwe asuka amarira, asaba imbabazi.
Ubwo berekwaga abanyamakuru I Remera ku kicaro cya Polisi y’Umugi, umwe muri abo bagabo, Karinijabo Francois yemereye abanyamakuru ko yafatiwe mu cyaha cyo gukora amaperimi. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Mu minsi iri imbere umunyeshuri ashobora kwiga amasomo yose atavuye mu rugo abandi barimo kuyigira mu ishuri
Mu minsi iri imbere umunyeshuri ashobora kwiga amasomo yose atavuye mu rugo abandi barimo kuyigira mu ishuri

Minisiteri y’uburezi itangaza ko nubwo icyorezo cya COVID-19 cyateye ikibazo mu myigire y’abana amashuri agahagarara, ariko ku rundi ruhande cyatumye biga uburyo bwinshi bakemuramo ibibazo hifashishijwe ikoranabuhanga.
Byatangajwe n’Umukozi w’iyi minisiteri ushinzwe ubuzima mu mashuri, Tuyishimire Froduard mu kiganiro yahaye bamwe mu babyeyi n’abarezi n’abo mu zindi nzego zitandukanye mu buvugizi ku bana b’abakobwa bwateguwe n’Umuryango Save Generations.
Yavuze bimwe mu bikorwa iyi (…)

424 Shares 4 Comments
MINALOC na LODA basobanuye icyatumye ingo zinjiza 45 000Frw ziri mu kiciro kimwe n'izinjiza 600 000Frw
MINALOC na LODA basobanuye icyatumye ingo zinjiza 45 000Frw ziri mu kiciro kimwe n’izinjiza 600 000Frw

Hashize igihe gito Minisiteri yUbutegetsi bw’igihugu n’Ikigo cyayo gishinzwe guteza imbere ibikorwa by’iterambere ry’uturere LODA bashyize ahagaragara ibyiciro by’ubudehe abanyarwanda bagiye kujyamo hashingiwe ku bushobozi bwabo ariko kugeza ubu hari ikiciro kimwe cyakomeje kuvugisha abatari bake bibaza impamvu umuntu winjiza amafaranga 65 000 y’u Rwanda buri kwezi ari mu kiciro kimwe n’uwinjiza ibihumbi 600 000 nawe buri kwezi, hafi inshuro 10 ze.
Mu kiganiro Umunyamabanga Uhoraho muri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nzi abakobwa batanu twigana batewe inda muri COVID-19 batazasubira ku ishuri-Ubuhamya bwa Vanessa wiga segonderi
Nzi abakobwa batanu twigana batewe inda muri COVID-19 batazasubira ku ishuri-Ubuhamya bwa Vanessa wiga segonderi

MUTUGIREHE SAMUEL
Umutoni Vanessa ni umukobwa uri ku kigero cy’imyaka 17 wiga mu mwaka wa gatandatu ku rwunge rw’amashuri rwa Kabuga Gatulika, atangaza ko bitewe n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19 azi neza bagenzi be b’abakobwa bagera kuri batanu bashobora kutazasubira ku ishuri amasomo nasubukurwa bitewe nuko bamaze guterwa inda ubu bakuriwe.
Guterwa inda kw’abangavu b’abanyeshuri ni ikintu gihangayukishije u Rwanda muri iki gihe cyaniyongereye bitewe no kuba abanyeshuri bamaze amezi (…)

424 Shares 4 Comments
Hari urubyiruko rusanga kugira ngo hatazagira umunyeshuri uta ishuri abari mu kazi bagakurwamo
Hari urubyiruko rusanga kugira ngo hatazagira umunyeshuri uta ishuri abari mu kazi bagakurwamo

Mu gihe Minisiteri y’Uburezi yamaze gutangaza ingengabihe y’amashuri y’ibihembwe bibiri by’umwaka w’amashuri wa 2020/2021, hari urubyiruko rusanga kugira ngo abana bose bazitabire ishuri ntihagire urivamo bikwiye ko bareba mu nzego z’imirimo yose iri hanze aha umunyeshuri wese wahawe akazi akagakurwamo hatitawe ku musaruro ari gutanga kuri uwo murimo.
ni ibitekerezo bya bamwe mu banyeshuri n’abakangurambaga bo mu mashuri bahaye ikinyamakuru MamaUrwagasabo ku mpungenge bamwe mu babyeyi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru