Mu rwego rwo gukomeza kunoza no kwihutisha serivisi z’ubuvuzi, Guverinoma y’u Rwanda yatangiye kugerageza porogaramu (application) ikoresha Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) izajya ifasha abaganga n’abaforomo gusuzuma abarwayi no gufata ibyemezo byihuse ku miti igomba gutangwa.
Iryo gerageza riri gukorwa binyuze mu mushinga wiswe Horizon 1000, uhuriyemo Guverinoma y’u Rwanda, Bill & Melinda Gates Foundation ndetse na OpenAI. U Rwanda ni rwo rwatoranyijwe nk’igihugu (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Guverinoma ya Tanzania yatangaje ko igiye gukingira indwara y’ibisazi imbwa zisaga 60 000 hirya no hino mu gihugu mu rwego rwo kwizihiza umunsi wahariwe iyo ndwara uba tariki 28 Nzeri.
Ni ibikorwa Guverinoma ya Tanzania ivuga ko bizatangira kuri uyu wa Gatatu bikazamara icyumweru kimwe.
Minisitiri w’ubworozi, Mashimba Ndaki, yatangaje ko gukingira indwara y’ibisazi mu mbwa biri muri gahunda ya Guverinoma, kuko bashaka ko biba byaranduwe bitarenze umwaka wa (…)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yavuze ko nta mpamvu yo gushyiraho ingamba zikarishye mu duce tw’igihugu turimo Ebola.
Ebola yandurira mu gukora ku muntu wanduye cyangwa ahantu yakoze n’imyanda ye.
Mbere, ishyirahamwe ry’abaganga muri Uganda ryasabye ko uduce turimo iyi virusi hagati mu gihugu dushyirwa mu kato kugira ngo bahagarike ikwirakwira ryayo.
Mu ijambo rye mu ijoro ryacyeye, Perezida Museveni yavuze ko leta ifite ubushobozi bwo kurwanya iki (…)
Minisiteri y’ubuzima ya Uganda yatangaje ko bishoboka ko Ebola imaze kwica abantu 21, abo barimo 4 byemejwe neza ko ariyo yabishe na 17 bagikeka ko ari yo yabahitanye.
Iki cyirezo cyatangajwe kuwa kabiri w’icyumweru gishize bikekwa ko abamaze kuyandura bose ari 34; barimo 16 byemejwe neza na 18 bagikekwa, nk’uko iyi minisiteri ibivuga.
Iyi ndwara iracyiganje mu karere ka Mubende, gusa yabonetse no mu gace ka Kygegegwa na Kassanda, gusa Minisitier ivuga ko itaraboneka mu murwa mukuru (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Mu kwezi gutaha abana bafite imyaka kuva kuri 5 kugeza kuri 11 baratangira guhabwa urukingo rwa COVID-19.
Ni umwanzuro Minisiteri y’Ubuzima nyuma yo gukingira ibindi byiciro bigatanga umusaruro wo kongera ubudahangarwa ku cyorezo, bikagabanya umuvuduko cyinjiranye mu Rwanda.
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 22 Nzeri 2022, Minisiteri y’ubuzima yahisemo guhuriza hamwe abayoboye amadini n’amatorero ngo bayifashe gushishikariza ababyeyi, ari nabo bayoboke babo (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko igiye gutangira gukingira COVID-19 ikiciro cy’abana, bafite imyaka kuva kuri 11 kumanuka kugera kuri 5 y’amavuko.
Byatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubuvuzi Rusange muri MINISANTE, Dr. Mpunga Tharcisse, asobanurira abanyarwanda impamvu bageze kuri iki cyiciro.
Yabwiye Radio Rwanda ko "Gukingira abana ni ingirakamaro, kuko ukingira kugira ngo ugire ubudahangarwa ku ndwara."
Dr. Mpunga yasobanuye ko inkingo (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Imodoka yari itwaye Perezida Zelensky wa Ukraine yakoze impanuka ubwo yarimo atembera mu Mujyi wa Kiev.
Ni impanuka yabaye mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira ku wa Kane.
Umuvugizi wa Perezida Zelensky, witwa Sergii Nykyforov, yemeje aya makuru.
Yavuze ko imodoka ya Perezida yagonzwe n’imodoka nto yinjiye mu murongo w’izindi ziherekeza Perezida.
Sergii Nykyforov, yabwiye Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters bikimara kuba ko Perezida Zelensky atigeze (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umunyeshuri w’umukobwa wiga mu mwaka wa karindwi mu mashuri abanza yateranyije abasore babiri bararwana nyuma yo kubabwira ko abakunda birangira bicanye bose.
Byatangiye igihe umusore witwa Dickson Okiror, w’imyaka 28, yasangaga uwo mukobwa batashatse gutangaza amazina ye, arikumwe n’undi musore witwa Umar Anapa w’imyaka 29, bari gusangirira ahantu ku cyumweru gishize.
Dickson, yaketse ko uwo mukunzi we afitanye umubano udasanzwe na Anap, batangira (…)
Yanditswe na Nimugire Fidelia
Abashakasha bavumbuye urukingo rutanga icyizere kinshi cyo gukingira Malaria mu mubiri w’umuntu.
Ni ibyagaragajwe n’Itsinda ry’abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Oxford mu Bwongereza.
Iri tsinda rirateganya gukwirakwiza izi nkingo hirya no hino ku Isi nyuma y’uko bigaragaye ko zitanga umusaruro ku kigero cyo kurinda umubiri w’umuntu kiri kuri 80%.
Bivugwa ko uru rukingo ruhendutse kandi hari uburyo hashobora gutunganywa nyinshi mu gihe gito, ku buryo (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Polisi y’u Rwanda Rwanda, ishami ryo mu Burengerazuba bwa Nile iri gukora iperereza ku rupfu rw’abantu 14, nyuma yo gukekwaho kwicwa n’inzoga ya “City 5”, Gin ikomeye yo mu bwoko bwa divayi ikomoka muri City 5 mu gice, cya Ayivu cyo mu Mujyi wa Arua.
Urupfu rwatangiye kugaragara mu cyumweru gishize, ku wa gatanu kugeza ku cyumweru mu gitondo mu gihe abandi bantu benshi bakiri mu bitaro.
Nk’uko abapolisi babitangaza, abantu barindwi muri bo bapfiriye mu (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abahanga mu buzima baburiye abantu ko zimwe mu ndwara z’umwijima (liver Cancer) iyo zitavuwe neza, zitera ibibazo birimo indwara y’urushwima na cancer z’umwijima, basabwe kwisuzumisha kugira ngo bamenye uko ubuzima bwabo buhagaze.
bavuga ko n’ubwo hari ubwoko 5 bwa Hepatite, ni ukuvuga A kugera kuri E, Hepatite B na C arizo zishyirwamo imbaraga cyane bitewe n’uko iyo zitavuwe neza zitera ibibazo birimo indwara y’urushwima na cancer z’umwijima.
Minisiteri (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























