Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

U Rwanda rwatangiye kugerageza application ya AI izajya ifasha abaganga gusuzuma no gufata ibyemezo byihuse

Mu rwego rwo gukomeza kunoza no kwihutisha serivisi z’ubuvuzi, Guverinoma y’u Rwanda yatangiye kugerageza porogaramu (application) ikoresha Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) izajya ifasha abaganga n’abaforomo gusuzuma abarwayi no gufata ibyemezo byihuse ku miti igomba gutangwa.
Iryo gerageza riri gukorwa binyuze mu mushinga wiswe Horizon 1000, uhuriyemo Guverinoma y’u Rwanda, Bill & Melinda Gates Foundation ndetse na OpenAI. U Rwanda ni rwo rwatoranyijwe nk’igihugu (…)

Uganda: Abafite virusi itera SIDA baratabaza
Uganda: Abafite virusi itera SIDA baratabaza

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abantu bafite virusi itera SIDA mu gihugu cya Uganda, baratabaza kubwo kubura imiti isanzwe ibafasha mu kugabanya imbaraga z’iyo virusi mu mubiri, ni nyuma y’amezi 6 batabona imiti by’umwihariko ku bari mu kiciro cya 3.
Ku munsi w’ejo, imiryango ya PLHIV n’imiryango itegamiye kuri Leta (CSO), ikorana n’abanduye virusi itera SIDA, bateye ku cyicaro gikuru cya Minisiteri y’Ubuzima i Kampala basaba ibisobanuro ku bubiko bavuga ko bwatangiye mu Gushyingo umwaka (…)

424 Shares 4 Comments
INES Ruhengeri: Ubuyobozi bushya bwiyemeje kugira uruhare mu iterambere ry'abaturage
INES Ruhengeri: Ubuyobozi bushya bwiyemeje kugira uruhare mu iterambere ry’abaturage

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Ubuyobozi bushya bw’ishuri rikuru ry’ubumenyingiro rya INES Ruhengeri riherereye mu karere ka Musanze mu Majyaruguru y’u Rwanda, buvuga ko bugiye kugira uruhare mu iterambere ry’abaturage bibanda guhindura imyumvire y’abaturage kugira ngo ubuzima bwabo burusheho kugenda neza.
Byatangajwe n’Umuyobozi mushya w’iyo Kaminuza hamaze guhererekanywa ububasha hagati y’umuyobozi ucyuye igihe, Padiri Dr Hagenimana Fabien n’umukoreye mu ngata, Padiri Dr Baribeshya. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gasabo: Impanuka y'imodoka yahitanye abantu babiri
Gasabo: Impanuka y’imodoka yahitanye abantu babiri

Ahagana saa yine n’Igice kuri uyu wa Kane, tariki 21 Nyakanga 2022, imodoka itwara imizigo yacitse feri igeze mu Kagari ka Kibagabaga, Umurenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo, igonga abamotari bane, babiri bahita bapfa.
Iyo modoka yari itwaye amabati bivugwa ko yacitse feri irimo kumanuka ituruka mu bice byo ku Bitaro bya Kibagabaga, igonga abantu igeze hasi mu muhanda uva i Kinyinya ugana mu Kabuga ka Nyarutarama.
Bamwe mu babonye iyi mpanuka babwiye IGIHE ko abamotari yagonze bose (…)

424 Shares 4 Comments
Ghana: Abantu ba mbere banduye icyorezo cya Marburg kica cyane
Ghana: Abantu ba mbere banduye icyorezo cya Marburg kica cyane

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ghana yemeje abantu babiri ba mbere banduye icyorezo kica cyane cya Marburg kandi cyandura vuba cyane kandi iyi ndwara iri mu zitera Ebola. Iki gihugu kivuga ko aba barwayi babiri bombi baherutse gupfira mu bitaro byo mu karere ka Ashanti kari mu mu Majyepfo y’iki gihugu.
Ibipimo byari byafashwe kuri aba bantu byagarutse byerekana ko bari banduye iki cyorezo mu ntangiriro z’uku kwezi, bikaba byarapimwe binemezwa na laboratoire yo muri Senegal. Abantu muri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umubu umwe urahagije gutera icyorezo cya Malaria akarere kose
Umubu umwe urahagije gutera icyorezo cya Malaria akarere kose

Yanditswe na MUTUNGIREHE Samuel
Umubu, inigwahabiri iri mu nyamanswa zihitana abantu benshi ku isi kurusha abo umuntu, intare, ingona, ingwe, inzoka n’izindi nyamanswa z’inkazi zica buri mwaka. Hagendewe kundwara umubu wanduza, nka Malaria ihitana abantu bagera ku 750 000 buri mwaka, mu gihe inyamanswa ya Kabiri ari we Muntu ahitana abantu 437 000 buri mwaka.
Twegereye umuyobozi Dr. Dunia Munyakamenge, mu ishami rishinzwe kurwanya Malaria mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, ubwo (…)

424 Shares 4 Comments
Ikibazo cy'igwingira mu Nkambi ya Mahama yagabanutseho 40%
Ikibazo cy’igwingira mu Nkambi ya Mahama yagabanutseho 40%

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Imibare y’abana bahuraga n’ikibazo cy’imirire mibi mu Nkambi y’Impunzi ya Mahama yaragabanutse ku kigero cya 40% kuva mu mwaka wa 2019 kugeza muri 2021.
Ibi byatangajwe ubwo umuryango mpuzamahanga wita ku bana Save the Children watangizaga ku mugaragaro gahunda yayo y’ibikorwa izakora kuva muri 2022 kugeza muri 2024 (Country Strategic Plan 2022-2024).
Uyu muryango uvuga ko abana bazahazwaga n’imirire mibi bavuye ku 1064 mu mwaka wa 2019 bagera ku bana (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gupima umuriro ahahurira abantu benshi byahagaritswe
Gupima umuriro ahahurira abantu benshi byahagaritswe

Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangaza ko ihagaritse ibikorwa byo gupima ubushyuhe bw’umuriro ku mubiri, ahantu hahurira abantu benshi nyuma yo kubona ko bitagukenewe kandi bitagifatwa nk’imwe mu ngamba zo kwirinda ikwirakwizwa rya COVID-19.
Ni icyemezo gifashwe nyuma y’uko n’izindi ngamba zo kwirinda COVID-19 zorohejwe ndetse n’imipaka y’igihugu yose ikaba yaringeye gufungurwa kuva yafungwa ubwo COVID-19 yageraga mu Rwanda.
Mu itangazo rya Minisiteri y’ubuzima handitsemo ko , icyakora, (…)

424 Shares 4 Comments
Afurika y'Epfo yemeje umuringa ufasha abagore kutandura virusi ya Sida
Afurika y’Epfo yemeje umuringa ufasha abagore kutandura virusi ya Sida

igihugu cya Afrika y’Epfo cyemeje uburyo bushyashya bwo bufasha abagore cyangwa abakobwa kwirinda kwandura virusi itera SIDA.
Ni uburyo bukoresha umuringa ukozwe muri silicone winjizwa mu gitsina cy’umugore maze ukarekura umuti witwa dapivirine urwanya virusi niyo yaba yakoranye imibonano mpuzabitsina idakingiye n’umuntu ufite virusi itera Sida.
Iyi ni intambwe ikomeye muri icyo gihugu kuko bibiri bya bitatu by’abandura virusi itera Sida ari ab’igitsina gore.
Uwo muringa wemejwe mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Koreya: Inkingo zigeze ku bana b'imyaka 5
Koreya: Inkingo zigeze ku bana b’imyaka 5

Inzego z’Ubuzima muri Koreya y’Epfo zatangaje ko hagiye gukoreshwa urukingo rwa Phizer mu gukungira COVID-19 abana bafite imyaka iri hagati ya 5 na 11, mu rwego rwo kuzamura ubudahangarwa bw’abaturage.
Iyi ngingo bayifashe nyuma yaho virusi yihinduranyije, ya Omicron ishegeshe iki gihugu igashyira mu bitaro ibihumbi amagana abandi ikabatwara ubuzima.
Kugeza ubu ikigo cyo gukumira ibyorezo muri Koreya (KDCA) kivuga ko umunsi umwe wo kuri uyu wa Gatatu yanduye abantu 171,452. Kuva tariki (…)

424 Shares 4 Comments
HongKongo yategetse abaturage bayo kwisuzumisha COVID-19
HongKongo yategetse abaturage bayo kwisuzumisha COVID-19

Guverinoma ya Hong Kong yashyizeho itegeko ku baturage bayo bose ko bagomba kwisuzumisha Covid-19 ngo buri umwe amenye uko ahagaze.
Ni nyuma yuko muri iki gihugu gituwe b’abarenga miliyoni 7.5 bigaragaye ko harimo ubwandu buri hejuru mu gihe gito
Umuyobozi Mukuru, Carrie Lam yavuze ko abaturage bagomba kwinjira mu bihe bitatu byo kwisuzumisha coronavirusi muri uku kwa Gatatu, 2022.
Amashuri nayo mbere y’impeshyi azashyira mu bikorwa ingamba zo kwirinda kwanduzanya, nko guhana intera (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru