Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Gupima umuriro ahahurira abantu benshi byahagaritswe

Thursday 17 March 2022
    Yasomwe na

Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangaza ko ihagaritse ibikorwa byo gupima ubushyuhe bw’umuriro ku mubiri, ahantu hahurira abantu benshi nyuma yo kubona ko bitagukenewe kandi bitagifatwa nk’imwe mu ngamba zo kwirinda ikwirakwizwa rya COVID-19.

Ni icyemezo gifashwe nyuma y’uko n’izindi ngamba zo kwirinda COVID-19 zorohejwe ndetse n’imipaka y’igihugu yose ikaba yaringeye gufungurwa kuva yafungwa ubwo COVID-19 yageraga mu Rwanda.

Mu itangazo rya Minisiteri y’ubuzima handitsemo ko , icyakora, bikiri ngombwa ko abantu bikingiza icyorezo COVID-19 kuko cyo kigihari.

Minisiteri y’ubuzima kandi ishishikariza abantu gukomeza gukaraba no kwambara neza agapfukamunwa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru