Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Gupima umuriro ahahurira abantu benshi byahagaritswe

Thursday 17 March 2022
    Yasomwe na

Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangaza ko ihagaritse ibikorwa byo gupima ubushyuhe bw’umuriro ku mubiri, ahantu hahurira abantu benshi nyuma yo kubona ko bitagukenewe kandi bitagifatwa nk’imwe mu ngamba zo kwirinda ikwirakwizwa rya COVID-19.

Ni icyemezo gifashwe nyuma y’uko n’izindi ngamba zo kwirinda COVID-19 zorohejwe ndetse n’imipaka y’igihugu yose ikaba yaringeye gufungurwa kuva yafungwa ubwo COVID-19 yageraga mu Rwanda.

Mu itangazo rya Minisiteri y’ubuzima handitsemo ko , icyakora, bikiri ngombwa ko abantu bikingiza icyorezo COVID-19 kuko cyo kigihari.

Minisiteri y’ubuzima kandi ishishikariza abantu gukomeza gukaraba no kwambara neza agapfukamunwa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru