Miss Rwanda 2020 NISHIMWE Naomie yamuritse igitabo cye yise"MORE THAN A CROWN" Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 14 Ukuboza 2025 ni ibirori byabereye muri Kigali Convention Center (KCC). Ni ibirori byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo abegukanye ikamba rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye barimo Miss Mutesi Jolly, MUHETO Divine, IRADUKUNDA Liliane na NIMWIZA Meghan.
Hari Kandi abandi bakobwa bitabiriye Miss Rwanda barimo MUYANGO Claudine, KAYUMBA Darina, UWICYEZA Pamella na (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Ikipe y’igihugu y’u Burundi yatsinzwe 1 - 0 na Madagascar mu mukino wayo washoboraga kuyiha amahirwe yo gukomeza mu mikino ya 1/8 y’igikombe cya Afurika cy’ibihugu.
Madagascar nayo yari ikeneye cyane gutsinda uyu mukino ngo yongere amahirwe yo gukomeza.
Yabigezeho kuko yahise igira amanota ane muri iri tsinda B, iba iya kabiri inyuma ya Nigeria. Intamba z’u Burundi na Barea ya Madagascar zombi ni ubwa mbere zigeze mu gikombe cya Afurika, Intamba nizo (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Alain Mukuralinda uhagarariye inyungu z’umuhanzikazi Clarisse Karasira, yanyomoje umusaza witwa Ntashamaje Claver uri gushinja uyu mukobwa kumukoresha mu mashusho y’indirimbo ye “Ntizagushuke”, atabamusabye uburenganzira.
Indirimbo Ntizagushuke ya Clarisse yasohotse mu mpera z’umwaka ushize. Irimo impanuro umubyeyi aha umwana we amubwira ko adakwiye kuzahindurwa n’iby’Isi akitwara nabi.
Amashusho yayo amwe yafatiwe ku Giticyinyoni mu Mujyi wa Kigali mu rugo (…)
By Pierre Romeo Imfurayabo
Mu ijoro ryo kuwa 25 z’ukwezi nk’uku mu 2009 icyamamare Michael Jackson yararembye bikomeye yihutanwa ku bitaro. Umunyamakuru w’imyidagaduro Ian Youngs wa BBC yarabikurikiranye.
Michael Jackson, ni izina rikomeye mu mateka ya muzika ku isi, abantu benshi ntibahise bizera ukuri kw’aya makuru.
Ian Youngs yibutsa ko hari hashize igihe bivugwa ko uyu mwami w’injyana ya Pop arwaye kanseri y’uruhu, nubwo nyuma uruhande rwe rwabihakanye. Muri iryo joro abanyamakuru (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Karamuka Jean Luc uzwi nka Junior Multisystem wamenyekanye mu mwuga wo gukora mu buryo bw’amajwi indirimbo nyinshi z’abahanzi bakomeye hano mu Rwanda nyuma y’impanuka yaje kumuviramo gucibwa ukuboko ubu arashima […] Karamuka Jean Luc uzwi nka Junior Multisystem wamenyekanye mu mwuga wo gukora mu buryo bw’amajwi indirimbo nyinshi z’abahanzi bakomeye hano mu Rwanda nyuma y’impanuka yaje kumuviramo gucibwa ukuboko ubu arashima Imana ikomeje kumurinda.
Mu ijoro ryo (…)
GAHIMA GABRIEL WASHAKANYE NA ALINE GAHONGAYIRE YAHISHUYE IBARUWA IKOMEYE YANDITSE BAMAZE GUTANDUKANA
By Imfurayabo Pierre Romeo Gahima Gabriel washakanye na Aline Gahongayire bakananiranwa yahishuye ibaruwa ikubiyemo ingingo zikomeye yandikiye abasore bitegura kurushinga abaha umuburo ku bagore bakwiye kwitondera mu guhitamo kwabo.
Urukundo rwa Gahongayire na Gahima Gabriel rwasenyutse tariki ya 13 Mutarama 2015 nyuma y’umwaka umwe wari ushize barushinze. Icyo gihe ni umugabo wafashe iya mbere abwira abanyamakuru ko iby’urugo yabivuyemo akomeza ubuzima bwe bwite.
Isenyuka ry’urugo rwa (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Abakinnyi ba Rayon Sports bakoze imyitozo ibanziriza iya nyuma ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, bemereye abayobozi n’abafana ko biteguye gutsinda mukeba APR FC bakongera kubaha ibyishimo badaheruka.
Nyuma y’imyitozo abayobozi bakoranye inama n’abakinnyi hagati mu kibuga cy’imyitozo cya Nzove maze buri umwe ku giti cye abahigira agahimbazamusyi agomba kubaha nibaramuka batsinze APR FC kuri uyu wa Gatandatu kuri Stade Amahoro i Remera mu mukino wa Shampiyona.
Ku (…)
By imfurayabo pierre Romeo
SEBANANI André ni umwe mu bahanzi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ariko akaba ari umwe mu bahanzi bakiri mu mitima ya benshi kubera ubuhanga yari afite haba mu kuririmba ndetse no gukina ikinamico.
SEBANANI André yavutse mu 1952, avukira mu cyahoze ari Komini Kigoma Perefegitura Gitarama, ubu akaba ari Akarere ka Nyanza, Intara y’Amajyepfo. Amashuri yisumbuye yayize i Shyogwe nyuma aza gukomereza muri Collège Officiel de Kigali : COK (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Umuhanzi Diamond Platnumz ntiyishimiwe na mba ku bw’igitaramo ategerejwemo mu mezi ari imbere mu Rwanda, aho yatangaje ko ahanze amaso ukuza kwe mu Rwanda, abwirwa ko yagakwiye kuba atanga ubutumwa bw’ihumure aho gushyira imbere kumenyekanisha gahunda ze mu cyumweru cy’icyunamo.
U Rwanda kuri iki Cyumweru, tariki ya 7 Mata 2019 rwinjiye mu cyumweru cy’icyunamo. Ibikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi birakomeza mu gihe cy’iminsi ijana, hibukwa abasaga (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere mu bitangazamakuru bitandukanye byo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika habyutse hakwirakwira inkuru ivuga ku rupfu rw’umuhanzi uririmba injyana ya Rap Nipsey Hussle warasiwe imbere y’iduka rye ricuruza imyenda Marathon Clothing ubwo yarasohotse.
Inkuru dukesha omaha.com ivuga ko raporo ya police yo mu mujyi wa Los Angeles, yatangaje ko ku munsi wejo ku cyumweru mu masaha y’isakenda z’mugoroba Nipsey yarashwe urufaya (…)
By imfurayabo Pierre Diamond Platnuzm ni umwe mu bahanzi bubashywe muri Afurika y’Iburasirazuba by’umwihariko igihugu cya Tanzania akoreramo Muzika ye, uyu muhanzi uko yamamara muri muzika usanga ariko avugwaho ubushurashuzi cyane aho amakuru menshi amushinja gukunda abakobwa batagira ingano aho bamwe bageraho bakamuvaho kubera kunanirwa kwihanganira imico ye.
Diamond uza mu basore ba kundanye n’abakobwa benshi, ubu aravugwaho gukora ubukwe n’umunyamakuru ukomeye muri Kenya, Tanasha Okech (…)
Umuntu Muremure n’umugufi ku Isi bahuye
22 November 2024
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























