Miss Rwanda 2020 NISHIMWE Naomie yamuritse igitabo cye yise"MORE THAN A CROWN" Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 14 Ukuboza 2025 ni ibirori byabereye muri Kigali Convention Center (KCC). Ni ibirori byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo abegukanye ikamba rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye barimo Miss Mutesi Jolly, MUHETO Divine, IRADUKUNDA Liliane na NIMWIZA Meghan.
Hari Kandi abandi bakobwa bitabiriye Miss Rwanda barimo MUYANGO Claudine, KAYUMBA Darina, UWICYEZA Pamella na (…)
Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Indirimbo Rwagitima y’umuhanzi Nsengiyumva wamenyekanye cyane mu ndirimbo Mariya Jeane yamaze kugera hanze ku rubuga rwa youtube.
Umuhanzi wamenyekanye cyane mu ndirimbo Mariya Jeanne yaje kumenyekana cyane ku izina rya Igisupusupu ikanakundwa cyane n’imbaga y’abanyarwanda batari bake baba abatuye mu Rwanda ndetse n’ababa mu mahanga.
Kuri ubu Indirimbo Rwagitima imaze iminsi ivugisha abatari bake ku mbuga nkoranyambaga nka facebook, tweeter, (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Agahugu umuco akandi uwako. Mu rugendo rw’amezi agera kuri 2 yagiriye mu gihugu cy’u Buyapani, umuhanzi Mani Martin avuga ko yasanze iki gihugu gikomeye ku muco wacyo, bimwe mu byamutunguye ni ukubona abantu barya ibinyamunjonjorerwa(udusimba) n’amafi bibisi bidatetse.
Hashize igihe gito umuhanzi Maniraruta Martin uzwi ku mazina ya Mani Martin avuye mu rugendo rw’akazi yagiriye mu gihugu cy’u Buyapani aho yari yatumiwe n’umuryango ‘Think about Education in (…)
Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
Tariki 03 Kanama 2019 ni bwo Nkurunziza Yves, umukinnyi w’ikipe ya Benediction Excel Energy mu mukino wo gusiganwa ku magare azahaguruka mu Rwanda yerekeza mu gihugu cy’u Bufaransa mu mujyi wa Monaco aho agiye kumara amezi agera kuri abiri mu myitozo ndetse anakina amarushanwa atandukanye.
Aganira n’Imvaho Nshya dukesha iyi nkuru, Umunyamabanga Uhoraho mu ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda “FERWACY”, Murenzi Emmanuel yavuze (…)
Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
Mu minsi ishize ni bwo irushanwa rya Miss Supranational ryakuruye impaka hano mu Rwanda, zikuruwe no kuba abakobwa baryitabira bakunze kwambara utwenda tw’imbere mu gice cyo kwiyerekana bambaye umwambaro wo kogana. Kuri ubu izi mpaka zamaze kuvugutirwa umuti ndetse igisubizo kiraboneka.
Mu Rwanda muri iyi minsi abakobwa bifuza kuzitabira irushanwa rya Miss Supranational batangiye kwiyandikisha ndetse mu minsi iri imbere hazatoranywa abakobwa (…)
Yashyizweho na Imfurayabo Pierre Romeo
Myugariro w’inyuma ku ruhande rw’iburyo mu ikipe ya AS Kigali n’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, Rusheshangoga Michel, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we, Nakazungu Aimée, bazashyingiranwa mu mpera z’icyumweru.
Kuri uyu wa Kabiri, nibwo Rusheshangoga yasezeranye imbere y’amategeko na Nakazungu Aimée ‘Njungu’ bamaze imyaka isaga itatu bakundana, mu muhango wabereye mu murenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga.
Aba bombi bazashyingirwa ku wa (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Umuririmbyikazi uri mu bakomeye mu Isi yakoze mu nganzo ye aririmba indirimbo nshya yise ‘Mood 4 Eva’ iri kuri Album ye nshya "The Lion King: The Gift" avugamo ko Jay-z umuraperi wo muri Amerika akaba n’ umugabo we afite ibisekuru mu Rwanda.
Muri iyi ndirimbo yasohotse kuri uyu wa Gatanu, Beyoncé Knowles afatanyijemo n’uyu mugabo we Jay- Z n’umuhanzi Childish Gambino, mu gitero cye aririmba mo ati: "My baby father, bloodline Rwanda".
Ntibizwi neza niba koko (…)
Habimana Jean Eric Umunyarwanda umaze iminsi mu kigo cy’impuzamashyirahamwe y’umukino wo gusiganwa ku magare (UCI), yabaye uwa 15 mu irushanwa ryaberaga mu Busuwisi ryitabiriwe n’abana bari gukorera imyitozo muri UCI.
Mu ntera ya kilometero 36 (36 km), Habimana Jean Eric yaje ari uwa 15 akoresheje 1h15’53’’ asigwa 4’39’’ na Debesay Jacob umunya-Erythrea wabaye uwa mbere akoresheje 1h14’34”.
Jacob Debesay (Eryhtrea) wari kumwe n’ikipe y’igihugu cye muri Tour du Rwanda 2019, yatwaye agace (…)
Semivumbi Daniel wamamaye cyane ku izina rya Danny Vumbi, ni umwanditsi w’indirimbo mwiza u Rwanda rufite dore ko yandikira abatari bake mu bahanzi ba hano mu Rwanda ndetse indirimbo zabo zigakundwa bikomeye. Kuri ubu afite indirimbo nshya yise “Abana babi” ndetse magingo aya amashusho yayo yamaze kujya hanze.
Muri iyi ndirimbo Danny Vumbi aba ahamya ko inshuti ze ari “abana babi” cyane ko hari ibyo abashinja kuba bakwiye kuba baramubwiye mu buzima ntibabimubwire akagenda abibona bitewe (…)
Mu mugoroba wo ku wa Kane nibwo R Kelly yatawe muri yombi n’inzego z’iperereza afungirwa mu Mujyi wa Chicago akurikiranyweho ibyaha byo gukoresha imibonano mpuzabitsina abakobwa batarageza ku myaka y’ubukure.
Ku wa gatanu yagaragaye imbere y’urukiko ariko umucamanza ntiyafata icyemezo, niba yajya gufungirwa i New York naho bafite ibyo bamukurikiranyeho.
Uyu mugabo w’imyaka 52, ari gukurikiranwa n’ubushinjacyaha bwa leta ya New York na Illinois, bwatangaje kuri uyu wa gatanu ibyaha byose (…)
Giannis akiri ingimbi we na mukuru we bakiniraga ikipe ya Filathiltikos i Athens, yajyaga mu kibuga ari uko mukuru we avuyemo akamutiza inkweto kuko ari zo bari bafite gusa. Ubu byarahindutse abana benshi aho yakiniraga barambara inkweto zanditseho izina rye.
Aha i Athens, yagendaga ku mihanda acuruza utuntu tunyuranye nk’amashakoshi n’amataratara y’izuba, ariko ubu ibyapa binini cyane muri uyu mujyi biba biriho isura ye.
Kugeza ku myaka 18, Giannis Antetokounmpo yari atarava mu (…)
Umuntu Muremure n’umugufi ku Isi bahuye
22 November 2024
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























