Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Miss Rwanda wa 2020 Naomie NISHIMWE yamuritse igitabo cye "MORE THAN A CROWN"

Miss Rwanda 2020 NISHIMWE Naomie yamuritse igitabo cye yise"MORE THAN A CROWN" Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 14 Ukuboza 2025 ni ibirori byabereye muri Kigali Convention Center (KCC). Ni ibirori byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo abegukanye ikamba rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye barimo Miss Mutesi Jolly, MUHETO Divine, IRADUKUNDA Liliane na NIMWIZA Meghan.
Hari Kandi abandi bakobwa bitabiriye Miss Rwanda barimo MUYANGO Claudine, KAYUMBA Darina, UWICYEZA Pamella na (…)

Tanzania: Urubanza rwa Wema Sepetu rugeze aho rukomeye
Tanzania: Urubanza rwa Wema Sepetu rugeze aho rukomeye

Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Wema Sepeteu wabaye Icyamamare muri Sinema ya Tanzaniya, akaba yaranigeze kuba umukunzi wa Diamond urubanza amazemo iminsi rugeze ahakomeye aho agomba gusomerwa ibyavuye mu iperereza ry’ibanze ku cyaha cyo gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni.
Mu mwaka ushize tariki 15 UKwakira, nibwo hagaragaye amashuhso ku mbugankoranyambaga zikoresha na Wema Sepetu, amashusho yashyize hanze aeyamanye n’umukunzi we Patrict mu buriri.
Ifoto ya Wema Sepetu na (…)

424 Shares 4 Comments
Miss Rwanda 2019 yongeye guhura na Mwiseneza Josiane mu rwego rwo gushimangira umubano bagiranye bakiri mu marushanwa
Miss Rwanda 2019 yongeye guhura na Mwiseneza Josiane mu rwego rwo gushimangira umubano bagiranye bakiri mu marushanwa

Mu irushanwa rya miss Rwanda riherutse kuvugwaho byinshi mu itangazamakuru ryagaragayemo udushya twinshi haba mu bakobwa baryitabiriye ndetse n’abarikurikiraniraga hafi aho bamwe batabura guhamya ko Mwiseneza Josiane na mugenzi we Nimwiza Meghan bubatse ubushuti bitewe nuko babanye
Ibi bishimangirwa nibyo Nimwiza yigeze gutangaza kuri Mwiseneza aho yahamije ko yamubereye inshuti nziza dore ko banabanaga mu cyumba kimwe kuko mu mwiherero yabanye n’abakobwa 2 barimo Niyonsaba Josiane na (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
feature-top
Igitramo Jules Sentore agiye gukora ahamya ko kizaba icy'amateka ku muziki we
Igitramo Jules Sentore agiye gukora ahamya ko kizaba icy’amateka ku muziki we

Jules Sentore umuhanzi ukora umuziki nyarwada muburyo bwa gakondo, kuri ubu yamaze gutangaza ko afite igitaramo gikomeye agomba gukorera abakunzi b’umuziki be muri uyu mwaka
Uyu muhanzi usanzwe ari icyamamare mu bakora injyana gakondo yabwiye Inyarwanda.com ko muri uyu mwaka wa 2019 afite ibikorwa byinshi, ku ikubitiro hakaza igikorwa cyo gushyira hanze indirimbo zinyuranye zabimburiwe n’iyo yakoranye n’umugandekazi Irene Ntale, indirimbo bise ’Guluma’ yanasohokanye namashusho yayo. (…)

424 Shares 4 Comments
Amasengesho ya Neymar Jr nayo gusubira muri Barcelona
Amasengesho ya Neymar Jr nayo gusubira muri Barcelona

Umukinnyi Neymar Jr kuri ubu uri gukinira ikipe ya PSG yo mu gihugu cy’ubufaransa, kurubu arifuza kugaruka mu ikipe ya FC Barcelona nubwo amaze gukina season 2 ariko ngo byanga bikunze agomba kuva muri PSG.
Ikinyamakuru EL Mundo Deportivo la Hispania, gitangaza ko papa wa Neymar yewe na Neymar ubwe bari gusenga amasengesho yo kugira ngo Neymar arebe ko yagaruka mu ikipe ya FC Barcelona yo mu gihugu cya ESPANYE.
Iki kinyamakuru gikomeza kivuga ko, Barcelona yamaze kwemera icyifuzo cya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
MISS RWANDA 2019: Abakobwa basangiye ifunguro rya mbere binjiye mu mwiherero
MISS RWANDA 2019: Abakobwa basangiye ifunguro rya mbere binjiye mu mwiherero

Abakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda bageze i Nyamata aho bagiye kumara ibyumweru bibiri bakorera umwiherero w’iri rushanwa uzasozwa hamenyekana uwatsindiye ikamba. Bacyinjira mu mwiherero kuri iki cyumweru tariki 13 Mutarama 2019 baraye basangiye ifunguro rya mbere.
Bahagurutse i Kigali mu masaha yo ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru bagera kuri Golden Tulip Hotel bahita bahabwa ibyumba bazacumbikamo mu minsi bazahamara. Aba bakobwa bashyizwe mu byumba nta kindi kigendeweho, (…)

424 Shares 4 Comments
Ingabire Sylvie yicujije amagambo y'urukozasoni yavugiye mu gitaramo cya Meddy
Ingabire Sylvie yicujije amagambo y’urukozasoni yavugiye mu gitaramo cya Meddy

MC Ingabire Sylvie yasabye imbabazi abanyarwanda bose nyuma yo kuvuga amagambo y’urukozasoni ubwo yari mu gitaramo cya East African Party cyari cyatumiwemo Meddy.
Igitaramo cya East African Party cyabaye ku wa 01 Mutarama 2019, cyari cyitabiriwe n’abahanzi batandukanye barangajwe imbere n’igihangange Ngabo Medard uzwi nka Meddy uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Iki gitaramo cyari gifite umwihariko wo kugira abashyushya rugamba benshi dore ko basimburanwaga uko umuhanzi avuye ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Binyuze muri film mbarankuru Abagore batangaje uburyo umuhanzi R. Kelly yabakoreshaga ubusambanyi ku gahato
Binyuze muri film mbarankuru Abagore batangaje uburyo umuhanzi R. Kelly yabakoreshaga ubusambanyi ku gahato

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Umuhanzi R. Kelly wabaye icyamamare munjyana ya RnB, abagore yagiye afata ku ngufu yitwaje ubwamamare mu byaka ya za 2000 babishyize hanze film mbarankuru isobanura birambuye uburyo yabahohoteye.
Nubwo nta ntambwe nimwe iraterwa y’ubutabera ku birego bijyanye no guhohotera abari n’abategarugori biregwa icyamamare munjyana ya RNB POP Robert Kelly wamenyekanye cyane ku izina rya R.Kelly mu ndirimbo nka Burn it up, Slow wind, I’m your Angel nizindi (…)

424 Shares 4 Comments
McDonald, umunyamideli ukomeyewambitse abahanzi nka Rihanna, Katy Perry na Jennifer Lopez azitabira Kigali Fashion Week
McDonald, umunyamideli ukomeyewambitse abahanzi nka Rihanna, Katy Perry na Jennifer Lopez azitabira Kigali Fashion Week

Umunyamideli Julien McDonald wamamaye ku rwego rw’Isi mu guhanga udushya mu mideli, azitabira ibitaramo by’imideli bya Kigali Fashion bizabera mu Rwanda muri Kamena 2019.
Uyu mugabo w’imyaka 47 wo muri Pays de Galles yambitse ibyamamare nka Rihanna, Ketty Perry, Taylor Swift, Lewis Hamilton, Olivia Culpo wabaye Miss Universe 2012, Jennifer Lopez, umuhanzikazi Halsey, itsinda rya Migos rikora Hip Hop n’abandi batandukanye. Julien MacDonald azaza I Kigali muri Fashion Week muri Nkuko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru