Kuwa Gatandatu tariki 23 Gicurasi 2026, mu Murenge wa Rugerero, amarushanwa Rubavu Music Awards and Talent Detection yarageze ku cyiciro cya nyuma ku rwego rw’Akarere ka Rubavu, mu gutoranya abanyempano bazahembwa. Aya marushanwa afite intego yo gufasha urubyiruko guteza impano zabo imbere, bityo zibe zabafasha kugera ku musaruro, aho mu bayategura bazengurutse mu mirenge yose y’Akarere ka Rubavu, bashaka abanyempamo ngo bahatane muri aya marushanwa.
Umuyobozi w’Ikigo cya Vision Jeunesse (…)
Yanditswe na: Pierre Romeo Imfurayabo
Umuhanzi w’icyamamare muri leta zunze ubumwe za Amerika Curtis James Jackson wamenyekanye cyane mu ruhando mpuza mahanga ku izina ry’ubuhanzi rya 50 CENT yatwitse imyenda ye yose n’inkweto biriho ikirango cya Gucci
Ibi bikaba bibaye nyuma yaho uru ruganda rukoresheje umwenda w’umukara uriho ikirango cya Gucci gusa mu rwamamaza uyu mwenda bakifashisha umuzungu, ibi bikaba byarahise bigaragariza abirabura benshi ko ibi Gucci yakoze ari ivangura ruhu (…)
Mbabazi Chadia, Umunyamideli wamenyekanye hano mu Rwanda ndetse no mu bihugu by’abaturany I kubera gukoresha cyane imbuga nkoranya mbaga no kugaragaza udushya twinshi kuri ubu ari mu gihugu cya Kenya aho yagiye kwizihiz umunsi wabakundana saint valentin gusa byateye impungenge abatari bake mu bakunzi be.
Uyu munyamideli wagiye agaragaraho udushya twinshi haba mu itangazamakuru ndetse no ku mbuga nkoranyambaga ubwo yari mu kiganiro kuri imwe muma televiziyo hano mu Rwanda ati” Sindagera ku (…)
Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Wema Sepeteu wabaye Icyamamare muri Sinema ya Tanzaniya, akaba yaranigeze kuba umukunzi wa Diamond urubanza amazemo iminsi rugeze ahakomeye aho agomba gusomerwa ibyavuye mu iperereza ry’ibanze ku cyaha cyo gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni.
Mu mwaka ushize tariki 15 UKwakira, nibwo hagaragaye amashuhso ku mbugankoranyambaga zikoresha na Wema Sepetu, amashusho yashyize hanze aeyamanye n’umukunzi we Patrict mu buriri.
Ifoto ya Wema Sepetu na (…)
Mu irushanwa rya miss Rwanda riherutse kuvugwaho byinshi mu itangazamakuru ryagaragayemo udushya twinshi haba mu bakobwa baryitabiriye ndetse n’abarikurikiraniraga hafi aho bamwe batabura guhamya ko Mwiseneza Josiane na mugenzi we Nimwiza Meghan bubatse ubushuti bitewe nuko babanye
Ibi bishimangirwa nibyo Nimwiza yigeze gutangaza kuri Mwiseneza aho yahamije ko yamubereye inshuti nziza dore ko banabanaga mu cyumba kimwe kuko mu mwiherero yabanye n’abakobwa 2 barimo Niyonsaba Josiane na (…)
201
403
Jules Sentore umuhanzi ukora umuziki nyarwada muburyo bwa gakondo, kuri ubu yamaze gutangaza ko afite igitaramo gikomeye agomba gukorera abakunzi b’umuziki be muri uyu mwaka
Uyu muhanzi usanzwe ari icyamamare mu bakora injyana gakondo yabwiye Inyarwanda.com ko muri uyu mwaka wa 2019 afite ibikorwa byinshi, ku ikubitiro hakaza igikorwa cyo gushyira hanze indirimbo zinyuranye zabimburiwe n’iyo yakoranye n’umugandekazi Irene Ntale, indirimbo bise ’Guluma’ yanasohokanye namashusho yayo. (…)
Umukinnyi Neymar Jr kuri ubu uri gukinira ikipe ya PSG yo mu gihugu cy’ubufaransa, kurubu arifuza kugaruka mu ikipe ya FC Barcelona nubwo amaze gukina season 2 ariko ngo byanga bikunze agomba kuva muri PSG.
Ikinyamakuru EL Mundo Deportivo la Hispania, gitangaza ko papa wa Neymar yewe na Neymar ubwe bari gusenga amasengesho yo kugira ngo Neymar arebe ko yagaruka mu ikipe ya FC Barcelona yo mu gihugu cya ESPANYE.
Iki kinyamakuru gikomeza kivuga ko, Barcelona yamaze kwemera icyifuzo cya (…)
Abakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda bageze i Nyamata aho bagiye kumara ibyumweru bibiri bakorera umwiherero w’iri rushanwa uzasozwa hamenyekana uwatsindiye ikamba. Bacyinjira mu mwiherero kuri iki cyumweru tariki 13 Mutarama 2019 baraye basangiye ifunguro rya mbere.
Bahagurutse i Kigali mu masaha yo ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru bagera kuri Golden Tulip Hotel bahita bahabwa ibyumba bazacumbikamo mu minsi bazahamara. Aba bakobwa bashyizwe mu byumba nta kindi kigendeweho, (…)
MC Ingabire Sylvie yasabye imbabazi abanyarwanda bose nyuma yo kuvuga amagambo y’urukozasoni ubwo yari mu gitaramo cya East African Party cyari cyatumiwemo Meddy.
Igitaramo cya East African Party cyabaye ku wa 01 Mutarama 2019, cyari cyitabiriwe n’abahanzi batandukanye barangajwe imbere n’igihangange Ngabo Medard uzwi nka Meddy uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Iki gitaramo cyari gifite umwihariko wo kugira abashyushya rugamba benshi dore ko basimburanwaga uko umuhanzi avuye ku (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























