Miss Rwanda 2020 NISHIMWE Naomie yamuritse igitabo cye yise"MORE THAN A CROWN" Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 14 Ukuboza 2025 ni ibirori byabereye muri Kigali Convention Center (KCC). Ni ibirori byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo abegukanye ikamba rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye barimo Miss Mutesi Jolly, MUHETO Divine, IRADUKUNDA Liliane na NIMWIZA Meghan.
Hari Kandi abandi bakobwa bitabiriye Miss Rwanda barimo MUYANGO Claudine, KAYUMBA Darina, UWICYEZA Pamella na (…)
By Imfurayabo Pierre
Abakunda Hip-hop na rap bazi ko Def Jam Recordings ari inzu itunganya muzika izwi kurusha izindi mu gukora injyana ya hip-hop.
Iyi kompanyi niyo yatumye tumenya abanyamuzika nka Tupac, Ja Rule, DMX, Fabulous, LL Kool J, Kanye n’abandi benshi, n’ubu ikorana n’abazwi cyane nka Justin Bieber, Rihanna n’abandi.
Def Jam ije gushora mu mpano zo muri Afurika biciye muri Universal Music, ku ikubitiro irahera mu bahanzi icyenda – barindwi muri bo ni abo muri Afurika y’Epfo (…)
By Imfurayabo Pierre
Umukinnyi wo hagati mu kibuga, Twizeyimana Martin Fabrice, wakiniraga Kiyovu Sports yasinyiye Police FC amasezerano y’imyaka ibiri.
Twizeyimana yari amaze iminsi ari mu biganiro na bamwe mu bamaze kugirwa abayobozi bashya ba Rayon Sports, aho byavugwaga ko bashakaga kumutangaho miliyoni 11 Frw.
Kiyovu Sports yari amazemo amezi atandatu, na yo iri mu makipe yamuganirije muri iyi minsi ishize, yifuza ko yakongera amasezerano.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki (…)
By Imfurayabo Pierre
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Gicurasi 2020,APR FC yahawe ìgikombe cya Shampiyona nyuma y’aho FERWAFA yafashe umwanzuro wo guhagarika burundu shampiyona.
Ishingiye ku itegeko nomero 33 rigenga sitati ya FERWAFA n’itegeko 28 rigenga amategeko shingiro yayo, Komite Nyobozi ya FERWAFA yafashe icyemezo cyo guha APR FC igikombe cy’uyu mwaka w’imikino wa 2019/20 nyuma yo kwemeza ko isorejwe aho yari igeze kubera COVID-19.
APR FC nk’ikipe irusha izindi amanota kugeza (…)
By Imfurayabo Pierre
Polisi yahagaritse igitaramo cya Tuff Gang cyaberaga ahantu bari bateguye muri Kicukiro ariko kikanyura kuri YouTube, ndetse aba bahanzi bafatwa nk’abarenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19.
Abari aho umuziki waturukaga bari abahanzi, abacuranzi na bamwe mu bagiteguye. Igitaramo cyatangiwe na Green P waririmbye indirimbo ebyiri, yakirwa na Bull Dogg, na we akurikirwa na Fireman.
Buri muhanzi yaririmbaga indirimbo ebyiri, Fireman asoje ize agiye (…)
By Imfurayabo Pierre
Nyuma y’ukwezi kurenga, Habimana Hussein, umuyobozi wa tekinike muri FERWAFA afunzwe aho yari akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umwana w’umukobwa wari mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2020 amwizeza ko azamufasha agatsinda, yarekuwe by’agateganyo.
Uyu mugabo nyuma gufatwa n’ubugenzacyaha akaba yarahise akorerwa dosiye ishyikirizwa Ubushinjacyaha maze mu cyumweru gishize ku wa Kane ajya kubura ku ifungwa n’ifungurwa (…)
By Imfurayabo Pierre
Nyuma y’amezi 10 atorewe kuyobora Rayon Sports, Munyakazi Sadate ashobora kwegura kuri uyu mwanya nk’uko amakuru agera kuri IGIHE abivuga.
Munyakazi Sadate yatorewe kuyobora Rayon Sports tariki ya 14 Nyakanga 2019 asimbuye Muvunyi Paul wari umaze imyaka ibiri ayobora iyi kipe.
Amakuru agera mu itangazamakuru, ikesha abo hafi ya Munyakazi Sadate ni uko ari gutekereza uburyo yakwegura ku buyobozi bwa Rayon Sports ndetse amaze iminsi aganira na bamwe bakuriye inzego (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Umuhanzi umaze kwigarurira imitima ya benshi muri Afurika, Davido ukorera muzika mu gihugu cya Nigeria, yatangaje benshi ubwo byahishurwaga ko yambuye impeta umukunzi we Chiona bamaranye igihe mu rukundo nk’abantu bari barahanye igihango cyo kubana nk’umugore n’umugabo.
Davido, nyuma yo kwambura impeta umukunzi we byagizwe ibanga ariko hakomeza kwibazwa impamvu yambuye impeta Chioma kandi bizwi ko bafitanye igihando cy’urukundo, byaje kumenyekana, yewe (…)
By Imfurayabo Pierre
Nyuma y’iminsi atumvikana dore ko atari aherutse gusohora indirimbo, umuhanzi Nsengiyumva Francois wamenyekanye nka Igisupusupu yateguje abantu ko agiye gushyira hanze indirimbo nshya yise ‘Isubireho’.
Mu gace gato k’iyi ndirimbo kagiye hanze, byumvikana ko aba aririmba umukobwa witwa Mukamana amusaba kwisubiraho bitewe n’ibikorwa bye. Agira ati“Mukamana yaramanutse, Mukamana yaragiye amakorosi aramugonga, yiboneye ifaranga yebaba imbabura, ti ‘Mukamana yaramanutse, (…)
By Imfurayabo Pierre
Myugariro ukina ku ruhande rw’iburyo muri Kiyovu Sport, Serumogo Ally, byavugwaga ko yifuzwa n’amakipe atandukanye arimo na Rayon Sports, yamaze gusinya amasezerano mashya y’imyaka ibiri azakinira Urucaca.
Mu minsi mike ishize humvikanye amakuru ko uyu myugariro ashobora guhindura ikipe, Rayon Sports na Police FC niyo makipe yari ku isonga mu kwifuza uyu kapiteni wa Kiyovu Sport.
Ubuyobozi bw’iyi kipe bwaritaye mu gutwi, buhita bwihutira kugirana ibiganiro bya hafi (…)
By Imfurayabo Pierre
Erling Braut Haaland niwe wafunguye amazamu ku ikipe ye ya Borussia Dortmund yatsinze mukeba wayo Schalke 04 mumukino wazihuzaga, uyu ni umwe mu mikino yabaye hasubukurwa Bundesliga yo mu Budage muri iki gihe cy’icyorezo coronavirus.
Umurindi w’abafana benshi umenyerewe kuri uyu mukino kuri stade izwi cyane Signal Iduna Park, uyu munsi ntawari uhari kuko uyu mukino – kimwe n’indi yabaye – wakinwe nta bafana bari kubibuga.
Gusa, abakunzi b’umupira w’amaguru ku isi (…)
Umuntu Muremure n’umugufi ku Isi bahuye
22 November 2024
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























