Kuwa Gatandatu tariki 23 Gicurasi 2026, mu Murenge wa Rugerero, amarushanwa Rubavu Music Awards and Talent Detection yarageze ku cyiciro cya nyuma ku rwego rw’Akarere ka Rubavu, mu gutoranya abanyempano bazahembwa. Aya marushanwa afite intego yo gufasha urubyiruko guteza impano zabo imbere, bityo zibe zabafasha kugera ku musaruro, aho mu bayategura bazengurutse mu mirenge yose y’Akarere ka Rubavu, bashaka abanyempamo ngo bahatane muri aya marushanwa.
Umuyobozi w’Ikigo cya Vision Jeunesse (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere mu bitangazamakuru bitandukanye byo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika habyutse hakwirakwira inkuru ivuga ku rupfu rw’umuhanzi uririmba injyana ya Rap Nipsey Hussle warasiwe imbere y’iduka rye ricuruza imyenda Marathon Clothing ubwo yarasohotse.
Inkuru dukesha omaha.com ivuga ko raporo ya police yo mu mujyi wa Los Angeles, yatangaje ko ku munsi wejo ku cyumweru mu masaha y’isakenda z’mugoroba Nipsey yarashwe urufaya (…)
By imfurayabo Pierre Diamond Platnuzm ni umwe mu bahanzi bubashywe muri Afurika y’Iburasirazuba by’umwihariko igihugu cya Tanzania akoreramo Muzika ye, uyu muhanzi uko yamamara muri muzika usanga ariko avugwaho ubushurashuzi cyane aho amakuru menshi amushinja gukunda abakobwa batagira ingano aho bamwe bageraho bakamuvaho kubera kunanirwa kwihanganira imico ye.
Diamond uza mu basore ba kundanye n’abakobwa benshi, ubu aravugwaho gukora ubukwe n’umunyamakuru ukomeye muri Kenya, Tanasha Okech (…)
By imfurayabo Pierre Umuraperikazi Belcalis Marlenis Almánzar wamamaye nka Cardi B mu muziki yisobanuye nyuma yaho video igaragaye imwerekana avuga ko yagiye aha ibiyobyabwenge abagabo babaga bashaka gukorana imibonano mpuzabitsina na we akabiba.
Avuga ko ibi byabaye igihe yari agikora umurimo wo kumansura ataramamara mu buhanzi. Uyu mukobwa wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yanenzwe kuva iyo video yo ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram imaze imyaka itatu yakongera guhererekanywa ku (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Areruya Joseph niwe munyafurika wa mbere ukomoka mu Rwanda wo munsi y’ubutayu bwa Sahara uzitabira irushanwa ry’amagare rya Paris-Roubaix, byitezwe ko rizatangira ku wa 14 Mata 2019.
Iri ni rimwe mu marushanwa akunzwe muri uyu mukino kuko ryatangiye mu mwaka wa 1896. Ni n’irushanwa rigoye cyane bitewe n’imihanda ikoreshwa, ku buryo baryita ‘l’enfer du Nord’, ‘la reine des classiques’ cyangwa ‘la dure des dures’. Areruya w’imyaka 23 amaze kumenyerwa mu (…)
Itsinda rya Good Life ryo muri Uganda na Radio warihozemo bashimiwe mu bihembo bya Zzina Awards, Weasel yunamira mugenzi we bakoranye. Zzina Awards ni ibihembo bitangwa na Radiyo yitwa Galaxy FM bigamije gushimira abahanzi bitwaye neza mu byiciro bitandukanye. Ababitegura batanga igikombe kidahatanirwa mu rwego rwo gushimira umuhanzi umaze igihe mu muziki kandi ufite ubigwi.
Iki gihembo cy’umunyabigwi cyahawe itsinda rya Good Life ryari rigizwe na Radio witabye Imana mu mwaka ushize na (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Meddy Saleh ni umwe mu bahanga mu bijyanye no gutunganya amashusho mu Rwanda. Yagiye akorana n’abahanzi benshi bakomeye mu Rwanda ndetse kugeza ubu ni umwe mu ba producer bihagazeho muri uyu mwuga.
Yahoze ari umugabo wa Shaddyboo ndetse banafitanye abana, yasobanuye iby’umubano wabo anasubiza bimwe mu bibazo benshi bamwibazaho.
Amakuru dukesha inyarwanda.com avuga ko Ku munsi wo kucyumweru Meddy Saleh umaze iminsi mu bitaramo bizenguruka bya Buravan (…)
Yanditswe na Pierre Romeo Ikipe y’u Rwanda “Amavubi” mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki 21 Werurwe 2019 ni bwo yahagurutse mu Rwanda yerekeza Abidjan muri Cote d’Ivoire aho yagiye gukina umukino wa nyuma mu itsinda H mu gushaka itike ya CAN 2019.
Uyu mukino biteganyijwe ko uzabera kuri Sitade Félix Houphouët-Boigny tariki 23 Werurwe 2019 ku isaha ya saa kumi n’imwe muri Cote d’Ivoire (17h00) akazaba ari saa moya mu Rwanda (19h00). Umukino uzayoborwa n’abasifuzi bakomoka muri (…)
Yanditswe na Pierre Imfurayabo Umuririmbyi mu njyana ya RnB, R Kelly, amaze iminsi mu bihe bitoroshye aho akurikiranweho ibyaba ho gusambanya abana batagejeje imyaka y’ubukure ndetse no guhohotera bishingiye ku gitsina abandi bagore bakuru. Uyu mugabo ukurikiranwe n’inkiko arifuza uruhushya rwo kujya gukorera ibitaramo mu mujyi wa Dubai.
Umuhanzi Robert Sylvester Kelly uzwi cyane nka R Kelly kuri ubu yandikiye urukiko asaba ko yakwemerera kujya I Dubai mu rwego rw’akazi. Bimwe mu byo (…)
Yanitswe na Imfurayabo pierre Romeo
Nyuma y’amakuru amaze iminsi acicikana kuma radiyo n’imbugankoranyambaga avuga ko umuraperikazi w’Umunyarwandakazi Young Grace atwite, yemeje ko ibivugwa ko ari byo ndetse anaboneraho umwanya wo gutangaza izina rimuri ku mutima ateganya kuzita imfura ye n’igitsina cye.
Uyu muraperi uherutse gutambutsa ubutumwa ashimira Imana kuba yemeye kumuha umwana mbere y’uko akora ubukwe, yatangaje ko kuri we kuba atwite yumva ari ibintu by’agaciro gakomeye akaba (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Paris-Michael Katherine Jackson umukobwa wa Michael Jackson yatangaje ko ababajwe n’ibyo se akomeje gukorerwa. Yemeza ko urupfu rwa se ari akagambane ndetse bakomeje kumuremera ibyaha Paris Jackson umukobwa wa nyakwigendera Michael Jackson
Uyu mukobwa uheruka gutangaza ko yafashwe ku ngufu afite imyaka 14 y’amavuko bikamuviramo ihahamuka,yaherukaga gutangaza ko se Michaël Jackson urupfu rwe rushobora kuba rwarapanzwe, ahamya ko yishwe atari (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























