Miss Rwanda 2020 NISHIMWE Naomie yamuritse igitabo cye yise"MORE THAN A CROWN" Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 14 Ukuboza 2025 ni ibirori byabereye muri Kigali Convention Center (KCC). Ni ibirori byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo abegukanye ikamba rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye barimo Miss Mutesi Jolly, MUHETO Divine, IRADUKUNDA Liliane na NIMWIZA Meghan.
Hari Kandi abandi bakobwa bitabiriye Miss Rwanda barimo MUYANGO Claudine, KAYUMBA Darina, UWICYEZA Pamella na (…)
Nubwo yihariye umupira iminota myinshi, Espagne yananiwe gutangira neza muri EURO 2020, inganya ubusa ku busa na Suède mu mukino w’umunsi wa mbere wo mu itsinda E wabereye mu mujyi wa Seville ku wa Mbere.
Ikipe y’umutoza Luis Enrique yihariye umupira kuva ku munota wa mbere ndetse yabonye uburyo bwinshi bugana mu izamu, gusa kubona igitego biranga.
Uburyo bwiza bwabonetse mu minota ya mbere ni umupira Marcus Danielson yananiwe gukuraho ari imbere y’izamu, ufatwa na Alvaro Morata wawuteye (…)
Mu gihe bisanzwe bimenyerewe ko ikirwa icyo ari cyo cyose kigomba kuba ari ubutaka buri rwaagati mu nyanjya cyangwa mu kiyaga, muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ho sio ko bihora kuko ubu hamaze gufungurwa ikirwa cyo mu kirere abaturage batangiye gutembereramo no kwidagaduriramo.
Ni ikirwa kiswe "Little Island" cyubatswe mu Murwa mukuru wa New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku mugezi wa Hudson, Ikinyamakuru CNN cyo kikavuga ko ibijyanye n’intumbero yacyo kimwe n’akayabo cyatwaye (…)
Minisiteri ya Siporo yakomoreye ibikorwa bya siporo y’umupira w’amaguru, ishyiraho ibyo abanyamuryango bagomba kubahiriza mbere yo gusubukura ibikorwa.
Byatangajwe mu itangazo ryashyizwe hanze n’iyi minisiteri ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, bavuze ko amashyirahamwe y’imikino agomba kubanza kwerekana uburyo abanyamuryango babo bazirinda Covid-19 hanyuma bakabona kubaha uburenganzira bwo gukina amarushanwa.
Muri iri tangazo kandi bavuze ko imyitozo yemerewe gusubukurwa ku bafite (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Minisitiri wa Siporo Munyangaju AUrore Mimosa yavuze ko impinduka zabaye muri siporo zo guhagarika shampiyona y’igihugu y’umupira w’amaguru byatewe n’ibyo biboneye mu bugenzuzi bakoze, basanga hari abakinnyi bagiye mu kibuga baranduye COVI-19 ahandi batekenitse raporo ko abakinnyi ari bazima. Minisitiri Munyangaju Aurore ubanza ibumoso, ari kumwe n’abandi baminisitiri mu kiganiro n’itangazamakuru
Yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru, tarikiya 16 Ukuboza 2020, (…)
Chadwick Aaron Boseman wamamaye nuri filime ya Black Panther nka T’Challa ari umwami wa Wakanda, yitabye Imana azize kanseri y’amara.
Itangazo ryacishijwe ku rukuta rwa Twitter rwe, ryavugaga ko yari amaze igihe kinini abana n’ubu burwayi. Riti “Indwanyi nyayo, Chadwick yakomeje kwihangana abinyuramo, ndetse anabaha filime mwakunze cyane. Kuva kuri ‘Marshall’ kugera kuri ‘Da 5 Bloods’ n’izindi’.
Rikomeza rivuga ko zose yagiye azikina afite ubu burwayi bwari bumumereye nabi, kuko yabaga (…)
By Imfurayabo Pierre
Simba SC iri ku mwanya wa mbere muri Shampiyona ya Tanzania ni yo ishobora kwegukana rutahizamu w’Umunya-Ghana, Michael Sarpong, uheruka kwirukanwa na Rayon Sports.
Michael Sarpong wari gusoza amasezerano ye mu mpeshyi, yirukanwe na Rayon Sports muri Mata kubera amagambo yavuze ku muyobozi wayo, Munyakazi Sadate, ko “nta bushobozi afite bwo kuyobora ikipe.”
Uyu mukinnyi w’imyaka 24 ukomoka muri Ghana, amaze iminsi yifuzwa n’amakipe yo muri Tanzania arimo Yanga SC (…)
By Imfurayabo Pierre
Ubwo yari mu kiganiro kuri ISIBO TV umuhanzi yvan buravan yavuzeko we na shaddyboo bakundana
Umwe mubakobwa bazwi cyane ku mbugankoranyambaga mu rwanda no kw’isi muri rusange shaddyboo ubwe yavuzeko mubahanzi akunda harimo na yvan buravan.
nyuma yuko uyu mukobwa atangajeko akunda yvan buravan, nyirubwite nawe YVAN BURAVAN yaje kubyemeza ubwo yari mukiganiro kuri televiziyo.
Abajijwe n’umunyamakuru Philpeter
umuhanzi Yvan Buravan yagize ati “shaddyboo ndamukunda, (…)
By Imfurayabo Pierre
Nsengiyumva François umaze kwamamara nka Igisupusupu, yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Isubireho’ ikebura abakobwa bakora umwuga wo kwicuruza. Iyi ndirimbo yagiye hanze kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Kamena 2020, irimo ubutumwa bukebura abakobwa cyangwa se abahungu bishora mu ngeso mbi cyane cyane iz’ubusambanyi.
Ishushanya umukobwa uba warananiye iwabo akajya ararana n’abasore mu mahoteli, kugeza aho bamufashe ku ngufu bakamukoresha imibonano mpuzabitsina barenze (…)
By Imfuraybo Pierre
Umusuwisi Roger Federer, akaba ikirangirire mu mukino wa Tennis, yatangaje kuri uyu wa gatatu tariki 10 Kamena, ko yongeye kubagwa mu ivi ry’iburyo. Yavuze ko kongera kugaruka mu kibuga bitari mbere y’umwaka wa 2021.
Roger Federer, abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter yagize ati “Nifuje gufata igihe, kugira ngo nzongere gukina neza 100%. Abafana banjye, amarushanwa, nzabikumbura cyane, kandi ndifuza kuzabona buri wese, muri saison ya 2021”.
Si ubwa mbere abazwe kuri (…)
By Imfurayabo Pierre
Safi Madiba yamaze kwandikira urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), arusaba gukurikirana umuvugabutumwa wo mu itorero rya Zion Temple uzwi nka Ev. Eliane Niyonagira amushinja ko yamusebeje mu ruhame agamije kumwangiriza izina.
Muri ‘Email’ dufitiye kopi, Safi Madiba yanditse asaba kurenganurwa agaragaza ko yaseberejwe mu ruhame n’uyu muvugabutumwa agamije kumwangisha abantu no kumusenyera izina.
Safi Madiba yagize ati” Nitwa Niyibikora Safi, ndi umuhanzi (…)
Umuntu Muremure n’umugufi ku Isi bahuye
22 November 2024
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























