Miss Rwanda 2020 NISHIMWE Naomie yamuritse igitabo cye yise"MORE THAN A CROWN" Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 14 Ukuboza 2025 ni ibirori byabereye muri Kigali Convention Center (KCC). Ni ibirori byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo abegukanye ikamba rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye barimo Miss Mutesi Jolly, MUHETO Divine, IRADUKUNDA Liliane na NIMWIZA Meghan.
Hari Kandi abandi bakobwa bitabiriye Miss Rwanda barimo MUYANGO Claudine, KAYUMBA Darina, UWICYEZA Pamella na (…)
Byanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Mutoni Deborah n’umuobwa uri gushinjwa gutekinika mu mubijyanye no gushaka amajwi ku mbuga nkoranyambaga, azamufasha mu kubona itike imugeza mu mwiherero w’abakobwa 20 mu marushanwa ya Miss Rwanda 2019,aho kuri ubu amaze gutorwa n’Abarabu n’Abahinde gusa.
Icyiciro cyo gutora ba nyampinga bnyuze ku mbuga nkoranyambaga nka facebook, instagram nizindi, cyatangiye guteza urwikekwe kuko Mutoni Deborah uhanganye na mwiseneza ari kwifashisha application (…)
The World’s football body, FIFA, has appointed Rwanda’s top professional woman referee Salma Rhadia Mukansanga to officiate the fourth quarter final match of the FIFA U-17 Women’s World Cup which will pit Germany against Canada on Sunday night in Uruguay. Canada and Germany face-off in the fourth quarter final match on Sunday night, 25 November 2018 at 19:00 (midnight local time,-Monday morning) at Estadio Charrúa in Montevideo. The third quarter final will see African representatives Ghana (…)
Umunya-Côte d’Ivoire, Didier Drogba, wakiniye amakipe atandukanye ku Isi cyane cyane ku mugabane w’u Burayi ndetse n’ikipe y’igihugu cye, yatangaje ko asezeye mu kibuga.
Drogba w’imyaka 40, yatangaje ko yasezeye mu kibuga kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Ugushyingo 2018, nyuma y’imyaka 20 yari akimazemo.
Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, yashimiye abamubaye hafi bose muri uru rugendo rw’imyaka 20. Ati “Ndashaka gushimira abakinnyi, amakipe, abatoza n’abafana twakoranye igihe nari (…)
Umuhanzi umaze kwigarurira imitima y’abatari bake ku mugabane w’Afurika ndetse n’isi muri rusanjye Diamond Platnumz kuri ubu ari mu rukundo n’umukobwa ugaragara mu ndirimbo z’abahanzi witwa Lilian Kessy uzwi nka Kim Nana nkuko bitangazwa na Nyina Sanura Kasimu.
Aganira n’ikinyamakuru Amani dukesha iyi nkuru nyina wa Diamond, Sanura Kasimu, yahamije ko umusore we ari mu rukundo rufite intego.
Ati “Niba hari igihari, kuri iyo ngingo nzamuba iruhande avuga Kim Nana; n’ubu ndi kuvugana nawe (…)
Umuhanzi umaze kwamamara mu gihe gito hano mu Rwanda uzwi nka Marina yatangaje ko yamaze gusiba mu bitekerezo bye umusore yakunze akabura uko abimubwira.
Ubwo yaganiraga na Eachamps dukesha iyi nkuru yavuze ko yigeze gukunda umusore bikamuheramo akabura uko arikocora kugeza ubwo abivuyemo burundu.
Yagize ati “ Indirimbo Love You ifite aho ihuriye n’ubuzima bwanjye kuko muri ino minsi mfite umuntu ndi gukunda, ariko kuba ufite umuntu uri gukunda bitandukanye no kuba mukundana… ahubwo (…)
Mutuyeyezu Oswald umaze igihe atumvikana kuri radiyo yari asanzwe akoraho yatangaje ko ubwumvikane buke n’ubuyobozi bwa City radio aribwo bwatumye asezera kuri iyi radiyo yerekeza kuri Radio10 na Tv10.
Aho azajya akora ikiganiro cyitwa "Zinduka" kizajya gihitaho kuva kuwa mbere kugera kuwa gatanu.
Ikiganiro kitwaga umunsi ucyeye cyari kimwe mu biganiro byakurikirwaga n’abanyarwanda benshi mu gitondo kubera amakuru yaraye n’ayazindutse acicikana hirya no hino, ahanini umuntu akaba (…)
Umunyamakuru Gemma Collins ukora kuri TV ya ITVBe yatunguye benshi ubwo yashyiraga hanze amafoto yambaye ubusa asa neza nayo Kim Kardashian yigeze kwifotoza aho yavuze ko yabikoze ashaka guhangana n’iki cyamamare cyiyambika ubusa kugira ngo gitigise imbuga nkoranyambaga.
Umuraperi Jay Polly amaze iminsi ibiri afunzwe, akurikiranyweho icyaha cyo gukubita umugore we akamukura amenyo abiri.
Ubu, Jay Polly afungiwe muri kasho ya Remera mu Mujyi wa Kigali. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Mbabazi Modeste, yabwiye IGIHE ko Jay Polly yatawe muri yombi ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu tariki 4 Kanama 2018, nyuma yo gukubita umugore we.
Jay Polly yarwanye n’umugore we nyuma y’ubushyamiranye bagize bavuye mu kabari, ubugenzacyaha (…)
Umuhanzikazi Selena Gomez wahoze akundana na Justin Bieber bakaza gutandukana yifurije uyu musore ishya n’ihirwe mu rukundo rushya yatangiranye n’umunyamidelikazi witwa Hailey Baldwin aherutse kwamika impeta ndetse banitegura kurushinga.
Justin Bieber n’umukunzi we mushya.
Tariki 7 Nyakanga 2018 nibwo J.B yambitse impeta Hailey maze atanga integuza mu muryango n’abafana be ko bagiye kubona ubukwe bunogeye ijisho mu gihe kitarambiranye. Ku rundi ruhande ariko, Selena Gomez wamaze imyaka (…)
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron wari mu Burusiya ku mugoroba, yaraye atunguye abakinnyi n’abayobozi b’ikipe y’igihugu cy’Ubufaransa, ubwo yabasangaga mu rwambariro nyuma yo gutsinda Ububiligi igitego 1-0 bagera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi.
Uyu muperezida uri mu bakundwa na benshi mu rubyiruko,yaraye asanze mu rwambariro abakinnyi abashimira akazi gakomeye baraye bakoze basezerera Ububiligi bwagaragaje ubudashyikirwa muri iyi mikino y’igikombe cy’isi iri kubera mu (…)
Icyamamare John Legend yageze mu Rwanda
21 February 2025
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























