Miss Rwanda 2020 NISHIMWE Naomie yamuritse igitabo cye yise"MORE THAN A CROWN" Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 14 Ukuboza 2025 ni ibirori byabereye muri Kigali Convention Center (KCC). Ni ibirori byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo abegukanye ikamba rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye barimo Miss Mutesi Jolly, MUHETO Divine, IRADUKUNDA Liliane na NIMWIZA Meghan.
Hari Kandi abandi bakobwa bitabiriye Miss Rwanda barimo MUYANGO Claudine, KAYUMBA Darina, UWICYEZA Pamella na (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Umuririmbyi wo mu itsinda rya Sauti Sol, Bien-Aimé Baraza, yambitse impeta umukunzi we Chiki Onwukwe bateganya kubana.
Bien-Aimé ni umwe mu basore bane bagize itsinda rya Sauti Sol ryo muri Kenya. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Gashyantare 2019, yatunguye umukobwa bamaze imyaka itandatu bakundana amwambika impeta imusezeranya ko ari we bazana. Ibi byabereye mu nzu yerekanirwamo filime ya Westage i Nairobi muri Kenya ahari inshuti zabo (…)
Umunya- Érythrée Kudus Merhawi niwe watanze abo basiganwa muri Tour du Rwanda kugera I Rubavu ahasorejwe isiganwa bavuye I Huye.
Kudus ni nawe watanzwe abakinnyi b’ amagare bitabiriye irushanwa rya Tour du Rwanda rya 11 kugeza I Huye baturutse I Kigali mu birometero 120,5.
Agace ka Huye – Rubavu niko gace karekare kabayeho kuva Tour du Rwanda yabaho. Gafite ibirometero birenga 200.
Isiganwa ry’ uyu munsi ryabayemo agashya kadasanzwe kuko abakinnyi batatu ba mbere basize abandi iminota (…)
Umuvugizi w’umutegetsi w’agace ka Cook muri Amerika yavuze ko R Kelly, umuririmbyi w’Umunyamerika wo mu njyana ya R&B, yarekuwe by’agateganyo aho yari afungiye muri gereza y’i Chicago amaze gutanga ibihumbi 100 by’amadolari y’Amerika by’ingurane.
Mbere yaho kuri uwo wa mbere, R Kelly yari yahakanye ibirego 10 aregwa bijyanye n’ihohotera rishingiye ku gitsina ryo ku rwego rwo hejuru bivugwa ko yakoreye abagore bane, batatu muri bo bakaba batari bwagere mu kigero cy’ubukuru mu gihe ibyo (…)
Uwahoze ari umugore w’umuhanzi Diamond Platnumz, Zari Hassan Tlale yatangiye icyumweru cy’amasengesho no kwiyiriza kugira ngo asabire Diamond Platnum ashinja kuba umubyeyi gito.
Mu minsi mike ishize, Zari yagiye aca amarenga ku ngingo yo kuba Diamond Platnumz ntacyo amufasha ku bijyanye no kurera abana babiri babyaranye. Ibi Diamond ntacyo yigeze abivugaho.
Abinyijuje ku rukuta rwe rwa instagram, Zari yatangarije abakunzi be ko yatangiye icyumweru cy’amasengesho no kwiyiriza bitewe (…)
Umuhanzi uririmba injyana ya Hip Hop uzwi nka P FLA, yatangaje ko nyuma yo kureka ibiyobyabwenge, ubu hari ababyeyi basigaye bamwifashisha kugira ngo agire inama abana babo batangiye kubyishoramo.
Murerwa Hakizimana Amani [PFLA] ni izina rimaze igihe kinini ryumvikana muri Hip Hop yo mu Rwanda, gusa ibikorwa bye bya muzika byahindanyijwe no gukoresha ibiyobyabwenge.
Byatumye atandukana n’umubyeyi we babanaga muri Amerika, ajya kuba mu Bubiligi, arahava ajya muri Norvège, aho yavuye (…)
Umwe mu bahanzi bakunzwe cyane mu Gihugu cya Uganda Gereson Wabuyi wamenyekanye nka Gravity Omutujju uririmba mu njyana ya Rapp yarashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu aho ubu ari kwitabwaho n’abaganga b’inzobere.
Uyu musore asanzwe ari umuraperi ukunzwe muri Uganda ndetse si ugukundwa n’abafana gusa ahubwo n’ininshuti magara yabamwe mu bahanzi barimo na Eddy Kenzo nyuma yo kuraswa rero hakaba hahise hashyirwa inyandiko ku rukuta rwe rwa facebook igaragaza ko yarashwe n’abantu (…)
Miss Nimwiza Meghan Nyampinga w’u Rwanda 2019, ibisonga bye Yassip Casimr (Igisonga cya mbere), Uwase Sangwa Odile (Igisonga cya kabiri), ndetse na Miss Mwiseneza Josiane wabaye umukobwa ukunzwe mu irushanwa (Miss Popularity 2019) bahakanye ibyo kwitabira ibirori bizabera mu ishuri College Amis des Anfants.
Nk’uko bigaragara ku rupapuro rwamamaza, bigaragara ko ibi birori byateguwe n’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko, batumira Miss Nimwiza Meghan, Miss Yassip Casimr, Miss Uwase Sangwa Odile, (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Iserukiramuco rya filime Nyafurika, Mashariki African Film Festival rigiye kuba ku nshuro ya 5 aho abakora filime bo mu bihugu bitandukanye byo muri Afurika bazaba bitabiriye iri serukiramuco rifite insanganyamatsiko igira iti “sinema mu kugaragaza ubumuntu” (Cinema to enlighten humanity).
Iyi nsanganyamatsiko yatekerejwe mu rwego rwo kwifatanya n’umuryango Nyarwanda kuzirikana ubumuntu ndetse no kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. (…)
Yanditswe na: Pierre Romeo Imfurayabo
Umuhanzi w’icyamamare muri leta zunze ubumwe za Amerika Curtis James Jackson wamenyekanye cyane mu ruhando mpuza mahanga ku izina ry’ubuhanzi rya 50 CENT yatwitse imyenda ye yose n’inkweto biriho ikirango cya Gucci
Ibi bikaba bibaye nyuma yaho uru ruganda rukoresheje umwenda w’umukara uriho ikirango cya Gucci gusa mu rwamamaza uyu mwenda bakifashisha umuzungu, ibi bikaba byarahise bigaragariza abirabura benshi ko ibi Gucci yakoze ari ivangura ruhu (…)
Mbabazi Chadia, Umunyamideli wamenyekanye hano mu Rwanda ndetse no mu bihugu by’abaturany I kubera gukoresha cyane imbuga nkoranya mbaga no kugaragaza udushya twinshi kuri ubu ari mu gihugu cya Kenya aho yagiye kwizihiz umunsi wabakundana saint valentin gusa byateye impungenge abatari bake mu bakunzi be.
Uyu munyamideli wagiye agaragaraho udushya twinshi haba mu itangazamakuru ndetse no ku mbuga nkoranyambaga ubwo yari mu kiganiro kuri imwe muma televiziyo hano mu Rwanda ati” Sindagera ku (…)
Umuntu Muremure n’umugufi ku Isi bahuye
22 November 2024
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























