Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Miss Rwanda wa 2020 Naomie NISHIMWE yamuritse igitabo cye "MORE THAN A CROWN"

Miss Rwanda 2020 NISHIMWE Naomie yamuritse igitabo cye yise"MORE THAN A CROWN" Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 14 Ukuboza 2025 ni ibirori byabereye muri Kigali Convention Center (KCC). Ni ibirori byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo abegukanye ikamba rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye barimo Miss Mutesi Jolly, MUHETO Divine, IRADUKUNDA Liliane na NIMWIZA Meghan.
Hari Kandi abandi bakobwa bitabiriye Miss Rwanda barimo MUYANGO Claudine, KAYUMBA Darina, UWICYEZA Pamella na (…)

KENYA: UMWE MU BAGIZE SAUTI SOL YAMBITSE UMUNZI WE IMPETA
KENYA: UMWE MU BAGIZE SAUTI SOL YAMBITSE UMUNZI WE IMPETA

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Umuririmbyi wo mu itsinda rya Sauti Sol, Bien-Aimé Baraza, yambitse impeta umukunzi we Chiki Onwukwe bateganya kubana.
Bien-Aimé ni umwe mu basore bane bagize itsinda rya Sauti Sol ryo muri Kenya. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Gashyantare 2019, yatunguye umukobwa bamaze imyaka itandatu bakundana amwambika impeta imusezeranya ko ari we bazana. Ibi byabereye mu nzu yerekanirwamo filime ya Westage i Nairobi muri Kenya ahari inshuti zabo (…)

424 Shares 4 Comments
KUDUS MERHAWI YATWAYE AGACE KA KABIRI MURI TOUR DU RWANDA
KUDUS MERHAWI YATWAYE AGACE KA KABIRI MURI TOUR DU RWANDA

Umunya- Érythrée Kudus Merhawi niwe watanze abo basiganwa muri Tour du Rwanda kugera I Rubavu ahasorejwe isiganwa bavuye I Huye.
Kudus ni nawe watanzwe abakinnyi b’ amagare bitabiriye irushanwa rya Tour du Rwanda rya 11 kugeza I Huye baturutse I Kigali mu birometero 120,5.
Agace ka Huye – Rubavu niko gace karekare kabayeho kuva Tour du Rwanda yabaho. Gafite ibirometero birenga 200.
Isiganwa ry’ uyu munsi ryabayemo agashya kadasanzwe kuko abakinnyi batatu ba mbere basize abandi iminota (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umuvugizi w'umutegetsi w'agace ka Cook muri...
Umuvugizi w’umutegetsi w’agace ka Cook muri...

Umuvugizi w’umutegetsi w’agace ka Cook muri Amerika yavuze ko R Kelly, umuririmbyi w’Umunyamerika wo mu njyana ya R&B, yarekuwe by’agateganyo aho yari afungiye muri gereza y’i Chicago amaze gutanga ibihumbi 100 by’amadolari y’Amerika by’ingurane.
Mbere yaho kuri uwo wa mbere, R Kelly yari yahakanye ibirego 10 aregwa bijyanye n’ihohotera rishingiye ku gitsina ryo ku rwego rwo hejuru bivugwa ko yakoreye abagore bane, batatu muri bo bakaba batari bwagere mu kigero cy’ubukuru mu gihe ibyo (…)

424 Shares 4 Comments
ZARI YATANGIYE ICYUMWERU CY'AMASENGESHO NO KWIYIRIZA KUBERA DIAMOND
ZARI YATANGIYE ICYUMWERU CY’AMASENGESHO NO KWIYIRIZA KUBERA DIAMOND

Uwahoze ari umugore w’umuhanzi Diamond Platnumz, Zari Hassan Tlale yatangiye icyumweru cy’amasengesho no kwiyiriza kugira ngo asabire Diamond Platnum ashinja kuba umubyeyi gito.
Mu minsi mike ishize, Zari yagiye aca amarenga ku ngingo yo kuba Diamond Platnumz ntacyo amufasha ku bijyanye no kurera abana babiri babyaranye. Ibi Diamond ntacyo yigeze abivugaho.
Abinyijuje ku rukuta rwe rwa instagram, Zari yatangarije abakunzi be ko yatangiye icyumweru cy’amasengesho no kwiyiriza bitewe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
P FLA YAVUZE UKO YAHINDUTSE UMUJYANAMA W'ABIJANDITSE MU BIYOBYABWENGE
P FLA YAVUZE UKO YAHINDUTSE UMUJYANAMA W’ABIJANDITSE MU BIYOBYABWENGE

Umuhanzi uririmba injyana ya Hip Hop uzwi nka P FLA, yatangaje ko nyuma yo kureka ibiyobyabwenge, ubu hari ababyeyi basigaye bamwifashisha kugira ngo agire inama abana babo batangiye kubyishoramo.
Murerwa Hakizimana Amani [PFLA] ni izina rimaze igihe kinini ryumvikana muri Hip Hop yo mu Rwanda, gusa ibikorwa bye bya muzika byahindanyijwe no gukoresha ibiyobyabwenge.
Byatumye atandukana n’umubyeyi we babanaga muri Amerika, ajya kuba mu Bubiligi, arahava ajya muri Norvège, aho yavuye (…)

424 Shares 4 Comments
GRAVITY OMUTUJUU UMURAPERI WO MURI UGANDA YARASHWE AMASASU 3
GRAVITY OMUTUJUU UMURAPERI WO MURI UGANDA YARASHWE AMASASU 3

Umwe mu bahanzi bakunzwe cyane mu Gihugu cya Uganda Gereson Wabuyi wamenyekanye nka Gravity Omutujju uririmba mu njyana ya Rapp yarashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu aho ubu ari kwitabwaho n’abaganga b’inzobere.
Uyu musore asanzwe ari umuraperi ukunzwe muri Uganda ndetse si ugukundwa n’abafana gusa ahubwo n’ininshuti magara yabamwe mu bahanzi barimo na Eddy Kenzo nyuma yo kuraswa rero hakaba hahise hashyirwa inyandiko ku rukuta rwe rwa facebook igaragaza ko yarashwe n’abantu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
MISS RWANDA MEGHAN N'IBISONGA BYE NA MISS JOSIANE BAHAKANYE KWITABIRA IHURIRO RY'URUBYIRUKO MURI COLLEGE AMIS DES ANFANTS
MISS RWANDA MEGHAN N’IBISONGA BYE NA MISS JOSIANE BAHAKANYE KWITABIRA IHURIRO RY’URUBYIRUKO MURI COLLEGE AMIS DES ANFANTS

Miss Nimwiza Meghan Nyampinga w’u Rwanda 2019, ibisonga bye Yassip Casimr (Igisonga cya mbere), Uwase Sangwa Odile (Igisonga cya kabiri), ndetse na Miss Mwiseneza Josiane wabaye umukobwa ukunzwe mu irushanwa (Miss Popularity 2019) bahakanye ibyo kwitabira ibirori bizabera mu ishuri College Amis des Anfants.
Nk’uko bigaragara ku rupapuro rwamamaza, bigaragara ko ibi birori byateguwe n’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko, batumira Miss Nimwiza Meghan, Miss Yassip Casimr, Miss Uwase Sangwa Odile, (…)

424 Shares 4 Comments
Muri filime 1500 zandikishijwe, 83 ni zo zatoranyijwe mu zizahatanira ibihembo muri Mashariki African Film Festival 5
Muri filime 1500 zandikishijwe, 83 ni zo zatoranyijwe mu zizahatanira ibihembo muri Mashariki African Film Festival 5

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Iserukiramuco rya filime Nyafurika, Mashariki African Film Festival rigiye kuba ku nshuro ya 5 aho abakora filime bo mu bihugu bitandukanye byo muri Afurika bazaba bitabiriye iri serukiramuco rifite insanganyamatsiko igira iti “sinema mu kugaragaza ubumuntu” (Cinema to enlighten humanity).
Iyi nsanganyamatsiko yatekerejwe mu rwego rwo kwifatanya n’umuryango Nyarwanda kuzirikana ubumuntu ndetse no kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
50 Cent yatwitse imyenda n'inkweto by'uruganda rwa Gucci nyuma yuko rugaragaje ivangura ruhu(VIDEO)
50 Cent yatwitse imyenda n’inkweto by’uruganda rwa Gucci nyuma yuko rugaragaje ivangura ruhu(VIDEO)

Yanditswe na: Pierre Romeo Imfurayabo
Umuhanzi w’icyamamare muri leta zunze ubumwe za Amerika Curtis James Jackson wamenyekanye cyane mu ruhando mpuza mahanga ku izina ry’ubuhanzi rya 50 CENT yatwitse imyenda ye yose n’inkweto biriho ikirango cya Gucci
Ibi bikaba bibaye nyuma yaho uru ruganda rukoresheje umwenda w’umukara uriho ikirango cya Gucci gusa mu rwamamaza uyu mwenda bakifashisha umuzungu, ibi bikaba byarahise bigaragariza abirabura benshi ko ibi Gucci yakoze ari ivangura ruhu (…)

424 Shares 4 Comments
Shaddyboo yerekeje muri Kenya kwihizihiriza umunsi w'abakundana yasabwe kuzitwararika mu gukoresha ururimi rw'icyongereza
Shaddyboo yerekeje muri Kenya kwihizihiriza umunsi w’abakundana yasabwe kuzitwararika mu gukoresha ururimi rw’icyongereza

Mbabazi Chadia, Umunyamideli wamenyekanye hano mu Rwanda ndetse no mu bihugu by’abaturany I kubera gukoresha cyane imbuga nkoranya mbaga no kugaragaza udushya twinshi kuri ubu ari mu gihugu cya Kenya aho yagiye kwizihiz umunsi wabakundana saint valentin gusa byateye impungenge abatari bake mu bakunzi be.
Uyu munyamideli wagiye agaragaraho udushya twinshi haba mu itangazamakuru ndetse no ku mbuga nkoranyambaga ubwo yari mu kiganiro kuri imwe muma televiziyo hano mu Rwanda ati” Sindagera ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru