Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

OMS yahamagaje iperereza ku miti y’Ubuhinde ikekwaho guhitana abana 66

Thursday 6 October 2022
    Yasomwe na

Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS), Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, yasabye ko hakorwa iperereza ryimbitse hakamenyekana niba imiti ine y’abana ya Promethazine Oral Solution, Kofexmalin Baby Cough Syrup, Makoff Baby Cough Syrup na Magrip N Cold Syrup ikorerwa mu Buhinde ari yo nyirabayazana w’imfu z’abana 66 bo muri Gambia baherutse gupfa.

Ni imiti ifungurwa isanzwe ikorwa n’uruganda karundura mu gukora imiti myinshi rwa Maiden Pharmaceuticals Limited (Haryana, India), yoherezwa cyane muri Afurika.

ibipimo by’ihanze byafashwe byagaragaje ko iyo mti irimo kimwe mu biyigize cya diethylene glycol na ethylene glycol, bigira ingaruka ku mpyiko z’umwana uyinyoye.

Nubwo iyo miti yagaragaye muri Gambia hari icyoba ko yaba yarageze no mu bindi bice bya Afurika binyuze mu masoko atemewe.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru