Tuesday . 2 June 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 25 May » Rubavu: Abazahembwa muri Rubavu Music Awards and Talent Detection bamaze gutoranywa – read more
  • 12 May » Rwanda: Hazatangwa ibikombe 2 muri Shampiyona – read more
  • 9 May » Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 – read more
  • 27 April » Rubavu: Rubavu Music Awards and Talent Detection igiye kongera kuba bwa kabiri – read more
  • 27 April » RDC: Hashyizweho umutwe ushinzwe kurinda ibirombe – read more

OMS yahamagaje iperereza ku miti y’Ubuhinde ikekwaho guhitana abana 66

Thursday 6 October 2022
    Yasomwe na

Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS), Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, yasabye ko hakorwa iperereza ryimbitse hakamenyekana niba imiti ine y’abana ya Promethazine Oral Solution, Kofexmalin Baby Cough Syrup, Makoff Baby Cough Syrup na Magrip N Cold Syrup ikorerwa mu Buhinde ari yo nyirabayazana w’imfu z’abana 66 bo muri Gambia baherutse gupfa.

Ni imiti ifungurwa isanzwe ikorwa n’uruganda karundura mu gukora imiti myinshi rwa Maiden Pharmaceuticals Limited (Haryana, India), yoherezwa cyane muri Afurika.

ibipimo by’ihanze byafashwe byagaragaje ko iyo mti irimo kimwe mu biyigize cya diethylene glycol na ethylene glycol, bigira ingaruka ku mpyiko z’umwana uyinyoye.

Nubwo iyo miti yagaragaye muri Gambia hari icyoba ko yaba yarageze no mu bindi bice bya Afurika binyuze mu masoko atemewe.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru