Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yanze kwemera agahenge katanzwe na Perezida Putin ko guhagarika intambara ngo hizihizwe Noheri ku bayoboke b’idini rya Orthodox.
Ku wa Gatatu nibwo Perezida Putin yategetse ko haba ihagarikwa ry’imirwano hose ku rugamba muri Ukraine. Ni nyuma Yuko abisabwe na Papa w’Idini rya Orthodox ko abatuye Ukraine bahabwa agahenge bakizihiza ivuka rya Yezu Kirisito imitima idahagaze.
Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yateye utwatsi icyo cyifuzo, avuga ko (…)
Abacanshuro b’Abarusiya bo mu itsinda rya Wagner binjiye byeruye mu rugamba rwo guhangana n’umutwe wa M23 mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Aba bacanshuro ubusanzwe barwana aho bahawe ifaranga ritubutse, bagaragaye bidegembya mu Mujyi wa Goma bari kumwe n’ingabo za FARDC.
Amakuru avuga ko aba basirikare ba Wagner Group ari impano idasanzwe Congo yahawe n’igihugu cy’Uburusiya gicuditse na Tshisekedi.
Usibye Wagner Group, Uburusiya buherutse guha indege z’intambara (…)
Abantu 9 baturuka mu muryango umwe biciwe mu gitero cya bombe cyari giteze mu modoka mu ntara ya Hiraan iri hagati mu gihugu muri Somalia.
Usibye ayo makuru yatanzwe n’uwabibonye, Umukuru w’igipolisi wungirije muri ako karere yabwiye Reuters ko hari n’abandi bantu 26 na bo bishwe.
Umutwe wa al-Shabab ni wo wigambye iki gitero.
Umukuru w’umugi wa Mahas avuga ko ibiro bye hamwe n’iby’ umwe mu badepite aribyo bya byari bigambiriwe.
Hagati aho, ikindi kibombe cya kabiri cyaturikiye mu (…)
Mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo abaturage bo mu bwoko bw’abatutsi baba muri Territoire ya Masisi bamaze igihe bibasirwa n’abacunga bariyeri z’umutekano ziri ku muhanda uva Kitchanga ujya Sake.
BBC Gahuzamiryango yanditse ko imaze iminsi ibona ubutumwa buvuga ko ubwo bugizi bwa nabi buri gukorerwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Umuryango w’Abatutsi bo muri Kivu y’Amajyaruguru uvuga ko izo bariyeri zimaze igihe zarongerewe, bakemeza ko iyo abaturage bahageze (…)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Inyeshyamba za M23 zemeje ko zigiye gutanga ikigo cya gisirikare cya Rumangabo.
Zizakagishyikiriza ingabo z’akarere ka Africa y’iburasirazuba zoherejwe mu Burasirazuba bwa DR Congo.
Itangazo ryasohowe n’umuvigizi w’uyu mutwe Lawrence Kanyuka, rivuga ko ibi bizakorwa mu “gushyira mu bikorwa imyanzuro y’inama nto ya Luanda” no gutanga umusanzu wabo “ku muhate w’akarere wo kubona amahoro muri RDC”.
Mu kwezi gushize, ubwo M23 yarekuraga agace ka Kibumba (…)
Umwe mu miryango ya sosiyete sivile muri DRC ukorera muri Ituri watangaje ko hadutse inyeshyamba ziyise Zaïre.
Abazigize bashinjwa kuba inyuma y’urupfu rw’abantu 64 bishwe mu mezi make ashize ndetse no gukorana na M23.
Kongo iheruka kwitwa Zaïre kuva mu 1971 kugeza 1997 iyoborwa na Mobutu Sese Seko Kuku Ngbendu Wa Za Banga, wahungiye muri Marroc akanahagwa. Uyu kandi yayoboye iki gihugu giize munsi no hejuru y’ubutaka kuva mu 1965 kugeza mu 1997.
Abenshi mu bo uriya mutwe mushya (…)
Ku wa Mbere hiriwe agahenge mu gace k’imirwano ka Masisi muri Kivu ya Ruguru, nyuma y’umwanya M23 ihanganye n’inyeshyamba zikorana n’ingabo za Leta ya Congo, FARDC.
Radio Okapi ivuga ko kuri uyu wa Mbere nta mirwano yabaye muri Rutshuru no muri Masisi (Nord-Kivu). Ku Cyumweru, inyeshyamba za M23 zahanganye n’imitwe y’inyeshyamba ikorana n’igisirikare cya Leta ya Congo, ahitwa Kiseguro ku muhanda Nyamilima-Ishasha.
Inyeshyamba za M23 zahise zifata kariya gace kari kuri Km 30 hafi y’agace (…)
Isabel Tshombe wari uhagarariye Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Bufaransa yahamagajwe n’igihugu cye kugira ngo agire ibyo abazwa.
Amb. Tshombe yahamagajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’igihugu cye nyuma yo gushijwa kurigisa Miliyoni € 2.5.
Si ibyo gusa kuko hari n’amakuru avuga ko yatwaye menshi kurusha avugwa, iperereza rikaba rigikomeje.
Jeune Afrique ivuga ko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi Christophe Lutundula ari we wohereje ibaruwa muri (…)
Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu ku mugabane w’Uburayi yasabye umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU/UE) guhagarika inkunga uha igisirikare cy’u Rwanda, igishinja gufasha umutwe wa M23.
Mu ibaruwa ifunguwe, iyo miryango yasabye EU kwamagana “ku mugaragaro kandi ikomeje” ubufatanye bwose n’imitwe yitwaje intwaro muri DR Congo, “by’umwihariko ubufasha u Rwanda ruha M23”.
U Rwanda ntacyo ruratangaza ku byasabwe n’iyi miryango.
Ibivugwa n’iyi miryango byiyongereye ku Bufaransa, (…)
Yanditswe na Habimana Bonaventure Akanama gashinzwe umutekano ku isi k’Umuryango w’Abibumbye ’ONU’ kafashe umwanzuro wo gukuraho kumenyesha komite ishinzwe ibihano ku muntu ugiye kugurisha cyangwa gufashisha intwaro DR Congo, n’uwo kongerera umwaka umwe ingabo za MONUSCO.
Ku bwiganze, abagize ako kanama batoye bashyigikira gukuraho uwo mwanzuro wemejwe mu myaka hafi 15 ishize utegeka kubanza kumenyesha komite ishinzwe ibihano “kohereza uko ariko kose kw’intwaro cyangwa ibisa nazo” (…)
57 bishwe n’imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Ituri
19 August 2022Minisitiri muri Congo yasabiye FDLR ibiganiro n’u Rwanda
13 January 2023
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























