Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

Abacanshuro b'Abarusiya ,mu rugamba rwo guhashya M23
Abacanshuro b’Abarusiya ,mu rugamba rwo guhashya M23

Abacanshuro b’Abarusiya bo mu itsinda rya Wagner binjiye byeruye mu rugamba rwo guhangana n’umutwe wa M23 mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Aba bacanshuro ubusanzwe barwana aho bahawe ifaranga ritubutse, bagaragaye bidegembya mu Mujyi wa Goma bari kumwe n’ingabo za FARDC.
Amakuru avuga ko aba basirikare ba Wagner Group ari impano idasanzwe Congo yahawe n’igihugu cy’Uburusiya gicuditse na Tshisekedi.
Usibye Wagner Group, Uburusiya buherutse guha indege z’intambara (…)

424 Shares 4 Comments
Somalia: Umuryango w'abantu icyenda wiciwe mu gitero cy'ubwiyahuzi
Somalia: Umuryango w’abantu icyenda wiciwe mu gitero cy’ubwiyahuzi

Abantu 9 baturuka mu muryango umwe biciwe mu gitero cya bombe cyari giteze mu modoka mu ntara ya Hiraan iri hagati mu gihugu muri Somalia.
Usibye ayo makuru yatanzwe n’uwabibonye, Umukuru w’igipolisi wungirije muri ako karere yabwiye Reuters ko hari n’abandi bantu 26 na bo bishwe.
Umutwe wa al-Shabab ni wo wigambye iki gitero.
Umukuru w’umugi wa Mahas avuga ko ibiro bye hamwe n’iby’ umwe mu badepite aribyo bya byari bigambiriwe.
Hagati aho, ikindi kibombe cya kabiri cyaturikiye mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abatutsi bo muri Masisi barinubira kwibasirwa kuri za bariyeri
Abatutsi bo muri Masisi barinubira kwibasirwa kuri za bariyeri

Mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo abaturage bo mu bwoko bw’abatutsi baba muri Territoire ya Masisi bamaze igihe bibasirwa n’abacunga bariyeri z’umutekano ziri ku muhanda uva Kitchanga ujya Sake.
BBC Gahuzamiryango yanditse ko imaze iminsi ibona ubutumwa buvuga ko ubwo bugizi bwa nabi buri gukorerwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Umuryango w’Abatutsi bo muri Kivu y’Amajyaruguru uvuga ko izo bariyeri zimaze igihe zarongerewe, bakemeza ko iyo abaturage bahageze (…)

424 Shares 4 Comments
M23 yemeye kurekura ikigo cya Gisirikare cya Rumangabo
M23 yemeye kurekura ikigo cya Gisirikare cya Rumangabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Inyeshyamba za M23 zemeje ko zigiye gutanga ikigo cya gisirikare cya Rumangabo.
Zizakagishyikiriza ingabo z’akarere ka Africa y’iburasirazuba zoherejwe mu Burasirazuba bwa DR Congo.
Itangazo ryasohowe n’umuvigizi w’uyu mutwe Lawrence Kanyuka, rivuga ko ibi bizakorwa mu “gushyira mu bikorwa imyanzuro y’inama nto ya Luanda” no gutanga umusanzu wabo “ku muhate w’akarere wo kubona amahoro muri RDC”.
Mu kwezi gushize, ubwo M23 yarekuraga agace ka Kibumba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
DRC: Havutse Umutwe w'Inyeshyamba ufitanye isano na M23
DRC: Havutse Umutwe w’Inyeshyamba ufitanye isano na M23

Umwe mu miryango ya sosiyete sivile muri DRC ukorera muri Ituri watangaje ko hadutse inyeshyamba ziyise Zaïre.
Abazigize bashinjwa kuba inyuma y’urupfu rw’abantu 64 bishwe mu mezi make ashize ndetse no gukorana na M23.
Kongo iheruka kwitwa Zaïre kuva mu 1971 kugeza 1997 iyoborwa na Mobutu Sese Seko Kuku Ngbendu Wa Za Banga, wahungiye muri Marroc akanahagwa. Uyu kandi yayoboye iki gihugu giize munsi no hejuru y’ubutaka kuva mu 1965 kugeza mu 1997.
Abenshi mu bo uriya mutwe mushya (…)

424 Shares 4 Comments
M23 yamenesheje Mai-Mai na FDLR mu gace ka Kiseguro
M23 yamenesheje Mai-Mai na FDLR mu gace ka Kiseguro

Ku wa Mbere hiriwe agahenge mu gace k’imirwano ka Masisi muri Kivu ya Ruguru, nyuma y’umwanya M23 ihanganye n’inyeshyamba zikorana n’ingabo za Leta ya Congo, FARDC.
Radio Okapi ivuga ko kuri uyu wa Mbere nta mirwano yabaye muri Rutshuru no muri Masisi (Nord-Kivu). Ku Cyumweru, inyeshyamba za M23 zahanganye n’imitwe y’inyeshyamba ikorana n’igisirikare cya Leta ya Congo, ahitwa Kiseguro ku muhanda Nyamilima-Ishasha.
Inyeshyamba za M23 zahise zifata kariya gace kari kuri Km 30 hafi y’agace (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ambasaderi wa DRC mu Bufaransa yahamagajwe
Ambasaderi wa DRC mu Bufaransa yahamagajwe

Isabel Tshombe wari uhagarariye Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Bufaransa yahamagajwe n’igihugu cye kugira ngo agire ibyo abazwa.
Amb. Tshombe yahamagajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’igihugu cye nyuma yo gushijwa kurigisa Miliyoni € 2.5.
Si ibyo gusa kuko hari n’amakuru avuga ko yatwaye menshi kurusha avugwa, iperereza rikaba rigikomeje.
Jeune Afrique ivuga ko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi Christophe Lutundula ari we wohereje ibaruwa muri (…)

424 Shares 4 Comments
Imiryango y'Iburayi yasabye guhagarika inkunga ku gisirikare cy'u Rwanda
Imiryango y’Iburayi yasabye guhagarika inkunga ku gisirikare cy’u Rwanda

Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu ku mugabane w’Uburayi yasabye umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU/UE) guhagarika inkunga uha igisirikare cy’u Rwanda, igishinja gufasha umutwe wa M23.
Mu ibaruwa ifunguwe, iyo miryango yasabye EU kwamagana “ku mugaragaro kandi ikomeje” ubufatanye bwose n’imitwe yitwaje intwaro muri DR Congo, “by’umwihariko ubufasha u Rwanda ruha M23”.
U Rwanda ntacyo ruratangaza ku byasabwe n’iyi miryango.
Ibivugwa n’iyi miryango byiyongereye ku Bufaransa, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Imyanzuro ya ONU kuri DRC ku bihano byo kudahabwa intwaro
Imyanzuro ya ONU kuri DRC ku bihano byo kudahabwa intwaro

Yanditswe na Habimana Bonaventure Akanama gashinzwe umutekano ku isi k’Umuryango w’Abibumbye ’ONU’ kafashe umwanzuro wo gukuraho kumenyesha komite ishinzwe ibihano ku muntu ugiye kugurisha cyangwa gufashisha intwaro DR Congo, n’uwo kongerera umwaka umwe ingabo za MONUSCO.
Ku bwiganze, abagize ako kanama batoye bashyigikira gukuraho uwo mwanzuro wemejwe mu myaka hafi 15 ishize utegeka kubanza kumenyesha komite ishinzwe ibihano “kohereza uko ariko kose kw’intwaro cyangwa ibisa nazo” (…)

424 Shares 4 Comments
Intumwa Z'u Burundi Zaje Gusaba benewabo Gutahuka
Intumwa Z’u Burundi Zaje Gusaba benewabo Gutahuka

Muri iki gitondo ku Mupaka wa Nemba mu karere ka Bugesera u Rwanda rwakiriye ba Guverineri b’Intara za Kirundo, Kayanza na Bururi baje gusaba Abarundi benewabo bahungiye mu Rwanda gutahura.
Bakiriwe na bagenzi babo bayobora Intara y’Amajyepfo n’iy’Uburasirazuba kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Ukuboza 2022.
Ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye buri gukora uko bushoboye ngo umubano uri hagati y’u Rwanda n’Uburundi wongere ube mwiza nk’uko byahoze mbere y’umwaka wa 2015 ubwo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru