Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Ishyaka ryacu rishyize imbere imibereho myiza y'Abaturage, Senateri Dr Frank Habineza

Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)

Intumwa Z'u Burundi Zaje Gusaba benewabo Gutahuka
Intumwa Z’u Burundi Zaje Gusaba benewabo Gutahuka

Muri iki gitondo ku Mupaka wa Nemba mu karere ka Bugesera u Rwanda rwakiriye ba Guverineri b’Intara za Kirundo, Kayanza na Bururi baje gusaba Abarundi benewabo bahungiye mu Rwanda gutahura.
Bakiriwe na bagenzi babo bayobora Intara y’Amajyepfo n’iy’Uburasirazuba kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Ukuboza 2022.
Ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye buri gukora uko bushoboye ngo umubano uri hagati y’u Rwanda n’Uburundi wongere ube mwiza nk’uko byahoze mbere y’umwaka wa 2015 ubwo (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Tshisekedi yashyizeho icyunamo cy'iminsi 3 gihugu hose
Perezida Tshisekedi yashyizeho icyunamo cy’iminsi 3 gihugu hose

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi Chilombo yashyizehi icyunamo cy’iminsi itatu mu gihugu hose nyuma y’impanuka yahitanye abagera ku 120.
Minisitiri w’Intebe wa RDC yatangaje iki cyunamo guhera kuri uyu wa Gatatu mu gihugu cyose cyo guha icyubahiro abantu basaga 120 bishwe n’imyuzure n’inkangu, nyuma y’imvura idasanzwe yibasiye Umurwa Mukuru Kinshasa.
Iyi mvura ikomeye yaguye kuva mu ijoro ryo ku wa Mbere, igeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 13 (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyuma yo kweguzwa Perezida Peru yasabye ubuhungiro
Nyuma yo kweguzwa Perezida Peru yasabye ubuhungiro

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Mexique yatangiye ibiganiro n’inzego z’ubuyobozi bwa Peru ku birebena n’ubusabe bw’uwahoze ari Perezida wa Peru, Pedro Castillo ushaka ubuhungiro nyuma yo kweguzwa.
Ambasaderi wa Mexique muri Peru yabonanya na Castillo aho afungiye nk’uko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Marcelo Ebrand yabitangaje.
Castillo yatawe muri yombi nyuma yo kugerageza gusesa Inteko Ishinga Amategeko ku wa Gatatu w’iki cyumweru.
Ebrard yagaragaje inyandiko y’ubusabwe bwa (…)

424 Shares 4 Comments
Abarundi baba mu nkambi za Tanzania banze gutahuka
Abarundi baba mu nkambi za Tanzania banze gutahuka

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abarundi baba mu nkami z’impunzi za Nduta na Nyarugusu muri Tanzania basanga leta yabo ikwiye kubanza gukemura ibibazo byatumye bahunga mbere yo kubahamagarira guhunguka.
Ibyo babivuze nyuma y’uruzinduko rw’abantu 10 bari impunzi mu bihugu bitandukanye basuye izo nkambi 2 mu cyumweru gishize. Leta y’Uburundi yohereje izo mpunzi kugirango zihamagarire izindi mpunzi zahungiye mu gihugu cya Tanzania gutaha mu gihugu cyababyaye.
Gusa amakuru dukesha Ijwi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
DRC: Uwari umujyanama wa Perezida yasabiwe gufungwa imyaka itatu
DRC: Uwari umujyanama wa Perezida yasabiwe gufungwa imyaka itatu

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ubushinjacyaha bwasabiye Vidiye Tshimanga wahoze ari umujyanama wa Perezida Félix Antoine Tshisekedi , imyaka itatu y’igifungo n’imirimo y’agahato kubera ibyaha ashinjwa bya ruswa.
Muri Nzeri 2022 nibwo ku mbuga nkoranyambaga hashyizwe hanze amashusho ya Vidiye Tshimanga, amugaragaza ari kuganira n’abashoramari abasaba amafaranga kugira ngo abafashe.
Muri ayo mashusho yafatiwe i Londres mu Bwongereza, hari aho uyu mugabo abwira abo bashoramari, ko (…)

424 Shares 4 Comments
BBC irenda guhagarika ibitangazamakuru byayo
BBC irenda guhagarika ibitangazamakuru byayo

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
BBC, Ikigo cy’Itangazamakuru cy’Abongereza, cyatangaje ki giteganya gufunga burundu televiziyo na radiyo zayo zose ikimurira ibikorwa byazo kuri internet.
Gahunda igomba kuba yashyizwe mu bikorwa mu myaka icumi iri imbere.
Umuyobozi Mukuru wa BBC, Tim Davie, yatangaje ko Isi ikomeje kugendera kuri internet ariyo mpamvu kuba televiziyo na radiyo zizavaho ari ibintu bikwiriye kwitegwa kandi abantu bagatangira gutegura uko bazakora izo mpinduka.
Davie (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
USA: Aba-Democrates bahigitse abakeba
USA: Aba-Democrates bahigitse abakeba

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ishyaka ry’Aba-Democrates muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryahigitse Aba-Republicains mu bijyanye n’ubwiganze muri Sena n’abasenateri 51 kuri 49.
Aba-Democrates babashije guhigika Aba-Republicains nyuma y’itsinzi ya Raphael Warnock watorewe kwinjira muri Sena nyuma yo gutsinda Herschel Walker, Umu- Republicain bari bahanganye mu matora yo muri Leta ya Georgia.
Nyuma yo kwegukana intsinzi, Raphael Warnock yavuze ko azaharanira guhagararira neza abamutoye (…)

424 Shares 4 Comments
M23 yavuye ku izima
M23 yavuye ku izima

Nyuma yo kugaragaza ko utandukanye n’indi mitwe y’inyeshyamba, haba mu bushobozi n’intego mu mitwe ikorera mu mashyamba yo mu Burasirazuba bwa Congo, M23 yatagaje ko igiye gusubira inyuma ndetse igasubiza Leta tumwe mu duce yari yarafashe.
Ubuyobozi bwa M23 bwaraye butangaje ko uyu mutwe ugiye guhagarika intambara ukava no mu bice wigaruriye. Icyakora uracyasaba ibiganiro n’Umuhuza mu bibazo bya DRC.
Si ubwa mbere usabye ibi biganiro ntibyemererwe ndetse ntiyanabonetse mu bimaze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ethiopia irashinjywa kwica bunyamanswa abanya-Tigray 88
Ethiopia irashinjywa kwica bunyamanswa abanya-Tigray 88

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Raporo yasohotse tariki ya 5 Ukuboza 2022, ivuga ko abasirikare n’abenegihugu ba Ethiopia bishe bunyamanswa imfungwa 88 z’Abanya-Tigray mu nkambi yo mu Majyepfo y’igihugu.
Iyo raporo ivuga ko bwabaye ubwicanyi buteye isoni, bwakorewe abasirikare bafatiwe ku rugamba kuva iyi ntambara yo muri Tigray itangiye kugeza ubu hakaba hashize imyaka 2.
Washington Post, yavuze ko ubwo bwicanyi bwabaye kuri 21 Ugushyingo 2021, mu nkambi ya gisirikare, iyo nkambi yari (…)

424 Shares 4 Comments
Amerika yasabye u Rwanda guhagarika inkunga kuri M23 narwo rurasubiza
Amerika yasabye u Rwanda guhagarika inkunga kuri M23 narwo rurasubiza

Mu gihe hari ibiganiro bikomeje guhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku bibazo bafitanye, Perezida Tshisekedi ntarahwema gushinja u Rwanda gufasha M23.
Kuri uyu wa Mbere, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Antony Blinken yeguye Telefone ahamagara i Kigali, avugana na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame.
Ni ikiganiro kirimo no gushishikariza u Rwanda “guhagarika ubufasha kuri M23”.
Gusa yabanje kumushimira inzira y’ibiganiro impande zombi zagize bya Nairobi, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru