Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)
Yanditswe na Nimugire Fidelia
Koreya ya ruguru yavuze ko yarashe ibisasu bya rutura birenga 130 mu Nyanja ku nkombe z’Iburasirazuba n’Iburengerazuba, kuri uyu mwa mbere , ibi byabaye nyuma ngo yo kubona imyitozo ya gisirikare hakurya y’umupaka mu Majyepfo.
Bimwe mu bisasu byaguye hafi y’umupaka w’inyanja, mu byo Seoul yavuze ko ari ukurenga ku masezerano hagati ya Koreya zombie yo mu 2018 agamije kugabanya amakimbirane.
Minisiteri y’ingabo mu itangazo ryayo yatangaje ko igisirikare cya (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, uhabwa amahirwe yo kumusimbura ku butegetsi, yavuze ko atigeze agira igitekerezo cyo kuba Perezida, gusa asaba ababimusaba kubimwumvisha.
Gen Muhoozi Kainerugaba akunze gukoresha Twitter agaragaza ibyo atekereza, yavuze ko hari icyemezo gikomeye azatangaza kandi ko atazakivugira kuri Twitter.
Yagize ati “Abantu bamwe bakomeza kuvuga ko nshaka kuzaba Perezida? Ntabeshye ibyo ntibyigeze bimba mu bwonko. Ndi umuyobozi (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Captain Ibrahim Traore, Pereziada w’inzibacyuho wa Brukina Faso, yatangaje ko ku cyumweru gishize hari abasirikare bagerageje guhirika ubutegetsi bwe, avuga ko atazabata muri yombi ahubwo azagirana nabo ibiganiro.
Mu cyumweru gishize nibwo ku mbuga nkoranyambaga hadutse ibyo guhirika bw’izibacyuho muri Brukina Faso. Ku cyumweru no kuwa mbere nijoro, haba imyigaragambyo y’abashyigikiye Capt. Traore bamagana uko guhirika ubutegetsi.
Bwiza dukesha iyi nkuru (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abarwanyi bo mu mutwe wa TPLF mu ntara ya Tigray muri Ethiopia bemeye gushyikiriza intwaro zabo nini leta, nyuma y’ibiganiro abayobozi bawo bagiranye n’abayobozi bakuru mu ngabo za leta.
Ni igikorwa biyemeje gukora kuri uyu wa Gatandatu, tariki 3 Ukuboza 2022, bazashyikiriza imbunda zabo nini leta ya Ethiopia.
Mu itangazo ry’Ambasaderi wa Ethipia muri Kenya, Bacha Debele yavuze ko izi ntwaro barazishyikiriza leta nyuma y’uko batazitangiye igihe nk’uko (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umujyanama wihariye w’Abibumbye(UN) muri gahunda yo kurwanya jenoside, yagaragaje ko imitwe yitwaje intwaro ikorera mu Burasirazuba bwa Congo, yashinzwe bitewe na FDRL igizwe n’abakomoka mu Rwnda.
Umujyanama, Alice Wairimu Nderitu, yabigaragarije mu itangazo yaashyize hanze kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2022, ryamagana by’umwihariko imirwano ikomeje mu Burasirazuba bwa Congo.
Alice yakomeje avuga ko ahangayikishijwe cyane n’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abarwanyi b’umutwe wa M23 bigaruriye agace ka Kishishe gaherereye muri Bambo muri teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Aka gace kari kamaze igihe karimo ibirindiro by’umutwe wa Mai Mai na FDLR. Bivugwa ko M23 yakigaruriye nyuma y’imirwano ikomeye yasize abarwanyi b’iyo mitwe bakuwe mu birindiro.
Mu minsi ishize, M23 yari yavuye muri ako gace ka Kishishe nyuma y’imirwano ikomeye yari yashojwe n’imitwe yitwaje intwaro yihurije hamwe, gusa (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Leta ya Nigeria yatangaje gahunda igamije guteza imbere kwigisha abanyeshuri bo mu mashuri abanza mu ndimi zo muri Nigeria aho kubigisha mu Cyongereza.
Minisitiri w’uburezi wa Nigeria Mallam Adamu Adamu, ku wa gatatu yabwiye abanyamakuru ko iyi gahunda nshya izwi nka ’National Language Policy’ yemejwe ngo ishyirwe mu bikorwa.
Bijyanye n’iyi gahunda, kwigisha mu myaka itandatu ya mbere yo mu mashuri abanza bizajya bikorwa mu rurimi kavukire. Icyongereza (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abana 11 bo mu mihanda ya Kinshasa bazwi nka "Shegués" batwikishijwe lisansi, ubu barimo kwitabwaho n’abaganga, bavurwa ibikomere.
Byabaye mu rukerera rwo ku wa 30 Ugushyingo 2022, aho bikekwa ko byagizwemo uruhare n’itsinda ry’abana bahanganye.
Ni abana bivugwa ko bararaga kuri stade ya Bandalungwa.
Burugumesitiri w’ako gace, Baylon Gaibene, yabwiye Radio Okapi ko “ahagana saa kumi n’imwe z’urukerera, abana batabana n’imiryango yabo barara hanze, buriye (…)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Umuhuza w’u Rwanda na Congo ku kibazo cy’umutekano muke umaze iminsi hagati y’ibihugu byombi, Wahoze ari Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, yatangaje ko imitwe y’inyeshyamba iri mu Burasirazuba bwa Congo yemeye gushyira intwaro hasi.
Yabitangaje ku nshuro ya gatatu ubwo hongeraga kuba ibiganiro bihuje abafitanye ikibazo ku mutekano muke uri muri Congo, mu biganiro byabereye i Nairobi muri Kenya.
Yavuze ko abemeye gushyira intwaro hasi ari imitwe yose iri (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Leta ya Congo yasabye MONUSCO gushyira mu bikorwa imyanzuro yafatiwe umutwe witwaje intwaro ku ya 23 Ugushyingo.
Mu itangazo Umuvugizi wa MONUSCO yageneye itangazamakuru ku wa 28 Ugushyingo 2022, yavuze ko ubu butumwa bwashyigiye imyanzuro y’uko abarwanyi ba M23, bagomba guhagarika imirwango kandi bagasubira mu birindiro bahozemo mbere.
Iyi myanzuro yafashwe n’abakuru b’ibihugu byo mu karere k’ibiyaga bigari I Luanda muriAngola, ivuga ko mu gihe abarwanyi (…)
Mushikiwabo nk’umukandida uzahagarira u Rwanda ku buyobozi bwa OIF
13 January 2026, by Valens NzabonimanaGasabo na Nyarugenge babonye ababahagariye bashya muri Green Party
14 December 2025, by Valens NzabonimanaUganda hari ibitaro bikorera munsi y’igiti
13 July 2022
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























