Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

Umuryango wa Tshisekedi wahakanye ibyo kubagwa k'umutima we
Umuryango wa Tshisekedi wahakanye ibyo kubagwa k’umutima we

Umuryango wa Perezida wa Felix Tshisekedi, wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, wahakanye wivuye inyuma ibyavugwaga ko umukuru w’igihugu yabazwe umutima kubera ikibazo cy’uburwayi bwawo.
Ni amakuru amaze iminsi acicikana mu bitangazamakuru bimwe ku isi, ko Perezida Tshisekedi yajyanywe kubagwa umutima kandi igikirwa kirimo kugenda neza.
Gusa nta makuru yihariye yigeze ava mu biro by’Umukuru w’igihugu avuga kuri ubwo burwayi.
Ibyo bihuha byatangiye gushyirwa hanze n’imbuga (…)

424 Shares 4 Comments
Congo DRC: Abasivile 20 biciwe mu rusengero
Congo DRC: Abasivile 20 biciwe mu rusengero

Abantu 20 biciwe mu rusengero ruherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aho bari bakambitse bahunga intamba zo mu gace bari batuyemo.
Aba baturage biswe bari barahungiye mu rusengero nyuma yuko bakuwe mu byabo n’intambara zitandukanye zisa n’izananiranye gushira mu Burasirazuba bw’icyo gihugu.
Abayobozi b’inzego z’ibanze n’ab’urusengero ruri mu Ntara ya Ituri aho byabereye bavuze ko aba basivili biciwe mu gace ka Kilo.
Umwe mu bayobozi muri Kiliziya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ikizere cyo guhagarika intambara kuri Ukraine cyayoyotse
Ikizere cyo guhagarika intambara kuri Ukraine cyayoyotse

Ikiciro cya mbere cy’ibiganiro hagati ya ba minisitiri b’Ububanyi n’amahanga, uwa Ukraine n’Uburusiya ntacyo byagezeho ku bijanye no guhagarika intambara, nk’uko UKraine yabyitangarije.
Inyuma y’ibyo biganiro byabereye muri Turkia, Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Ukraine Dmytro Kuleba, yavuze ko ibyasabwe na mugenzi we w’Uburusiya Sergei Lavrov ari nko gusaba ko bamanika amaboko.
Hagati aho Lavrov yigambye ko igitero cya gisirikare igihugu cye cyagabye kirimo kiragenda uko cyateguwe. (…)

424 Shares 4 Comments
Abirabura bari kuvangurwa mu burizwa imodoka bahunga intambara ya Ukraine
Abirabura bari kuvangurwa mu burizwa imodoka bahunga intambara ya Ukraine

Mu gihe abatuye muri Ukraine baba abenegihugu n’abanyamahanga bakoreragayo cyangwa abahatuye, bbari gukiza amagara bahunga intambara icyo gihugu cyagabweho n’Uburusiya nyuma yo kucyangira kwinjira mu muryango w’Ubutabazi wa NATO. Abafite uruhu rwirabura bari gutangaza ko barimo gukorerwa irondaruhu, bangirwa kwinjira muri gale ya moshi zitwara abambukiranya imipaka ya Ukraine bahungira mu bihugu bitandukanye bituranye nayo.
Ibi ngo birimo kuba cyane ku rubyiruko rw’abanyeshuri b’abirabura (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Hari Abanyarwanda 15 badafite uko bahunga intambara ya Ukraine baheze mu gihugu
Hari Abanyarwanda 15 badafite uko bahunga intambara ya Ukraine baheze mu gihugu

Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Mukularinda Allain, yatangaje ko nubwo igihugu kirimo gukora ibishoboka byose ngo Abanyarwanda bari batuye cyangwa bakoreraga muri Ukraine babone uko bahunga intambara icyo gihugu cyagabweho n’Uburusiya, ariko hari abagera kuri 15 baheze hagati mu gihugu, mu nice birimo kuberamo imirwano ikomeye, bigatuma batabona uko bahumgira mu bihugu bituranyi aho abandi bari kwerekeza bakiza amagara yabo.
Yatangarije Radio y’igihugu ko mu byatumye abo 15 (…)

424 Shares 4 Comments
U Rwanda rurimo gufasha Abanyarwanda bari muri Ukraine kubona aho bahungira intambara
U Rwanda rurimo gufasha Abanyarwanda bari muri Ukraine kubona aho bahungira intambara

Mu gihe n’ibindi bihugu birimo gufasha vuba na bwangu abaturage babyo batuye cyangwa bakorera muri Ukraine, n’u Rwanda rwatangaje ko rutatereye agati mu ryinyo, ahubwo kugeza ubu barimo gufasha Abanyarwanda bariyo kubona aho bahungira intambara ya Ukraine n’Uburusiya.
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hari Abanyarwanda 85 batuye muri Ukraine imaze iminsi iri mu Ntambara karundura n’u Burusiya, aho abagera kuri 18 bamaze gufashwa guhungira muri Pologne, mu gihe abasigayeyo bagera kuri 67 (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Uburusiya bugeze mu mujyi wa Kharkiv, umujyi wa kabiri mu gihugu
Uburusiya bugeze mu mujyi wa Kharkiv, umujyi wa kabiri mu gihugu

Mu mugambi wo gushaka gupfukamisha no kubuza uburenganzira n’ubusugire igihugu gituranyi cya Ukraine, Ingabo z’Uburusiya zinjiye mu mujyi wa Kharkiv, ukaba uwa kabiri munini mu gihugu nyuma y’Umurwa Mukuru Kiev.
Ni intambara ikomeye Uburusiya bwashoje kuri Ukraine nyuma yuko ishatse kujya mu Muryango w’Ubutabazi wa OTAN, bwanga ko ingabo zawo zagira ibirindiro hafi n’Uburusiya.
Kuri uyu wa Gatandatu, Umuyobozi w’umujyi wa Kharkiv, Oleg Sinegubov, yemeje ko ubu harimo kubera imirwano (…)

424 Shares 4 Comments
Putin yakojeje agati mu ntozi, Bombe za mbere yazituye i Kiev
Putin yakojeje agati mu ntozi, Bombe za mbere yazituye i Kiev

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangije ku mugaragaro ibitero kuri Ukraine, aha gasopo amahanga ko igihugu kizagerageza kwitambika umugambi we kiza guhura “n’ingaruka kitigeze kibona na rimwe”.
Ibitero by’u Burusiya byeruye byumvikanye ku isaha ya saa kumi n’imwe ku masaha yo mu Rwanda mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane. Hari nyuma Gato y’ijambo Perezida Putin yatangarije kuri Televiziyo y’Igihugu cye avuga ko gitangiye intambara kuri Ukraine mu guharanira uburenganzira bwacyo. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ubudage n'Ubwongereza byafatiye ibihano Uburusiya
Ubudage n’Ubwongereza byafatiye ibihano Uburusiya

Nyuma yuko bigaragariye amahanga ko Uburusiya buhagaze ku mugambi wabwo, wo kwangira Ukraine kwishyira ikizana ikinjira mu muryango wo gutabarana mu Burayi wa OTAN cyangwa se NATO, Ubudage n’Ubwongereza byahise bishyiraho ibihano ku Burusiya.
Mu masaha make ashize Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yaraye avuze ijambo ryatumye ibihugu byinshi bihita bisaba ko haterana inama yihutirwa y’akanama ka ONU gashinzwe umutekano ku isi.
Mu jambo yagejeje ku gihugu igikomeye cyane Putin yavuzemo (…)

424 Shares 4 Comments
Pasiporo zitari iz'Ikoranabuhanga zigiye guta agaciro
Pasiporo zitari iz’Ikoranabuhanga zigiye guta agaciro

Urwego rw’igihugu rushinzwe abinjira n’abasohoka rwatangaje ko impapuro z’inzira zakozwe mbere y’italiki ya 27, Kamena, 2019 zigiye gukurwaho, abazifite bakaba basabwa gushaka izigezweho zikoresha ikoranabuhanga zitwa "e-passports".
Uru rwego rwavuze ko izo pasiporo zizaba zitacyemewe gukoreshwa mu Rwanda guhera taliki 28, Kamena, 2022.
Itangazo ryagize riti: “Turashishikariza abantu bafite impapuro z’inzira zakozwe taliki 27, Kamena, 2019 ko bagomba kuba bashatse izindi zigezweho kuko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru