Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

Ethiopia yategetse igisirikare kutinjira imbere muri Tigray nyuma yo guhashya umutwe wa TPLF
Ethiopia yategetse igisirikare kutinjira imbere muri Tigray nyuma yo guhashya umutwe wa TPLF

Guverinoma ya Ethiopia yatangaje ko yahaye itegeko igisirikare cyayo ryo kutinjira imbere mu Ntara ya Tigray bamaze iminsi bahanganye n’ingabo z’Ishyaka ryabigumuyeho, TPLF, mu rwego rwo kurinda ko habahi kwihorera cyangwa kurengera.
Mu minsi ishize Ingabo za Ethiopia n’inshuti zabo barangajwe imbere na Minisitiri w’Intebe, Dr. Abiy Ahmed, basubije inyuma ingabo z’ishyaka TPLF wigometse ku butegetsi, banigarurira imigi myinshi izo ngabo zari zarabohoje, mu bice bya Amhara na Afar, zisubira (…)

424 Shares 4 Comments
Umuhungu wa Kadhafi yakuwe mu bahirimbaniraga kuyobora Libya
Umuhungu wa Kadhafi yakuwe mu bahirimbaniraga kuyobora Libya

Mutungirehe Samuel
Saif al-Islam Kadhafi, Umuhungu w’uwahoze ari perezida wa Libya Col Muammar Kadhafi cyangwa Gaddafi, yakuwe ku rutonde rw’abashaka kuba abakandida mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe tariki 24 Ukuboza 2021.
Komisiyo y’amatora ya Libya yangiye abakandida benshi kuri uyu mwanya barimo Saif al-Islam Kadhafi, ivuga "impamvu z’amategeko", nk’uko ibinyamakuru byaho bibivuga.
Kadhafi yari yateje impaka nyuma y’uko atangaje ko azahatanira kuba perezida.
Arashakishwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ubuhinde bwijeje umusanzu muri gahunda yo gukorera inkingo mu Rwanda
Ubuhinde bwijeje umusanzu muri gahunda yo gukorera inkingo mu Rwanda

Mu ruzinduko arimo mu Rwanda, Minisitiri wungurije w’Ububanyi n’Amahanga w’u Buhinde, Shri V. Muraleedharan, yijeje ko igihugu cye kizafasha u Rwanda muri gahunda rwihaye yo gukorera inkingo imbere mu gihugu mu rwego rwo gukomeza gutsura umubano hagati y’ibihugu byombi.
Yabitangaje mu biganiro byabereye mu muhezo na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr. Biruta Vincent, kuri uyu wa Mbere, bigamije kurebera hamwe uko iki gihugu cyafasha u Rwanda muri gahunda rwihaye yo gutangira (…)

424 Shares 4 Comments
Burkina Faso: Igitero cy'intagondwa cyahitanye Abajandarumwe 19
Burkina Faso: Igitero cy’intagondwa cyahitanye Abajandarumwe 19

Mutungirehe Samuel
Abakekwaho kuba intagondwa z’abajihadiste bishe abajandarume bagera kuri 19 hamwe n’umusivile umwe mu gitero bakoze mu gatondo cya kare kuri iki Cyumweru mu Burengerazuba bwa Burkina Faso.
Umukuru w’ibiro bikuru bya gisirikare yavuze ko iki gitero cyakorewe abajandarume bo ku birindiro by’giporisi by’ahitwa Inata, mu gihe Minisitiri w’mutekano, Maxime Kone, we yavuze ko bamwe mu barokotse bamenyekanye aho bari, abandi bagishakishwa.
Ibitero by’abajihadiste hamwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
EU yatangije amahugurwa y'imyaka ibiri agenewe igisirikare cya Mozambique
EU yatangije amahugurwa y’imyaka ibiri agenewe igisirikare cya Mozambique

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi watangije gahunda y’imyaka ibiri yo gutanga imyitozo ku Gisirikare cya Mozambique izakigeza ku rwego rwo kurwanya umutwe w’iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado iherereye mu Majyaruguru y’iki gihugu.
Amakuru dukesha The New Times avuga ko iyi myitozo yatangijwe ku wa Gatatu, tariki ya 3 Ugushyingo 2021. Izahabwa ibyiciro 11 mu mutwe wihariye w’ingabo za Mozambique binahabwe ibikoresho mu myaka ibiri.
Ambasaderi w’Ubumwe bw’Ibihugu by’u Burayi muri Mozambique, (…)

424 Shares 4 Comments
Eswatini: Abanyeshuri bafungiwe amashuri nyuma yuko basabye ko bigira ubuntu
Eswatini: Abanyeshuri bafungiwe amashuri nyuma yuko basabye ko bigira ubuntu

Mutungirehe Samuel
Igihugu cya Eswatini kiyobowe n’Umwami Mswati III, cyafashwe umwanzuro wo gufunga by’agateganyo amashuri nyuma yuko abanyeshuri bakomeje kwirara mu mihanda bigaragambya basaba impinduka muri politiki y’iki gihugu zirimo nuko uburezi bwaba ubuntu nk’uko bumva n’ahandi bikorwa.
Eswatini ni igihugu giherereye imbere muri Afurika y’Epfo mu Majyepfo, kugeza ubu ari nacyo gitegetswe mu buryo bwa Cyami bwuzuye ku mugabane w’Afurika.
Iki cyemezo cyo gufunga amshuri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rurangwa Oswald wahamijwe uruhare muri Jenoside aragezwa mu Rwanda
Rurangwa Oswald wahamijwe uruhare muri Jenoside aragezwa mu Rwanda

Rurangwa Oswald Uzwi nka Rukemuye, wahamijwe ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi n’Urukiko Gacaca rwo mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo, aragezwa mu Rwanda kuri uyu wa Kane tariki ya 7 Ukwakira 2021 nyuma yo kwirukanwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Itangazo ryasohowe n’Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda kuri uyu wa Kane Tariki 7/10/2021, rivuga ko Rurangwa Oswald yavutse mu 1962, avukira mu cyahoze ari Serire Gasharu, Segiteri Gisozi ubu ni mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa (…)

424 Shares 4 Comments
Burundi: Abayobozi bavugwaho ubushurashuzi batangiye kwirukanwa
Burundi: Abayobozi bavugwaho ubushurashuzi batangiye kwirukanwa

Raoul Nshungu
Hashize iminsi Leta y’Uburundi isabye abarimo ba Guverineri b’intara gukora urutonde rw’abayobozi bavuwaho, ubushurashuzi cyangwa ababana mu buryo butemewe n’amategeko ubundi bagakurwa mu mirimo yabo kuko ibyo bitandukanye n’indangagaciro z’umuyobozi.
Mu itangazo ryo ku wa 20 Nzeli 2021 ryashyizwe ho umukono na Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu n’amajyambere rusange Gervais Ndirakobuca rivuga umuyobozi ufite imyitwarire nk’iyo agomba kwirukanwa nta yindi nteguza (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Duterte uzirana n'abanywa ibiyobyabwenge yivanye muri politiki
Perezida Duterte uzirana n’abanywa ibiyobyabwenge yivanye muri politiki

Perezida wa Philippine, Rodrigo Duterte, yatangaje ko ibyo guhatanira kuzaba Visi-Pereida abivuyemo, ndetse asezera ku muri politiki y’iki gihugu.
Uyu mugabo w’imyaka 76 ufatwa nk’umunyagitugu ku butegetsi bwe akaba anazirana cyane n’abakoresha ibiyobyabwenge, yatunguranye afata iki kemezo mu gihe yari aherutse gutanagza ko aziyamamariza ku mwanya wa Vice-Perezida mu gihe manda ye nka Perezida iri ku musozo, hitegurwa amatira umwaka utaha wa 2022.
Yagize ati “Mu bigaragara (…)

424 Shares 4 Comments
Mme Idamange yahamwe n'ibyaha akatirwa gufungwa imyaka 15
Mme Idamange yahamwe n’ibyaha akatirwa gufungwa imyaka 15

Urugereko rw’urukiko rukuru ruburanisha ibyaha byambukiranya imipaka mu Rwanda rwahamije Madamu Idamange Yvonne Iryamugwiza ibyaha yaregwaga rumukatira gufungwa imyaka 15.
Idamange yari umaze iminsi aburana adahari kuko yivanye mu rubanza avuga ko ashaka kuburana imbere y’umucamanza amaso ku maso atari ibyo mu buryo bw’ikoranabuhanga.
Urukiko rukuru rwamuhamije ibyaha byose yarezwe n’ubushinjacyaha
Muri Werurwe, 2021 Idamange Iryamugwiza Yvonne yasomewe ibyaha aregwa uko ari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru